Hatangajwe ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko guhera ku itariki ya 05 Werurwe 2026, saa kumi n’ebyiri za mu gitondo , hatangira kubahirizwa ibiciro bishya by’ibikomoka kuri […]
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko guhera ku itariki ya 05 Werurwe 2026, saa kumi n’ebyiri za mu gitondo , hatangira kubahirizwa ibiciro bishya by’ibikomoka kuri […]
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yavuze ko intambara ya Amerika, Israel na Iran izagira ingaruka ku bihugu byose by’Isi n’u Rwanda rudasigaye kubera ko ibikomoka […]
Ikigega Mpuzamahanga gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi, (IFAD) cyahaye Leta y’u Rwanda inkunga ya miliyoni 78.5 z’amadolari izakoreshwa mu guteza imbere urwego rw’ubuhinzi. Amasezerano y’iyi nkunga […]
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko muri Mutarama 2026 ibiciro ku masoko byazamutseho 7,5% ugereranyije na Mutarama 2025. Mu byagize uruhare muri […]
Mu gihe Abanyarwanda benshi ku mbuga nkoranyambaga bakomeje kwinubira ibura ry’amashanyarazi rikomeje kugaragara mu bice bitandukanye by’igihugu, Sosiyete y’Igihugu ishinzwe Ingufu (REG), yongeye guteguza ko […]
Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Abanyamakuru bigenzura mu Rwanda (RMC), Mutesi Scovia, yasabye ko Leta yagira amafaranga igenera ibinyamakuru, ku bw’umurimo bikora, cyane cyane wo gutanga amakuru […]
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko yahagaritse ibikorwa bya Mobicash Rwanda Ltd mu mezi atatu, icyemezo cyatangiye gukurikizwa ku wa 23 Mutarama 2026. Mu […]
Ikigega Mpuzamanga cy’Imari (IMF), cyatangaje ko umusaruro mbumbe w’u Rwanda uzazamuka ku gipimo cya 7,2% muri uyu mwaka wa 2026. Uyu musaruru u Rwanda ruhushingira […]
Canada yatangaje impinduka ikomeye muri politiki yayo y’ubucuruzi, yemeza kugabanya imisoro ku modoka zimwe na zimwe zikoresha amashanyarazi zituruka mu Bushinwa mu rwego rwo kwihimura […]
Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, Jean de Dieu Uwihanganye yatangaje ko kuba umuriro w’amashanyarazi ukomeje kubura bya hato na hato mu gihugu, bishingiye ku […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS