• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

UBUREZI

Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

August 1, 2026 Daniel Niyonkuru 0

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

July 28, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

July 24, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

Muhanga: Bamwe mu banyeshuri barishimira gahunda nzamurabushobozi mu myigire 

July 23, 2026 ICK News 0

Bamwe mu banyeshuri bo mu Karere ka Muhanga batsinzwe amasomo amwe n’amwe barishimira gahunda nzamurabushobozi mu myigire kugira ngo bazatangire amasomo muri Nzeri bari ku rwego […]

Muhanga: Ababyeyi bashima Ahazaza Independent School nyuma y’imyaka 20 itanga ‘uburezi bufite ireme’

June 28, 2026 Muhire Obed 0

Mu gihe Ahazaza Independent School yizihiza imyaka 20 imaze itanga uburezi bufite ireme, ababyeyi bavuga ko impamvu nyamukuru yatumye bayihitamo ari gahunda zayo z’uburezi mpuzamahanga […]

Iyi nyubako si amabuye n’amatafari gusa, ni icyerekezo cya ICK mu guteza imbere uburezi – Padiri Prof. Fidèle Dushimimana

June 17, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umuyobozi Mukuru w’Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK), Padiri Prof. Fidèle Dushimimana, yavuze ko inyubako nshya yatashywe kuri ‘Campus’ ya Sainte Elizabeth i Kabgayi atari […]

Muhanga: Meya Kayitare agaragaza ko gutsinda mu burezi bisaba ubufatanye bw’umuryango, ishuri na Leta

June 14, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Jacqueline Kayitare, yashimangiye ko kubaka umunyeshuri ushoboye kandi ufite indangagaciro bidashoboka hatabayeho ubufatanye bw’umuryango, ishuri na Leta, ashimangira ko buri ruhande […]

Impamyabushobozi idaherekejwe n’indangagaciro ntacyo imaze – Musenyeri Ntivuguruzwa

June 13, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, yasabye abanyeshuri gushyira imbere indangagaciro z’ubumuntu n’iza gikristu, ashimangira ko impamyabushobozi n’impamyabumenyi bitagira umumaro urambye igihe […]

EP St. Stanislas: Padiri Karangwa yasabye ababyeyi kurera abana mu ndangagaciro za gikristu

June 13, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umuyobozi w’ishuri ribanza rya Saint Stanislas Ruyenzi, Evariste Karangwa yasabye ababyeyi gukomeza kurera abana mu ndangagaciro za Gikristu no gufatira ku rugero rwiza rwa Mutagatifu […]

Abarerera muri College Sainte Marie Reine Kabgayi basabwe kutihunza inshingano zo kurera mu gihe cy’ibiruhuko

June 8, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Ababyeyi barerera mu Ishuri rya College Sainte Marie Reine Kabgayi, basabwe kurushaho kwita ku burere no gukurikirana abana babo mu gihe cy’ibiruhuko, kugira ngo bakomeze […]

Posts pagination

1 2 … 23 »

AMAKURU MASHYA

  • Chorale Saint Pierre Gitarama yateguye igitaramo “Summer Harmony Concert” cyo gususurutsa abakunzi bayo

    Mu rwego rwo gukomeza ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no gusangira ibyishimo n’abakunzi bayo, Chorale Saint Pierre Gitarama iri gutegura igitaramo cyiswe “Summer Harmony Concert”, kizaba […]

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS