• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

UBUKUNGU

Muhanga: Urubyiruko rusabwa kuba umusemburo w’impinduka n’iterambere rirambye

July 1, 2026 ICK News 0

Urubyiruko rwo mu Karere ka Muhanga rwasabwe gukomeza kugira uruhare rufatika mu iterambere ry’igihugu, rwirinda imyitwarire ishobora kubangamira ejo harwo, ndetse rubyaza umusaruro amahirwe ariho […]

Muhanga: Bamwe mu bacuruzi barinubira ubukode buhanitse mu isoko rya Nyabisindu

June 3, 2026 ICK News 0

Bamwe mu bacuruzi bato bakorera mu isoko rishya rya Nyabisindu riherereye mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, barinubira ibiciro by’ubukode bihanitse nyuma y’uko […]

Perezida Kagame yasobanuye inyungu u Rwanda rukura mu kwakira ibikorwa bya siporo

May 22, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko siporo ari kimwe mu bikorwa bifite uruhare rukomeye mu guhuza abantu no guteza imbere ubukungu bw’ibihugu, […]

Musenyeri Ntivuguruzwa yagaragaje ko hakenewe ubufatanye mpuzamahanga mu gukemura ibibazo byugarije isi y’umurimo

May 1, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa yagaragaje ko ibibazo by’intambara n’amakimbirane mu bihugu bitandukanye bikomeje kugira ingaruka zikomeye ku isi y’umurimo, ashimangira […]

Muhanga: Abahinzi bo muri Koperative COPARWAMU barasaba kwagurirwa ubwanikiro

April 23, 2026 Byiringiro Patrick 0

Abahinzi bibumbiye muri Koperative COPARWAMU ihinga ibigori mu gishanga cya Rwansamira, giherereye mu Murenge wa Nyamabuye, Akarere ka Muhanga, barataka ikibazo cy’ubwanikiro budahagije kandi bushaje, […]

‎Ibiciro by’ibikomoka kuri Peterori byatangiye kubahirizwa

April 17, 2026 Manishimwe Janvier 0

‎Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Mata 2026, hatangiye kubahirizwa ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda, aho lisansi yazamutse ku kigero cyo hejuru […]

Hatangajwe ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli

March 4, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko guhera ku itariki ya 05 Werurwe 2026, saa kumi n’ebyiri za mu gitondo , hatangira kubahirizwa ibiciro bishya by’ibikomoka kuri […]

Uko intamabara ya Amerika na Iran ishobora kugira ingaruka ku bukungu bw’u Rwanda

March 3, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yavuze ko intambara ya Amerika, Israel na Iran izagira ingaruka ku bihugu byose by’Isi n’u Rwanda rudasigaye kubera ko ibikomoka […]

U Rwanda rwahawe inkunga ya miliyoni 78.5$ izakoreshwa mu kuhira i Kayonza

February 25, 2026 ICK News 0

Ikigega Mpuzamahanga gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi, (IFAD) cyahaye Leta y’u Rwanda inkunga ya miliyoni 78.5 z’amadolari izakoreshwa mu guteza imbere urwego rw’ubuhinzi. Amasezerano y’iyi nkunga […]

Ibiciro ku masoko byazamutseho 7,5% muri Mutarama 2026

February 11, 2026 ICK News 0

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko muri Mutarama 2026 ibiciro ku masoko byazamutseho 7,5% ugereranyije na Mutarama 2025. Mu byagize uruhare muri […]

Posts pagination

1 2 … 23 »

AMAKURU MASHYA

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

  • Muhanga: Abaturiye ICK bishimira impinduka abanyeshuri bazanye ku bucuruzi

    Bamwe mu baturage baturanye n’Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) bavuga ko imibereho yabo ikomeje gutera imbere kubera uruhare rugaragara ku bucuruzi rwazanywe n’abanyeshuri biga […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS