Iran yazamuye igiciro cya lisansi ku bakoresha irenze igipimo
Iran yazamuye igiciro cya lisansi ku bantu bakoresha irenze igipimo cya litiro 110 ku kwezi, mu gihe iki gihugu gikomeje guhangana n’izamuka ry’ibiciro n’ingaruka z’ubukungu […]
Iran yazamuye igiciro cya lisansi ku bantu bakoresha irenze igipimo cya litiro 110 ku kwezi, mu gihe iki gihugu gikomeje guhangana n’izamuka ry’ibiciro n’ingaruka z’ubukungu […]
U Rwanda n’Ubwami bwa Oman byateye indi ntambwe mu gushimangira umubano w’ibihugu byombi, nyuma yo gusinya amasezerano abiri n’inyandiko esheshatu z’ubwumvikane, ahanini zigamije kongera ubufatanye […]
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Maurice Mugabowagahunde, yavuze ko abaturage baturiye Pariki y’Igihugu y’Ibirunga bakomeje kungukira ku musaruro uva muri iyi Pariki, binyuze muri gahunda yo gusaranganya […]
Minisitiri w’Intebe, Dr Justin Nsengiyumva, yasabye ko Afurika iva ku mihigo n’ibyifuzo ikajya mu bikorwa bifatika mu rwego rwo guhindura no gukomeza urwego rw’ibiribwa, igashyira […]
Perezida wa Kenya, William Ruto, yategetse ko abanyamahanga bakora ubucuruzi buto n’ubuzunguzayi muri Kenya babuhagarika, avuga ko ibikorwa nk’ibyo bigomba guharirwa Abanya-Kenya kugira ngo babone […]
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Telesphore Ndabamenye, yavuze ko Afurika ifite amahirwe yo kubaka urwego rw’ibiribwa rutuma nta mwana usonza, abahinzi bakabona inyungu zibahesha imibereho myiza […]
Umunyamerika Robert Kiyosaki, wamamaye kubera kwandika igitabo kizwi cyane cyigisha imicungire y’imari yise ‘Rich Dad Poor Dad’, yatangaje ko afite umwenda ugera kuri miliyari 1 […]
Ikigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) cyatangaje ko cyamaze kwegukana imigabane yose ya BK Group Plc muri BK General Insurance Ltd, bityo RSSB ikaba ari yo […]
Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]
Urubyiruko rwo mu Karere ka Muhanga rwasabwe gukomeza kugira uruhare rufatika mu iterambere ry’igihugu, rwirinda imyitwarire ishobora kubangamira ejo harwo, ndetse rubyaza umusaruro amahirwe ariho […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS