• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by Muhire Obed

Muhanga: Parents praise Ahazaza Independent School as it marks 20 years of excellence

June 28, 2026 Muhire Obed 0

As Ahazaza Independent School celebrated 20 years of providing quality education, parents praised the institution for its international education programmes, saying they have enabled their […]

Muhanga: Ababyeyi bashima Ahazaza Independent School nyuma y’imyaka 20 itanga ‘uburezi bufite ireme’

June 28, 2026 Muhire Obed 0

Mu gihe Ahazaza Independent School yizihiza imyaka 20 imaze itanga uburezi bufite ireme, ababyeyi bavuga ko impamvu nyamukuru yatumye bayihitamo ari gahunda zayo z’uburezi mpuzamahanga […]

No Image

Nigeria: Abanyeshuri b’abakobwa 24 barekuwe nyuma y’icyumweru bashimuswe

November 26, 2025 Muhire Obed 0

Abakobwa 24 bashimuswe mu ishuri ry’abakobwa ryo muri Leta ya Kebbi muri Nigeria barekuwe, nk’uko Perezida Bola Tinubu yabitangaje. Iri shimutwa ryabaye kuwa 17 Ugushyingo […]

Vietnam: Abantu 41 bamaze guhitanwa n’imyuzure ikabije

November 21, 2025 Muhire Obed 0

Imyuzure yaturutse ku mvura nyinshi imaze iminsi igwa muri Vietnam, imaze guhitana nibura abantu 41, mu gihe hari abandi icyenda bagishakishwa, nk’uko bitangazwa n’ibitangazamakuru byo muri icyo […]

No Image

Trump yarengeye igikomangoma cya Arabia Saudite gishinjwa kugira uruhare mu rupfu rw’umunyamakuru

November 19, 2025 Muhire Obed 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yarengeye Igikomangoma cya Arabia Saudite Mohammed bin Salman, ashimangira ko ntacyo yarazi ku rupfu rw’umunyamakuru Jamal Khashoggi rwo mu 2018, nubwo […]

Trump yasinye amasezerano asubukura ibikorwa bya Guverinoma nyuma y’iminsi 43

November 13, 2025 Muhire Obed 0

Perezida Donald Trump kuri uyu wa Gatatu yashyize umukono ku masezerano arangiza ifungwa ry’ibikorwa bya Guverinoma ryai rimaze iminsi 43, rikaba ari ryo rirerire mu mateka ya […]

Gabon: Umugore n’umuhungu wa Ali Bongo bakatiwe gufungwa imyaka 20

November 12, 2025 Muhire Obed 0

Urukiko rwo muri Gabon rwakatiye Sylvia Bongo, umugore w’uwahoze ari Perezida Ali Bongo, n’umuhungu we Noureddin Bongo Valentin, igifungo cy’imyaka 20 nyuma yo kubahamya ibyaha byo kunyereza umutungo […]

Abayobozi bakuru ba BBC beguye nyuma y’ihindurwa ry’amagambo ya Trump

November 10, 2025 Muhire Obed 0

Umuyobozi Mukuru wa BBC, Tim Davie, n’Umuyobozi Mukuru wari ushinzwe amakuru, Deborah Turness, beguye ku mirimo yabo nyuma y’amakuru avuga ko bicyekwako amagambo ya Donald Trump yaba […]

U Bufaransa: Nicolas Sarkozy wahoze ari Perezida yafunzwe

October 21, 2025 Muhire Obed 0

Uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicolas Sarkozy, yafunzwe imyaka itanu nyuma yo guhamywa ibyaha byo kwakira no gukoresha amafaranga aturutse kuri Muammar Gaddafi, wahoze ayobora […]

40 Baby Gorillas Named as Rwanda Celebrates 20 Years of Kwita Izina

September 5, 2025 Muhire Obed 0

Today September 5, Rwanda marked the 20th edition of Kwita Izina, the annual baby gorilla naming ceremony. This year, 40 baby mountain gorillas, including 18 born in 2024, […]

Posts pagination

1 2 … 5 »

AMAKURU MASHYA

  • Ibiribwa si uburenganzira gusa, ni ubuzima bw’abantu – Perezida Kagame

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko ibiribwa bidakwiye gufatwa gusa nk’uburenganzira bwa muntu, ahubwo ko ari ishingiro ry’ubuzima ubwabwo, kuko nta muntu […]

  • Minisitiri w’Intebe Nsengiyumva yagaragaje ibibazo bitatu Afurika igomba gusubiza mu kubaka urwego rw’ibiribwa rukomeye

    Minisitiri w’Intebe, Dr Justin Nsengiyumva, yasabye ko Afurika iva ku mihigo n’ibyifuzo ikajya mu bikorwa bifatika mu rwego rwo guhindura no gukomeza urwego rw’ibiribwa, igashyira […]

  • Impirimbanyi y’uburenganzira bw’abagore Gloria Steinem yitabye Imana afite imyaka 92

    Umunyamakuru, umwanditsi ndetse n’umunyapolitiki w’Umunyamerika wagize uruhare rukomeye mu guharanira uburenganzira n’uburinganire bw’abagore, yitabye Imana afite imyaka 92. Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye kuri uyu wa […]

  • U Rwanda na Botswana byashimangiye ubufatanye mu bya gisirikare

    Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Gen Mubarakh Muganga, yagiranye ibiganiro n’Umugaba w’Ingabo za Botswana (BDF), Gen Mpho Churchill Mophuting, bigamije gukomeza no gushimangira ubufatanye […]

  • Range Rover ikoresha amashanyarazi igiye gushyirwa ku isoko, ikazagura arenga $200,000

    Imodoka ya mbere yo mu bwoko bwa Range Rover ikoresha amashanyarazi igiye gushyirwa ku isoko aho izagura ibihumbi 208,420 by’amadolari ya Amerika, asaga miliyoni 294,455,000 […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS