• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

UBUKUNGU

Muhanga: Urubyiruko rusabwa kuba umusemburo w’impinduka n’iterambere rirambye

July 1, 2026 ICK News 0

Urubyiruko rwo mu Karere ka Muhanga rwasabwe gukomeza kugira uruhare rufatika mu iterambere ry’igihugu, rwirinda imyitwarire ishobora kubangamira ejo harwo, ndetse rubyaza umusaruro amahirwe ariho […]

Muhanga: Bamwe mu bacuruzi barinubira ubukode buhanitse mu isoko rya Nyabisindu

June 3, 2026 ICK News 0

Bamwe mu bacuruzi bato bakorera mu isoko rishya rya Nyabisindu riherereye mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, barinubira ibiciro by’ubukode bihanitse nyuma y’uko […]

Perezida Kagame yasobanuye inyungu u Rwanda rukura mu kwakira ibikorwa bya siporo

May 22, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko siporo ari kimwe mu bikorwa bifite uruhare rukomeye mu guhuza abantu no guteza imbere ubukungu bw’ibihugu, […]

Musenyeri Ntivuguruzwa yagaragaje ko hakenewe ubufatanye mpuzamahanga mu gukemura ibibazo byugarije isi y’umurimo

May 1, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa yagaragaje ko ibibazo by’intambara n’amakimbirane mu bihugu bitandukanye bikomeje kugira ingaruka zikomeye ku isi y’umurimo, ashimangira […]

Muhanga: Abahinzi bo muri Koperative COPARWAMU barasaba kwagurirwa ubwanikiro

April 23, 2026 Byiringiro Patrick 0

Abahinzi bibumbiye muri Koperative COPARWAMU ihinga ibigori mu gishanga cya Rwansamira, giherereye mu Murenge wa Nyamabuye, Akarere ka Muhanga, barataka ikibazo cy’ubwanikiro budahagije kandi bushaje, […]

‎Ibiciro by’ibikomoka kuri Peterori byatangiye kubahirizwa

April 17, 2026 Manishimwe Janvier 0

‎Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Mata 2026, hatangiye kubahirizwa ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda, aho lisansi yazamutse ku kigero cyo hejuru […]

Hatangajwe ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli

March 4, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko guhera ku itariki ya 05 Werurwe 2026, saa kumi n’ebyiri za mu gitondo , hatangira kubahirizwa ibiciro bishya by’ibikomoka kuri […]

Uko intamabara ya Amerika na Iran ishobora kugira ingaruka ku bukungu bw’u Rwanda

March 3, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yavuze ko intambara ya Amerika, Israel na Iran izagira ingaruka ku bihugu byose by’Isi n’u Rwanda rudasigaye kubera ko ibikomoka […]

U Rwanda rwahawe inkunga ya miliyoni 78.5$ izakoreshwa mu kuhira i Kayonza

February 25, 2026 ICK News 0

Ikigega Mpuzamahanga gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi, (IFAD) cyahaye Leta y’u Rwanda inkunga ya miliyoni 78.5 z’amadolari izakoreshwa mu guteza imbere urwego rw’ubuhinzi. Amasezerano y’iyi nkunga […]

Ibiciro ku masoko byazamutseho 7,5% muri Mutarama 2026

February 11, 2026 ICK News 0

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko muri Mutarama 2026 ibiciro ku masoko byazamutseho 7,5% ugereranyije na Mutarama 2025. Mu byagize uruhare muri […]

Posts pagination

1 2 … 23 »

AMAKURU MASHYA

  • CG Namuhoranye yasabye abapolisi bagiye mu butumwa bw’amahoro muri Santarafurika guhesha ishema u Rwanda

    Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Nyakanga 2026, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yahaye impanuro itsinda ry’abapolisi bitegura kujya mu […]

  • Gisagara: Hamenwe ritiro 3,000 z’inzoga zitujuje ubuziranenge

    Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo, ku bufatanye n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage, yamennye litiro zirenga 3,000 z’inzoga z’inkorano zizwi nka “Nyirantare”, zari zafatiwe mu […]

  • Kigali: Abamotari n’abagenzi ntibavuga rumwe ku biciro by’ingendo

    Abatega moto zitwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali bagaragaza ko bahangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro by’ingendo. Bavuga ko amafaranga bishyura yiyongereye ku buryo hari ingendo zimwe na […]

  • Nyamagabe: Inzego z’ubuyobozi n’umutekano zasabye abaturage gufatanya mu kurwanya ibyaha

    Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo bufatanyije n’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Polisi y’Igihugu n’izindi nzego, bwakanguriye abaturage bo mu Karere ka Nyamagabe kurushaho kugira uruhare mu gukumira ibyaha, […]

  • Perezida Kagame yasabye ko Afurika igira uruhare rugaragara mu iterambere rya AI

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko Afurika ikwiye kugira uruhare rukomeye mu iterambere ry’Ikoranabuhanga ry’Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI), agaragaza ko […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS