• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

UBUKUNGU

Ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku gipimo cya 7.2% mu 2026

January 24, 2026 ICK News 0

Ikigega Mpuzamanga cy’Imari (IMF), cyatangaje ko umusaruro mbumbe w’u Rwanda uzazamuka ku gipimo cya 7,2% muri uyu mwaka wa 2026. Uyu musaruru u Rwanda ruhushingira […]

Canada n’u Bushinwa byinjiye mu mikoranire mishya

January 16, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Canada yatangaje impinduka ikomeye muri politiki yayo y’ubucuruzi, yemeza kugabanya imisoro ku modoka zimwe na zimwe zikoresha amashanyarazi zituruka mu Bushinwa mu rwego rwo kwihimura […]

Imiyoboro u Rwanda rufatanya n’ibindi bihugu iruteza ibura ry’amashanyarazi

January 7, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, Jean de Dieu Uwihanganye yatangaje ko kuba umuriro w’amashanyarazi ukomeje kubura bya hato na hato mu gihugu, bishingiye ku […]

RDB yagabanyije igiciro cyo gusura ingagi

January 6, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko koroshya igiciro cy’uruhushya rwo gusura ingagi zo mu Birunga bizageza tariki ya 31 Ukuboza 2026, mu rwego rwo gukomeza guteza […]

Igiciro cya zahabu cyazamutse nyuma y’uko Amerika iteye Venezuela igashimuta Maduro

January 5, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Ibiciro by’amabuye y’agaciro arimo na zahabu byazamutse ku isoko mpuzamahanga nyuma y’uko ifatwa rya Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, na Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]

Telefoni mu bikoresho by’ikoranabuhanga bishobora guhenda cyane 2026

January 3, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Ibiciro by’ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo telefoni na mudasobwa biraza kuzamuka muri 2026 kubera igiciro cya RAM kikubye kabiri guhera mu kwezi ku Ukwakira 2025. RAM ni […]

Imishinga itandatu ihanzwe amaso mu 2026

January 3, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Imishinga minini y’ibikorwaremezo, ubwikorezi n’ikoranabuhanga, yitezweho kugira uruhare runini mu iterambere ry’u Rwanda guhera mu mwaka wa 2026. Guhera ku kubaka ibikorwaremezo by’ubwikorezi bigezweho no […]

No Image

BYD yaciye kuri Tesla mu kugurisha imodoka z’amashanyarazi nyinshi

January 2, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Uruganda rukora imodoka rwo mu Bushinwa rwitwa BYD rwaciye kuri Tesla rwa Elon Musk nk’urwa mbere mu kugurisha imodoka nyinshi zikoresha amashanyarazi (EVs) ku isi. […]

Ibikubiye mu igenamigambi rya miliyari 3.2$ ryo gukuba hafi gatatu ingufu z’amashanyarazi

December 30, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG), itangaza ko Guverinoma itegenya gukuba inshuro zirenga ebyiri ingufu z’amashanyaraza zikazajyera kuri Megawati(MW) 1,066 mu 2034 bigizwemo uruhare n’ishoramari […]

Huye:  Hatangijwe ikigo gikora imbuto zidakangwa n’imihindagurikire y’ikirere

December 18, 2025 Daniel Niyonkuru 0

U Rwanda, binyuze mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB), ku bufatanye n’Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe Ubushakashatsi ku Birayi (International Potato Center – CIP) rwatangije […]

Posts pagination

« 1 2 3 … 22 »

AMAKURU MASHYA

  • Dr. Usta Kayitesi yakiriye inyandiko zemerera uhagarariye UNAIDS mu Rwanda gutangira inshingano

    Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr. Usta Kayitesi, kuri uyu wa Kabiri tariki 05 Gicurasi 2026, yakiriye inyandiko zemerera Dr. Richard Noamesi […]

  • U Rwanda rukomeje ingamba zo guteza imbere urubyiruko nubwo hakiri imbogamizi

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Utumatwishima Jean Népo Abdallah yavuze ko Leta y’u Rwanda ikomeje gushyira imbere ingamba zigamije guteza imbere urubyiruko, binyuze mu kurworohereza […]

  • Abana banditswe mu irangamimerere bariyongereye mu 2025

    Mu mwaka wa 2025, abana 356,838 ni bo banditswe mu irangamimerere mu Rwanda, bigaragaza intambwe ishimishije mu gukomeza kunoza serivisi z’ingenzi ku baturage no kubahiriza […]

  • U Rwanda na Tanzania byiyemeje kurushaho gufatanya mu bucuruzi n’ibikorwaremezo

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe muri Tanzania kuri iki Cyumweru tariki ya 3 Gicurasi 2026, aho yakiriwe na […]

  • Igitaramo cya Pasika n’icya Noheli bigomba kuba umuco i Kabgayi– Musenyeri Ntivuguruzwa

    Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa yavuze ko guhimbaza ibitaramo byo kwizihiza Pasika na Noheli bigomba kuba umuco uhoraho muri iyi Diyosezi, […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS