U Bushinwa bwakajije amabwiriza ku baturage bajya mu mahanga
Ubushinwa bwakajije igenzura ku ngendo z’abaturage bajya mu mahanga, nyuma y’uko hatangiye gukurikizwa amategeko mashya agenga gusohoka no kwinjira mu gihugu. Aya mategeko aha inzego […]
Ubushinwa bwakajije igenzura ku ngendo z’abaturage bajya mu mahanga, nyuma y’uko hatangiye gukurikizwa amategeko mashya agenga gusohoka no kwinjira mu gihugu. Aya mategeko aha inzego […]
Abanyeshuri 20 nibo bamaze kumenyekana ko bahiriye mu nkongi y’umuriro yibasiye amashuri abanza abiri mu gace ka Cimpunda, muri Komini ya Kadutu, mu Mujyi wa […]
Guverinoma ya Kenya yahaye abanyamahanga bakorera cyangwa bakora ubucuruzi muri icyo gihugu igihe cy’iminsi 90 cyo kubona cyangwa kuvugurura ibyangombwa bisabwa, birimo impushya zo gukora […]
Umunyarwenya akaba n’uharanira impinduka muri Kenya, Eric Omondi, yafunguwe nyuma y’amasaha make atawe muri yombi na Polisi ubwo yari mu gikorwa cyo gukusanya imikono y’abaturage […]
Guverinoma ya Kenya yatangiye ingamba zo gutuza Abarundi bari muri icyo gihugu, nyuma y’uko igikorwa cyo gukaza igenzura ku bacuruzi b’abanyamahanga cyateje impungenge, amakuru y’ihohoterwa […]
Abantu batanu bapfuye abandi batanu barakomereka nyuma y’uko indege ya Boeing 767-300 itwara imizigo ya Amazon irenze umuhanda w’indege ubwo yari igiye kugwa ku kibuga […]
Umunyamakuru wa televiziyo wo muri Misiri, Sarah Khalifa, w’imyaka 39, n’abandi bantu 11 bakatiwe igihano cy’urupfu nyuma yo guhamwa n’ibyaha birimo gucuruza ibiyobyabwenge, nk’uko ikinyamakuru […]
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Nyakanga 2026, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yahaye impanuro itsinda ry’abapolisi bitegura kujya mu […]
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo, ku bufatanye n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage, yamennye litiro zirenga 3,000 z’inzoga z’inkorano zizwi nka “Nyirantare”, zari zafatiwe mu […]
Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo bufatanyije n’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Polisi y’Igihugu n’izindi nzego, bwakanguriye abaturage bo mu Karere ka Nyamagabe kurushaho kugira uruhare mu gukumira ibyaha, […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS