Ibiribwa si uburenganzira gusa, ni ubuzima bw’abantu – Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko ibiribwa bidakwiye gufatwa gusa nk’uburenganzira bwa muntu, ahubwo ko ari ishingiro ry’ubuzima ubwabwo, kuko nta muntu […]
