• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

TOP1

Papa Leo yatangiye uruzinduko rw’iminsi 11 mu bihugu bine bya Afurika

April 13, 2026 ICK News 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Mata 2026, Papa Leo XIV yatangiye uruzinduko rw’iminsi 11 azagirira mu bihugu bine bya Afurika: Algérie, Cameroun, Angola […]

Perezida Kagame yashimiye Ismaïl Guelleh wongeye gutorerwa kuyobora Djibouti

April 13, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ikiganiro na mugenzi we uyobora Djibouti, Ismaïl Omar Guelleh, aho yamushimiye intsinzi yegukanye mu matora aheruka yamuhesheje […]

Ismaïl Omar Guelleh yongeye gutorerwa kuyobora Djibouti

April 11, 2026 ICK News 0

Ibyavuye mu matora by’agateganyo bigaragaza ko Perezida wa Djibouti, Ismaïl Omar Guelleh, yongeye gutorerwa kuyobora iki gihugu muri manda ya gatandatu ikurikirana, nyuma yo gutsinda […]

Papa Léon yakiriye Perezida Macron w’u Bufaransa baganira ku bibazo byugarije isi

April 11, 2026 ICK News 0

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Mata 2026, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Léon XIV yakiriye mu biro bye i Vatican Perezida […]

Uko ishuri ry’umuziki rya Kabgayi rizakora

April 10, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Ku wa Gatatu, tariki ya 8 Mata 2026, i Kabgayi hatangijwe ku mugaragaro ishuri ry’umuziki rigamije gufasha abana n’urubyiruko kuvumbura no guteza imbere impano zabo. […]

Djibouti: Bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu

April 10, 2026 ICK News 0

Perezida wa Djibouti, Ismail Omar Guelleh, arimo guhatanira manda ya gatandatu mu matora ya perezida ari kuba kuri uyu wa Gatanu muri iki gihugu gifite […]

Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi 5,741

April 9, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Perezida Paul Kagame yatanze amapeti atandukanye kuri ba Ofisiye bakuru, ba Ofisiye bato, abapolisi bato ndetse na ba Suzofisiye, muri Polisi y’u Rwanda. Abapolisi batanu […]

Musenyeri Ntivuguruzwa yatangije ku mugaragaro ishuri ry’umuziki muri Diyosezi ya Kabgayi

April 8, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Mata 2026, yatangaje ku mugaragaro itangira ry’ishuri ry’umuziki rya […]

Ntiwakwica abantu kabiri – Perezida Kagame avuga ko Jenoside itazongera kuba mu Rwanda ukundi

April 7, 2026 Byiringiro Patrick 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yatanze ubutumwa bwizeza Abanyarwanda umutekano usesuye, avuga ko igihugu cyubatse ubudahangarwa butatuma cyongera kwemera ko amateka mabi nk’ayabaye […]

Imbeba zose si ibyonnyi: Akamaro k’imbeba katazwi na benshi

April 6, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Mu bice byinshi by’u Rwanda, imbeba zikunze gufatwa nk’udusimba twangiza. Ku bantu benshi, iyo uvuze imbeba bihita bibibutsa igihombo n’iyangirika ry’umusaruro. Ibyo bigatuma akenshi zihigwa […]

Posts pagination

« 1 … 9 10 11 … 28 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Abaturage boroje inka imiryango ibiri itishoboye mu kwizihiza Umunsi w’Umuganura

    Abaturage bo mu Murenge wa Ruhuha, Akarere ka Bugesera, kuri uyu wa Gatanu bifatanyije n’Abayobozi ba karere kwizihiza Umunsi w’Umuganura wa 2026 wari ufite insanganyamatsiko […]

  • Chorale Saint Pierre Gitarama yateguye igitaramo “Summer Harmony Concert” cyo gususurutsa abakunzi bayo

    Mu rwego rwo gukomeza ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no gusangira ibyishimo n’abakunzi bayo, Chorale Saint Pierre Gitarama iri gutegura igitaramo cyiswe “Summer Harmony Concert”, kizaba […]

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS