Urubanza rw’iyicwa rya Tupac rwatangiye, ‘Keffe D’ ashinjwa gutegura igitero cyamuhitanye
Mu iburanisha ry’ibanze ry’urubanza rw’iyicwa ry’umuraperi w’icyamamare Tupac Shakur, ubushinjacyaha bwashinje uwahoze ari umuyobozi w’agatsiko k’abagizi ba nabi, Duane “Keffe D” Davis, kuba ari we […]
