• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

TOP1

Minisitiri Dr. Nsanzimana yibukije abakozi b’ubuzima gutanga serivisi zinogeye abaturage

September 11, 2026 ICK News 0

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yibukije abakozi b’ubuzima ko gutanga serivisi z’ubuvuzi zinoze kandi zegereye abaturage bikwiye gukomeza kuba inshingano y’ibanze mu rwego rw’ubuzima. Ibi […]

Ibiciro ku isoko byazamutseho 15.7% muri Kanama 2026

September 10, 2026 Ibyimana Cofi 0

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro by’ibicuruzwa na serivisi mu Rwanda byazamutseho 15.7% muri Kanama 2026, ugereranyije na Kanama 2025. Raporo y’Igipimo […]

RDC: Abanyeshuri 20 bapfiriye mu nkongi y’umuriro yibasiye amashuri abiri i Bukavu

September 10, 2026 ICK News 0

Abanyeshuri 20 nibo bamaze kumenyekana ko bahiriye mu nkongi y’umuriro yibasiye amashuri abanza abiri mu gace ka Cimpunda, muri Komini ya Kadutu, mu Mujyi wa […]

Nyaruguru: Abahinzi barimo ab’ibirayi bahangayikishijwe no kutabonera ifumbire ku gihe

September 10, 2026 Byiringiro Patrick 0

Hari abahinzi biganjemo ab’ibirayi bo mu Karere ka Nyaruguru, bavuga ko bafite ikibazo cyo kutabona ifumbire y’imvaruganda ku gihe kandi igihe cyabo cyo gutangira igihembwe […]

Dr. Butera yasuye Nyagatare yerekwa uko serivisi z’ubuzima zitangwa hifashishijwe ikoranabuhannga

September 10, 2026 IRAMBONA Papias 0

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, yasuye Ikigo Nderabuzima cya Mimuri mu Karere ka Nyagatare, mu rugendo rugamije kureba aho gahunda yo […]

Trump yasezeranyije Abanyamerika $5,000 mu gihe Abarepubulikani batsinda amatora

September 10, 2026 ICK News 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko buri Munyamerika mukuru ashobora guhabwa 5,000 by’amadorali, mu gihe Ishyaka ry’Abarepubulikani ryatsinda imitwe yombi […]

Gatsibo: Ibitaro bya Ngarama bigeze kuri 70% bivugururwa, bizashyirwa ku rwego rwa Kaminuza

September 10, 2026 IRAMBONA Papias 0

Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera yatangaje ko mu gihe imirimo yo kuvugurura no kwagura Ibitaro bya Ngarama, biherereye mu Karere ka […]

Nyampinga wa Austria 2024 Lucia Sisic yapfuye afite imyaka 22

September 10, 2026 ICK News 0

Lucia Sisic, wari ufite ikamba rya Nyampinga wa Austria 2024, yapfuye afite imyaka 22, nk’uko byatangajwe n’umuryango uteguraga iri rushanwa, Mission Austria. Urupfu rwe rwamenyekanye […]

Umunyarwanda arashaka kwandika amateka muri Champions League ku mukino azahuramo na Man united

September 9, 2026 Ibyimana Cofi 0

Umukinnyi w’u Munyarwanda, Joy-Lance Mickels usanzwe ari umufana wa Manchester United kuva akiri umwana, arakabya inzozi yaramaranye igihe kinini zo gukina n’ikipe yihebeye ubwo ikipe […]

Tuniziya: Abanyamakuru bigaragambije basaba kurekurwa kwa mugenzi wabo

September 9, 2026 IRAMBONA Papias 0

Abanyamakuru benshi muri Tuniziya bari mu byigaragambyo basaba ko mugenzi wabo Mohamed Yousfi arekurwa nyuma yo gutabwa muri yombi akurikiranyweho ibyaha byerekeranye no kunyereza amafaranga. […]

Posts pagination

« 1 2 3 … 35 »

AMAKURU MASHYA

  • Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutseho 9.4% mu gihembwe cya kabiri cya 2026

    Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko Umusaruro Mbumbe w’u Rwanda (GDP) wazamutseho 9.4% mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka wa 2026, ugereranyije n’igihembwe nk’icyo mu 2025, […]

  • U Bushinwa bwakajije amabwiriza ku baturage bajya mu mahanga

    Ubushinwa bwakajije igenzura ku ngendo z’abaturage bajya mu mahanga, nyuma y’uko hatangiye gukurikizwa amategeko mashya agenga gusohoka no kwinjira mu gihugu. Aya mategeko aha inzego […]

  • Minisiteri y’Ubuzima yatangaje icyuho mu bakozi gituma serivisi zimwe zitanozwa neza

    Minisiteri y’Ubuzima yavuze ko ubuke bw’abaganga ari kimwe mu bibazo bituma serivisi zitangirwa ku rwego rw’ubuvuzi bw’ibanze zitaragera ku rwego rwifuzwa, kuko hari abakozi basabwa […]

  • Muhanga: Barashishikariza abandi gutinyuka imyuga ngo bagire uruhare mu iterambere

    Bamwe mu bagore bakora imyuga itandukanye mu mujyi wa Muhanga bavuga ko nyuma yo gukura amaboko mu mufuka bakwitabira imyuga itandukanye, babyabateje imbere bityo bagashishikariza abandi kuyitinyuka kugira ngo bagire uruhare […]

  • Papa Leo yasabye abatuye isi kudacogora mu gushaka amahoro

    Papa Leo XIV yasabye abatuye isi gukomeza umuhate wo guharanira amahoro, kandi bagasenga kugira ngo amakimbirane n’urugomo bikomeje kwibasira ibice bitandukanye by’isi bihagarare. Ibi yabitangaje […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS