• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

UBUREZI

Kugira abahanga badafite ubumuntu ntacyo bimaze – Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga

April 23, 2026 Manishimwe Janvier 0

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla, yasabye abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda (UR) gushyira imbere ubumuntu n’indangagaciro, agaragaza ko ubumenyi budafite umutima w’ubumuntu nta musaruro bufitiye […]

Abarenga 1,700 barahungabanye mu Cyumweru cy’Icyunamo – RBC

April 17, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), cyatangaje ko mu Cyumweru cy’Icyunamo cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, cyatangiye ku wa 7 Mata kigasozwa ku […]

Uko ishuri ry’umuziki rya Kabgayi rizakora

April 10, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Ku wa Gatatu, tariki ya 8 Mata 2026, i Kabgayi hatangijwe ku mugaragaro ishuri ry’umuziki rigamije gufasha abana n’urubyiruko kuvumbura no guteza imbere impano zabo. […]

Musenyeri Ntivuguruzwa yatangije ku mugaragaro ishuri ry’umuziki muri Diyosezi ya Kabgayi

April 8, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Mata 2026, yatangaje ku mugaragaro itangira ry’ishuri ry’umuziki rya […]

Ngororero: Ibyumba by’amashuri bishya kuri TTC Muramba byitezweho kugabanya ubucucike

April 3, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Ubuyobozi bw’ishuri nderabarezi rya TTC Muramba riherereye mu murenge wa Matyazo mu karere ka Ngororero, buvuga ko kubaka ibyumba by’amashuri bishya umunani biri mu rwego […]

Dr. Ntezilyayo yagaragaje uko itangazamakuru ryakora mu gihe cya AI ridateshutse ku mahame yaryo

March 27, 2026 Byiringiro Patrick 0

Mu isomo rusange (public lecture) ryahawe abanyeshuri biga itangazamakuru mu Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) ku wa 26 Werurwe 2026, Dr. Faustin Ntezilyayo yagaragaje […]

ICK hosts insightful lecture on ethics in AI-era journalism

March 27, 2026 ICK News 0

The Institut Catholique de Kabgayi (ICK) on Thursday hosted a public lecture on “Safeguarding Ethics, Integrity, and Accountability in AI-era Journalism,” bringing together students, lecturers, […]

Abanyeshuri basabwe kuba abambasaderi b’uburenganzira bwa muntu

March 7, 2026 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Umuyobozi wa Komisiyo y’igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu NCHR), Umurungi Providence yashishikarije abanyeshuri bo muri za kaminuza, amashuri makuru n’amashuri yisumbuye kuba intumwa zo gukangurira abandi […]

Abanyeshuri n’abakozi ba ICK basobanuriwe uko bakoresha urubuga ‘Ingazi’ mu kongera ubumenyi bucyenewe ku isoko ry’umurimo

March 5, 2026 Byiringiro Patrick 0

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 04 Werurwe 2026, abagize umuryango mugari w’Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) baganirijwe ku kamaro k’urubuga ‘Ingazi’, banasobanurirwa uko […]

Musenyeri Ntivuguruzwa yasabye ababyeyi n’abarezi gutoza umuco Nyarwanda abana

February 27, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, yasabye ababyeyi n’abarezi gufasha abana barera kumenya umuco nyarwanda cyane cyane bakabigisha kunoza imivugire n’imyandikire y’ururimi […]

Posts pagination

« 1 2 3 4 … 23 »

AMAKURU MASHYA

  • Chorale Saint Pierre Gitarama yateguye igitaramo “Summer Harmony Concert” cyo gususurutsa abakunzi bayo

    Mu rwego rwo gukomeza ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no gusangira ibyishimo n’abakunzi bayo, Chorale Saint Pierre Gitarama iri gutegura igitaramo cyiswe “Summer Harmony Concert”, kizaba […]

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS