• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

TOP1

Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutseho 9.4% mu gihembwe cya kabiri cya 2026

September 15, 2026 IRAMBONA Papias 0

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko Umusaruro Mbumbe w’u Rwanda (GDP) wazamutseho 9.4% mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka wa 2026, ugereranyije n’igihembwe nk’icyo mu 2025, […]

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje icyuho mu bakozi gituma serivisi zimwe zitanozwa neza

September 15, 2026 IRAMBONA Papias 0

Minisiteri y’Ubuzima yavuze ko ubuke bw’abaganga ari kimwe mu bibazo bituma serivisi zitangirwa ku rwego rw’ubuvuzi bw’ibanze zitaragera ku rwego rwifuzwa, kuko hari abakozi basabwa […]

Muhanga: Barashishikariza abandi gutinyuka imyuga ngo bagire uruhare mu iterambere

September 15, 2026 ICK News 0

Bamwe mu bagore bakora imyuga itandukanye mu mujyi wa Muhanga bavuga ko nyuma yo gukura amaboko mu mufuka bakwitabira imyuga itandukanye, babyabateje imbere bityo bagashishikariza abandi kuyitinyuka kugira ngo bagire uruhare […]

Papa Leo yasabye abatuye isi kudacogora mu gushaka amahoro

September 14, 2026 ICK News 0

Papa Leo XIV yasabye abatuye isi gukomeza umuhate wo guharanira amahoro, kandi bagasenga kugira ngo amakimbirane n’urugomo bikomeje kwibasira ibice bitandukanye by’isi bihagarare. Ibi yabitangaje […]

BNR yasobanuye ibishobora gushyira umuntu ku rutonde rwa CRB n’uko avanwaho

September 14, 2026 IRAMBONA Papias 0

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yasobanuye ko umuntu ashobora gushyirwa ku rutonde rw’abafite imyenda itarishyurwa neza kubera kutubahiriza inshingano ze mu kwishyura, ariko ko ashobora […]

BNR yasobanuye impamvu inyungu ku nguzanyo za banki zazamutse

September 14, 2026 IRAMBONA Papias 0

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yavuze ko inyungu ku nguzanyo zitagomba gufatwa nk’iziri hejuru cyane ugereranyije n’ibiciro by’amafaranga amabanki akoresha mu gutanga izo nguzanyo, ishimangira […]

Minisitiri Mukazayire yibukije urubyiruko ko siporo ikwiye kujyana no kwirinda ibiyobyabwenge

September 14, 2026 ICK News 0

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yibukije urubyiruko ko kugira ubuzima bwiza bisaba gufata ingamba zirimo kwirinda ibiyobyabwenge n’inzoga z’itujuje ubuziranenge, anabasaba gukunda no kwitabira siporo […]

Abanyeshuri ba ICK na EAUR bahuguwe ku gukora ‘Podcast’ na filime mbarankuru

September 11, 2026 Byiringiro Patrick 0

Kuri uyu wa 11 Nzeri, abanyeshuri b’itangazamakuru 20 bo mu ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) na East African University Rwanda (EAUR), basoje amahugurwa yari […]

Abatsinze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye biyongereyeho 5%

September 11, 2026 IRAMBONA Papias 0

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje ko abanyeshuri 94,33% batsinze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2025/2026, umusaruro wiyongereye […]

Perezida Kagame asanga Afurika ikwiye kugira ijambo mu bikorerwa mu isanzure

September 11, 2026 IRAMBONA Papias 0

Perezida Paul Kagame yasabye ko ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere bigira ijambo rifatika mu gushyiraho amategeko agenga ibikorwa by’isanzure, ashimangira ko iterambere ry’ikoranabuhanga ry’ahazaza ritagomba […]

Posts pagination

1 2 … 35 »

AMAKURU MASHYA

  • Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutseho 9.4% mu gihembwe cya kabiri cya 2026

    Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko Umusaruro Mbumbe w’u Rwanda (GDP) wazamutseho 9.4% mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka wa 2026, ugereranyije n’igihembwe nk’icyo mu 2025, […]

  • U Bushinwa bwakajije amabwiriza ku baturage bajya mu mahanga

    Ubushinwa bwakajije igenzura ku ngendo z’abaturage bajya mu mahanga, nyuma y’uko hatangiye gukurikizwa amategeko mashya agenga gusohoka no kwinjira mu gihugu. Aya mategeko aha inzego […]

  • Minisiteri y’Ubuzima yatangaje icyuho mu bakozi gituma serivisi zimwe zitanozwa neza

    Minisiteri y’Ubuzima yavuze ko ubuke bw’abaganga ari kimwe mu bibazo bituma serivisi zitangirwa ku rwego rw’ubuvuzi bw’ibanze zitaragera ku rwego rwifuzwa, kuko hari abakozi basabwa […]

  • Muhanga: Barashishikariza abandi gutinyuka imyuga ngo bagire uruhare mu iterambere

    Bamwe mu bagore bakora imyuga itandukanye mu mujyi wa Muhanga bavuga ko nyuma yo gukura amaboko mu mufuka bakwitabira imyuga itandukanye, babyabateje imbere bityo bagashishikariza abandi kuyitinyuka kugira ngo bagire uruhare […]

  • Papa Leo yasabye abatuye isi kudacogora mu gushaka amahoro

    Papa Leo XIV yasabye abatuye isi gukomeza umuhate wo guharanira amahoro, kandi bagasenga kugira ngo amakimbirane n’urugomo bikomeje kwibasira ibice bitandukanye by’isi bihagarare. Ibi yabitangaje […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS