RDC: Abagore batwite baratinya kugana ibitaro kubera Ebola
Ubwoba bw’icyorezo cya Ebola burimo gutuma abagore batwite bo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) batinya kujya kwivuriza ku bigo nderabuzima. Ibi […]
Ubwoba bw’icyorezo cya Ebola burimo gutuma abagore batwite bo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) batinya kujya kwivuriza ku bigo nderabuzima. Ibi […]
Umuvugizi wa APR FC, Tony Kabanda, yatangaje ko iyi kipe iri gutegura ikiganiro n’itangazamakuru, aho izatanga ibisobanuro ku mpamvu yikuye mu irushanwa rya FERWAFA Super […]
Mu iburanisha ry’ibanze ry’urubanza rw’iyicwa ry’umuraperi w’icyamamare Tupac Shakur, ubushinjacyaha bwashinje uwahoze ari umuyobozi w’agatsiko k’abagizi ba nabi, Duane “Keffe D” Davis, kuba ari we […]
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva yasabye abayobozi n’abafatanyabikorwa mu rwego rw’amazi n’isuku muri Afurika gushyira imbaraga mu bikorwa bifatika, aho gukomeza kugarukira ku […]
Ku Cyumweru, tariki ya 16 Kanama 2026, muri Hotel Splendid Muhanga, habereye igitaramo cyiswe “Summer Harmony Concert”, cyateguwe na Chorale Saint Pierre Gitarama mu rwego […]
Abaturage bo mu Murenge wa Ruhuha, Akarere ka Bugesera, kuri uyu wa Gatanu bifatanyije n’Abayobozi ba karere kwizihiza Umunsi w’Umuganura wa 2026 wari ufite insanganyamatsiko […]
Mu rwego rwo gukomeza ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no gusangira ibyishimo n’abakunzi bayo, Chorale Saint Pierre Gitarama iri gutegura igitaramo cyiswe “Summer Harmony Concert”, kizaba […]
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]
Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS