• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

UBUREZI

Minisiteri y’Uburezi yasobanuye impamvu amashuri atujuje ibisabwa yafunzwe

August 21, 2026 IRAMBONA Papias 0

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko amashuri yafunzwe mu minsi ishize ari ayagaragayeho kutuzuza ibisabwa, isaba ba nyirayo gukorana na NESA kugira ngo babikemure, bityo azongere gufungurwa […]

Kirehe iyoboye uturere twatsindishije neza mu bizamini bya Leta 2025-2026

August 21, 2026 ICK News 0

Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye igaragaza ko uturere turimo amashuri yatsindishije neza tuyobowe na Kirehe Abanyeshuri […]

88.21% by’abakoze ibizamini bya Leta mu mashuri abanza baratsinze

August 20, 2026 IRAMBONA Papias 0

Kuri uyu wa Kane, ubwo hatangazwaga amanota y’abakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza (P6) n’icyiciro cya mbere cy’ayisumbuye (S3), Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko […]

Want to study Nursing or Midwifery? ICK announces financial support

August 12, 2026 ICK News 0

Institut Catholique de Kabgayi (ICK), in partnership with CHANCEN International Rwanda, has opened applications for financial support for students seeking to join the September 2026 […]

Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

August 1, 2026 Daniel Niyonkuru 0

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

July 28, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

July 24, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

Muhanga: Bamwe mu banyeshuri barishimira gahunda nzamurabushobozi mu myigire 

July 23, 2026 ICK News 0

Bamwe mu banyeshuri bo mu Karere ka Muhanga batsinzwe amasomo amwe n’amwe barishimira gahunda nzamurabushobozi mu myigire kugira ngo bazatangire amasomo muri Nzeri bari ku rwego […]

Muhanga: Ababyeyi bashima Ahazaza Independent School nyuma y’imyaka 20 itanga ‘uburezi bufite ireme’

June 28, 2026 Muhire Obed 0

Mu gihe Ahazaza Independent School yizihiza imyaka 20 imaze itanga uburezi bufite ireme, ababyeyi bavuga ko impamvu nyamukuru yatumye bayihitamo ari gahunda zayo z’uburezi mpuzamahanga […]

Iyi nyubako si amabuye n’amatafari gusa, ni icyerekezo cya ICK mu guteza imbere uburezi – Padiri Prof. Fidèle Dushimimana

June 17, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umuyobozi Mukuru w’Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK), Padiri Prof. Fidèle Dushimimana, yavuze ko inyubako nshya yatashywe kuri ‘Campus’ ya Sainte Elizabeth i Kabgayi atari […]

Posts pagination

1 2 … 23 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS