• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

TOP1

Afurika ntikwiye gukomeza kuba indorerezi mu iterambere ry’ikoranabuhanga rya AI – Perezida Kagame

August 25, 2026 IRAMBONA Papias 0

Perezida Paul Kagame yavuze ko Afurika ifite abantu bafite ubumenyi n’ubushobozi bwo kugira uruhare rukomeye mu iterambere ry’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI), ariko ko hakenewe guhindura […]

Perezida Kagame yasabye urubyiruko kubyaza umusaruro amahirwe rufite

August 25, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yasabye urubyiruko rw’u Rwanda kubyaza umusaruro amahirwe menshi rufite, rukirinda gutegereza akazi ahubwo rugashishikarira kwihangira imirimo. Ibi Perezida Kagame yabigarutseho […]

No Image

U Rwanda ruzakira imikino ya FEASSA 2027

August 25, 2026 ICK News 0

U Rwanda rwemejwe nk’igihugu kizakira imikino ihuza Ibigo by’Amashuri byo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba (FEASSA) mu mwaka utaha. Iyi mikino izaba ibaye ku nshuro […]

Gisagara: Barishimira igabanuka ry’amakimbirane nyuma yo guca inzoga zitujuje ubuziranenge

August 24, 2026 Byiringiro Patrick 0

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Gisagara bavuga ko icyemezo cyo guca inzoga zitujuje ubuziranenge, cyagize uruhare mu kugabanya amakimbirane n’ibikorwa by’urugomo byajyaga biterwa […]

U Rwanda ntiruzarebera abaturage bapfa bazira ibinyobwa bitujuje ubuziranenge – Perezida Kagame avuga ku nzoga zaciwe

August 24, 2026 IRAMBONA Papias 0

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko ikibazo cy’ibinyobwa bisembuye bitujuje ubuziranenge gikwiye kureberwa cyane cyane ku buzima bw’abaturage, aho kureberwa ku gihombo abacuruzi cyangwa […]

Minisiteri y’Uburezi yasobanuye impamvu amashuri atujuje ibisabwa yafunzwe

August 21, 2026 IRAMBONA Papias 0

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko amashuri yafunzwe mu minsi ishize ari ayagaragayeho kutuzuza ibisabwa, isaba ba nyirayo gukorana na NESA kugira ngo babikemure, bityo azongere gufungurwa […]

Afurika y’Epfo: Miss Chidimma Adetshina ntakozwa ibyo kwirukanwa mu gihugu

August 21, 2026 ICK News 0

Chidimma Adetshina w’imyaka 25, yagaragaje ko adakozwa ibyo kwirukanwa muri Afurika y’Epfo nyuma y’uko iki gihugu gikomeje kotswa igitutu n’abaturage batamushaka, we akavuga ko afite […]

Kirehe iyoboye uturere twatsindishije neza mu bizamini bya Leta 2025-2026

August 21, 2026 ICK News 0

Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye igaragaza ko uturere turimo amashuri yatsindishije neza tuyobowe na Kirehe Abanyeshuri […]

88.21% by’abakoze ibizamini bya Leta mu mashuri abanza baratsinze

August 20, 2026 IRAMBONA Papias 0

Kuri uyu wa Kane, ubwo hatangazwaga amanota y’abakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza (P6) n’icyiciro cya mbere cy’ayisumbuye (S3), Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko […]

RDC: Abagore batwite baratinya kugana ibitaro kubera Ebola

August 19, 2026 ICK News 0

Ubwoba bw’icyorezo cya Ebola burimo gutuma abagore batwite bo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) batinya kujya kwivuriza ku bigo nderabuzima. Ibi […]

Posts pagination

« 1 … 7 8 9 … 36 »

AMAKURU MASHYA

  • Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi washyizeho ingamba zo kurinda abana imbuga nkoranyambaga

    Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ku wa 17 Nzeri 2026 yatangaje gahunda nshya izwi nka ‘EU KIDS Act’, igamije gukaza ingamba zo kurinda abana […]

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

  • Minisitiri w’intebe wa Canada yavuze ko ubufatanye n’u Burayi butagamije guhangana na Amerika

    Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney, yavuze ko umugambi wo kurushaho gukorana n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) atari uwo gushyiraho ihuriro rishya ry’ibihugu rihangana n’izindi […]

  • Kamonyi: Ibigo 19 by’ubucukuzi byatanze akazi ku baturage binafasha mu mishinga y’iterambere

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko aka karere gafite ibigo 19 bikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, avuga ko ibikorwa byabyo bifasha abaturage kubona […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS