Huye: Abakora mu ibagiro rya Matyazo basabwe kugenzura neza inkomoko y’amatungo mu kwirinda ayibwe
Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo yakomereje ubukangurambaga bwo gukumira ibyaha mu Murenge wa Ngoma, mu Karere ka Huye, iganiriza abakora mu ibagiro rya Matyazo […]
