• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

UBUREZI

Muhanga: Meya Kayitare agaragaza ko gutsinda mu burezi bisaba ubufatanye bw’umuryango, ishuri na Leta

June 14, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Jacqueline Kayitare, yashimangiye ko kubaka umunyeshuri ushoboye kandi ufite indangagaciro bidashoboka hatabayeho ubufatanye bw’umuryango, ishuri na Leta, ashimangira ko buri ruhande […]

Impamyabushobozi idaherekejwe n’indangagaciro ntacyo imaze – Musenyeri Ntivuguruzwa

June 13, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, yasabye abanyeshuri gushyira imbere indangagaciro z’ubumuntu n’iza gikristu, ashimangira ko impamyabushobozi n’impamyabumenyi bitagira umumaro urambye igihe […]

EP St. Stanislas: Padiri Karangwa yasabye ababyeyi kurera abana mu ndangagaciro za gikristu

June 13, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umuyobozi w’ishuri ribanza rya Saint Stanislas Ruyenzi, Evariste Karangwa yasabye ababyeyi gukomeza kurera abana mu ndangagaciro za Gikristu no gufatira ku rugero rwiza rwa Mutagatifu […]

Abarerera muri College Sainte Marie Reine Kabgayi basabwe kutihunza inshingano zo kurera mu gihe cy’ibiruhuko

June 8, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Ababyeyi barerera mu Ishuri rya College Sainte Marie Reine Kabgayi, basabwe kurushaho kwita ku burere no gukurikirana abana babo mu gihe cy’ibiruhuko, kugira ngo bakomeze […]

Uko Mutagatifu Kizito yabaye urugero rwo gukuza impano z’abanyeshuri ba ECOSE Musambira

June 7, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Ubuyobozi bw’ishuri rya ECOSE Musambira, bwagaragaje ko hari byinshi bamaze  kugeraho mu burezi no mu guteza imbere impano z’abanyeshuri, byose bikaba byarashingiye ku rugero rwiza […]

Gusobanukirwa Yezu uri mu Ukaristiya bisaba ukwemera – Musenyeri Hodari

June 7, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Musenyeri Hodari Jean de Dieu, Igisonga cy’Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, yahamagariye abitabiriye ibirori byo kwizihiza umunsi mukuru w’Ishuri rya College Saint Marie Reine Kabgayi […]

Ubutagatifu ntibushingira ku myaka umuntu afite – Musenyeri Ntivuguruzwa abwira abanyeshuri ba ECOSE Musambira

June 6, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, yasabye abanyeshuri bo ku Ishuri rya ECOSE Musambira gukomera ku kwemera, kurangwa n’ubwitange no kubaho mu […]

ESB Kamonyi yatashye inyubako nshya y’ishuri, ababyeyi bashimirwa uruhare bayigizeho

May 25, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Mu birori byo kwizihiza umunsi mukuru w’Ishuri rya Ecole Sainte Bernadette Kamonyi (ESBK),hatashywe ku mugaragaro inyubako nshya y’amashuri ifite ibyumba 12 yubatswe ku bufatanye bw’ubuyobozi […]

Abanyeshuri ba ESB Kamonyi basabwe gukurikiza urugero rwiza rwa mu Mutagatifu Bernadette iri shuri ryisunze

May 25, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Ku Cyumweru tariki ya 24 Gicurasi 2026, Ishuri ryisumbuye rya Ecole Sainte Bernadette de Kamonyi, ryahimbaje Umunsi Mukuru wa Mutagatifu Bernadette umurinzi w’iri shuri, abanyeshuri […]

Muhanga: ES Elena Guerra yatashye ibyumba bishya ku munsi Mukuru w’Ishuri

May 24, 2026 ICK News 0

Ishuri ryisumbuye rya ES Elena Guerra, riherereye mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga, ryizihije Umunsi Mukuru wa Mutagatifu Elena Guerra, umurinzi w’iri shuri, […]

Posts pagination

« 1 2 3 … 23 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS