• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by IRAMBONA Papias

Muhanga: Imirenge ikennye yadindijwe no kutagira ibikorwaremezo 

August 24, 2025 IRAMBONA Papias 0

Abayobozi b’imirenge itatu ikennye cyane mu karere ka Muhanga bavuga ko icyabadindije atari ubukene bwíbiribwa, ahubwo basigajwe inyuma no kubura imihanda igeza umusaruro ku isoko […]

2024-2029: Umusaruro w’ubuhinzi bw’u Rwanda uziyongeraho 50%

August 12, 2025 IRAMBONA Papias 0

None tariki ya 12 Kanama 2025, ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko Imitwe yombi gahunda ya Guverinoma y’imyaka itanu kuva mu 2024-2029, Minisitiri w’Intebe w’u […]

Imirimo yo kubaka inyubako nshya ya ICK igeze kuri 50%

August 8, 2025 IRAMBONA Papias 0

Ubuyobozi bw’Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) buratangaza ko imirimo yo kubaka inyubako nshya izajya yigirwamo n’abiga Ubuforomo n’Ububyaza igeze ku kigero cya 50%. Nk’uko […]

Abakoresha ikiraro cya Mpanda barasaba Akarere kubashyira ku murongo w’ibyigwa

March 22, 2025 IRAMBONA Papias 0

Abanyura ku kiraro kiri mu rugabano rwa Muhanga na Ruhango barasaba ko ababishinzwe babibuka, bakagishyira ku rutonde rw’ibigomba gusanwa, kuko ubusabe bwabo bugiye kumara igihe […]

Gisagara: Agakiriro ka Save gakomeje guhindurira ubuzima abagore bahatuye

February 20, 2025 IRAMBONA Papias 0

Abagore bakorera mu gakiriro k’akarere ka Gisagara kubatse mu murenge wa Save barishimira ko kabafashije kubona aho bigira imyuga, ubu bakaba baratangiye kwiteza imbere no […]

Nyagatare: Aborozi barataka kubura ibiryo by’amafi

February 13, 2025 IRAMBONA Papias 0

Aborozi b’amafi mu Karere ka Nyagatare baravuga ko bahangayikishijwe n’ikibazo cyo kubona ibyo bagaburira amafi kuko muri aka karere nta hantu bicururizwa. Aba borozi bibumbiye […]

Uko 2024 isojwe hirya ni hino mu Rwanda

December 31, 2024 IRAMBONA Papias 0

Abanyamakuru: Aline Umutesi & Papias Irambona Abanyarwanda hirya ni hino mu gihugu bamaze kwinjira mu mwaka mushya wa 2025. Umwaka hari abawinjiyemo bari mu masengesho, […]

Kuba umuyobozi bikomeye kurusha kuba umutegetsi- Padiri Prof. Fidèle Dushimimana

December 7, 2024 IRAMBONA Papias 0

Umuyobozi mukuru w’Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK), Padiri Prof. Fidèle Dushimimana yibukije Komite nshya y’Umuryango w’Abanyeshuri bahagarariye abandi (AGE-ICK) ko kuba umuyobozi bigoye kurusha […]

Journalism Students Boost Skills in Kinyarwanda and Social Media

November 14, 2024 IRAMBONA Papias 0

Forty journalism students from four Rwandan universities have completed a three-day training on the official standards of Kinyarwanda for news writing, as well as on […]

Abatujwe n’Akarere ka Muhanga barashima  

September 21, 2024 IRAMBONA Papias 0

Abaturage batujwe n’Akarere ka Muhanga kubwo kutagira aho kuba, barashimira ubuyobozi bw’akarere bwabahinduriye ubuzima bakaba bakataje mu nzira y’iterambere. Abatujwe ni abataragiraga aho kuba n’abari […]

Posts pagination

1 2 »

AMAKURU MASHYA

  • Manchester City yatsinze Arsenal, urugamba rwa Shampiyona y’u Bwongereza rurushaho gukomera

    Ikipe ya Manchester City yatsinze Arsenal FC ibitego 2-1 mu mukino wari ishiraniro, bituma ihatana ryo kwegukana Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza rirushaho gukomera. Uyu […]

  • Brig Gen Ronald Rwivanga yasobanuye ibyiciro 10 by’itegurwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi

    Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 itabaye igikorwa cyabaye mu kanya gato, ahubwo yateguwe mu buryo […]

  • Abarenga 1,700 barahungabanye mu Cyumweru cy’Icyunamo – RBC

    Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), cyatangaje ko mu Cyumweru cy’Icyunamo cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, cyatangiye ku wa 7 Mata kigasozwa ku […]

  • ‎Ibiciro by’ibikomoka kuri Peterori byatangiye kubahirizwa

    ‎Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Mata 2026, hatangiye kubahirizwa ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda, aho lisansi yazamutse ku kigero cyo hejuru […]

  • Pope Leo yagaragaje ko isi iri gusenywa n’abayobozi bayishora mu ntambara

    Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Pope Leo XIV, yatangaje ko isi iri gusenywa n’“abanyagitugu bake,” mu ijambo rikomeye yagejeje ku baturage bo mu mujyi wa Bamenda, […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS