• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

IMYIDAGADURO

Muhanga: Abacuruzi bati ‘Umunsi w’abakundana nta wabaye

February 14, 2025 NDAHAYO Elias 0

Nk’uko ku Isi yose abantu benshi bizihiza umunsi mpuzamahanga  w`abakundanye uzwi nka Saint Valantin uba ku itariki 14 Gashyantare buri mwaka, uyu munsi, abacuruzi bo […]

Muhanga: Abikorera biteguye gushimisha abakundana

February 13, 2025 Kwihangana Joshua 0

Mu gihe habura amasaha make kugira ngo abakundana bahimbaze umunsi mukuru wa Mutagatifu Valantin, bamwe mu bikorera bo mu Mujyi wa Muhanga bavuga ko biteguye […]

CTC Gabiro yegukanye Igikombe cy’Intwari 2025

February 1, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Ishuri ry’Imyitozo ya Gisirikare rya Gabiro ryegukanye Igikombe cy’Intwari 2025 nyuma yo gutsinda Abasirikare bo mu mutwe udasanzwe, Special Operation Forces kuri penaliti 4-3. Uyu […]

Amateka yisubiyemo: APR FC na Police FC zageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Intwari

January 29, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’ u Rwanda (APR FC) ndetse n’ikipe y’Igipolisi cy’ u Rwanda (Police FC) zageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Intwari zisezereye ikipe […]

Haiti: Abarenga miliyoni bamaze kuva mu byabo kubera umutekano muke

January 16, 2025 Kwihangana Joshua 0

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rivuga ko abantu barenga miliyoni imwe muri Haiti bamaze gukurwa mu ngo zabo kubera ukwiyongera gukabije kw’ibitero by’imitwe yitwaje intwaro mu murwa […]

Huye irateganya kubaka ‘Car-Free Zone’

January 16, 2025 IGIRANEZA Rozine 0

Akarere ka Huye karateganya kubaka ahantu hatemerewe kunyura imodoka ‘Car-Free Zone’ kugira ngo bifashe abatuye Umujyi wa Huye kubona ahantu ho kuruhukira hisanzuye. Iki gikorwa […]

Weekend y’imikino: Ibirori by’i Huye bihangamuye ibihangange

January 12, 2025 IRATUZI Bardine 0

Mu mpera z’iki cyumweru, byari ibirori bikomeye by’imikino mu Mujyi wa Huye kuko habereye imikino irimo amakipe akomeye hano mu Rwanda. Ni imikino isize APR […]

Ibyo wamenya mbere y’umukino uri buhuze Rayon Sports na Mukura VS

January 11, 2025 IRATUZI Bardine 0

Kuri uyu wa 11 Mutarama 2025, kuri Sitade ya Huye harabera umukino ukomeye uhuza Mukura VS yakira Rayon sports mu mukino w’umunsi wa 15 wa […]

Rulindo&Gicumbi: Hatangijwe Irushanwa ‘Umurenge Kagame Cup 2024-2025’

January 11, 2025 Ishimwe Honore 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Mutarama 2024, Abayobozi b’Uturere twa Gicumbi na Rulindo batangije ku mugaragaro Irushanwa ‘Umurenge Kagame Cup 2024-2025’. Rulindo Mu […]

Umwanya Elon Musk yaba ahagazeho mu bakire batunze amakipe aramutse aguze Liverpool

January 9, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Errol Musk, se w’umugabo ukize kurusha abandi ku isi, aherutse kuvuga ko umuhungu we yifuza kugura ikipe ya Liverpool. Icyakora, ba nyir’iyi ikipe ‘Fenway Sports […]

Posts pagination

« 1 … 7 8 9 … 16 »

AMAKURU MASHYA

  • Brig Gen Ronald Rwivanga yasobanuye ibyiciro 10 by’itegurwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi

    Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 itabaye igikorwa cyabaye mu kanya gato, ahubwo yateguwe mu buryo […]

  • Abarenga 1,700 barahungabanye mu Cyumweru cy’Icyunamo – RBC

    Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), cyatangaje ko mu Cyumweru cy’Icyunamo cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, cyatangiye ku wa 7 Mata kigasozwa ku […]

  • ‎Ibiciro by’ibikomoka kuri Peterori byatangiye kubahirizwa

    ‎Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Mata 2026, hatangiye kubahirizwa ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda, aho lisansi yazamutse ku kigero cyo hejuru […]

  • Pope Leo yagaragaje ko isi iri gusenywa n’abayobozi bayishora mu ntambara

    Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Pope Leo XIV, yatangaje ko isi iri gusenywa n’“abanyagitugu bake,” mu ijambo rikomeye yagejeje ku baturage bo mu mujyi wa Bamenda, […]

  • Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru mu Burundi yasanzwe ku nzira yapfuye

    Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru mu Burundi Gaby Bugaga, yasanzwe mu nzira mu gitondo cyo kuri uyu wa 16 Mata 2026 yapfuye, ndetse akaba yapfuye urupfu rw’amayobera. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS