Umwanya Elon Musk yaba ahagazeho mu bakire batunze amakipe aramutse aguze Liverpool
Errol Musk, se w’umugabo ukize kurusha abandi ku isi, aherutse kuvuga ko umuhungu we yifuza kugura ikipe ya Liverpool. Icyakora, ba nyir’iyi ikipe ‘Fenway Sports […]
Errol Musk, se w’umugabo ukize kurusha abandi ku isi, aherutse kuvuga ko umuhungu we yifuza kugura ikipe ya Liverpool. Icyakora, ba nyir’iyi ikipe ‘Fenway Sports […]
Mu mukino w’Ikirarane cy’umunsi wa karindwi wa Shampiyona y’u Rwanda, Ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’ u Rwanda (APR FC) yatsinze Musanze FC igitego 1-0. Uyu mukino […]
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma burizeza urubyiruko rwo muri aka karere gukomeza kubategurira ibikorwa byinshi by’imyidagaduro mu rwego rwo gukoresha ibikorwaremezo Leta yabubakiye. Ibi byagarutsweho n’Umuyobozi […]
Ubushinjacyaha bwa Argentine bukurikiranye abantu batanu bashinjwa kugira uruhare mu urupfu rw’umuhanzi Liam Payne wahoze mu itsinda rya One direction Urupfu rw’icyamamare mu muziki Liam […]
James Simon, umwunganizi mu mategeko wa Angelina Jolie yatangaje ko umukiriya we n’uwahoze ari umugabo we, Brad Pitt bemeranyije kuri gatanya nyuma y’imyaka umunani bari […]
Kenshi uzumva abantu bavuga ko kubona uruhushya rwo gutwara ikinyabiziga ‘Perimi’ mu Rwanda bigoye ku buryo ngo hari abakora ikizamini inshuro zirenga eshatu batarabona perimi […]
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 2 ugushyingo 2024, ubuyobozi bw’Igihigu cya Guinea bwatangaje ko nibura abantu 56 bapfiriye muri sitade mu gihe abandi benshi […]
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda mu mukino w’amaboko ‘Basketball’ ntiyahiriwe mu myiteguro yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika kuko yatsinzwe imikino yose yakinnye. Mu mikino ya […]
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 18 Ugushyingo 2024, Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yujuje imyaka 20 itazi uko imikino ya nyuma y’Igikombe cya Afurika imera.Ni […]
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda (Amavubi) atsinzwe igitego kimwe ku busa n’ikipe y’igihugu ya Libya amahirwe yo kujya mu gikombe cya Afurika cya 2025 arayoyoka. Ni […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS