Kugira abahanga badafite ubumuntu ntacyo bimaze – Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla, yasabye abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda (UR) gushyira imbere ubumuntu n’indangagaciro, agaragaza ko ubumenyi budafite umutima w’ubumuntu nta musaruro bufitiye […]
