• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

TOP1

Papa Leo yatangiye uruzinduko rw’iminsi 11 mu bihugu bine bya Afurika

April 13, 2026 ICK News 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Mata 2026, Papa Leo XIV yatangiye uruzinduko rw’iminsi 11 azagirira mu bihugu bine bya Afurika: Algérie, Cameroun, Angola […]

Perezida Kagame yashimiye Ismaïl Guelleh wongeye gutorerwa kuyobora Djibouti

April 13, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ikiganiro na mugenzi we uyobora Djibouti, Ismaïl Omar Guelleh, aho yamushimiye intsinzi yegukanye mu matora aheruka yamuhesheje […]

Ismaïl Omar Guelleh yongeye gutorerwa kuyobora Djibouti

April 11, 2026 ICK News 0

Ibyavuye mu matora by’agateganyo bigaragaza ko Perezida wa Djibouti, Ismaïl Omar Guelleh, yongeye gutorerwa kuyobora iki gihugu muri manda ya gatandatu ikurikirana, nyuma yo gutsinda […]

Papa Léon yakiriye Perezida Macron w’u Bufaransa baganira ku bibazo byugarije isi

April 11, 2026 ICK News 0

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Mata 2026, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Léon XIV yakiriye mu biro bye i Vatican Perezida […]

Uko ishuri ry’umuziki rya Kabgayi rizakora

April 10, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Ku wa Gatatu, tariki ya 8 Mata 2026, i Kabgayi hatangijwe ku mugaragaro ishuri ry’umuziki rigamije gufasha abana n’urubyiruko kuvumbura no guteza imbere impano zabo. […]

Djibouti: Bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu

April 10, 2026 ICK News 0

Perezida wa Djibouti, Ismail Omar Guelleh, arimo guhatanira manda ya gatandatu mu matora ya perezida ari kuba kuri uyu wa Gatanu muri iki gihugu gifite […]

Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi 5,741

April 9, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Perezida Paul Kagame yatanze amapeti atandukanye kuri ba Ofisiye bakuru, ba Ofisiye bato, abapolisi bato ndetse na ba Suzofisiye, muri Polisi y’u Rwanda. Abapolisi batanu […]

Musenyeri Ntivuguruzwa yatangije ku mugaragaro ishuri ry’umuziki muri Diyosezi ya Kabgayi

April 8, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Mata 2026, yatangaje ku mugaragaro itangira ry’ishuri ry’umuziki rya […]

Ntiwakwica abantu kabiri – Perezida Kagame avuga ko Jenoside itazongera kuba mu Rwanda ukundi

April 7, 2026 Byiringiro Patrick 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yatanze ubutumwa bwizeza Abanyarwanda umutekano usesuye, avuga ko igihugu cyubatse ubudahangarwa butatuma cyongera kwemera ko amateka mabi nk’ayabaye […]

Imbeba zose si ibyonnyi: Akamaro k’imbeba katazwi na benshi

April 6, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Mu bice byinshi by’u Rwanda, imbeba zikunze gufatwa nk’udusimba twangiza. Ku bantu benshi, iyo uvuze imbeba bihita bibibutsa igihombo n’iyangirika ry’umusaruro. Ibyo bigatuma akenshi zihigwa […]

Posts pagination

« 1 … 8 9 10 … 27 »

AMAKURU MASHYA

  • CG Namuhoranye yasabye abapolisi bagiye mu butumwa bw’amahoro muri Santarafurika guhesha ishema u Rwanda

    Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Nyakanga 2026, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yahaye impanuro itsinda ry’abapolisi bitegura kujya mu […]

  • Gisagara: Hamenwe ritiro 3,000 z’inzoga zitujuje ubuziranenge

    Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo, ku bufatanye n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage, yamennye litiro zirenga 3,000 z’inzoga z’inkorano zizwi nka “Nyirantare”, zari zafatiwe mu […]

  • Kigali: Abamotari n’abagenzi ntibavuga rumwe ku biciro by’ingendo

    Abatega moto zitwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali bagaragaza ko bahangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro by’ingendo. Bavuga ko amafaranga bishyura yiyongereye ku buryo hari ingendo zimwe na […]

  • Nyamagabe: Inzego z’ubuyobozi n’umutekano zasabye abaturage gufatanya mu kurwanya ibyaha

    Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo bufatanyije n’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Polisi y’Igihugu n’izindi nzego, bwakanguriye abaturage bo mu Karere ka Nyamagabe kurushaho kugira uruhare mu gukumira ibyaha, […]

  • Perezida Kagame yasabye ko Afurika igira uruhare rugaragara mu iterambere rya AI

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko Afurika ikwiye kugira uruhare rukomeye mu iterambere ry’Ikoranabuhanga ry’Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI), agaragaza ko […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS