• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by Tuyisenge Yedidiya

Bugesera-Mwogo: Abarezi barasabwa guteza imbere uburezi budaheza

October 21, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Abayobozi b’ibigo by’amashuri ndetse n’abarimu bo mu Murenge wa Mwogo mu Karere ka Bugesera, barasabwa guteza imbere uburezi budaheza abafite ubumuga butandukanye. Ni ibyagarutsweho, ubwo […]

Ibyo wamenya kuri Shampiyona ya Rwanda Premier League 2025-2026 itangira uyu munsi

September 12, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Guhera kuri uyu wa gatanu tariki 12 Nzeri 2025, haratangira shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda mu mupira w’amaguru (Rwanda Premier League), aho ikipe ya […]

Intego umunani za Shema Fabrice utorewe kuyobora Ferwafa

August 30, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Shema Ngoga Fabrice wari umuyobozi wa As Kigali, yatorewe kuyobora ishyirahamwe ry’ umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) mu myaka ine iri mbere. Ni amatora yakozwe […]

Abakiristu bo muri Paruwasi Kinihira bujuje Kiliziya nshya y’icyitegererezo

August 26, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Abakiristu bo muri Paruwasi Kinihira, Diyosezi ya Byumba mu Karere ka Rulindo, barishimira ko bujuje Kiliziya nshya yaturutse mu mbaraga zabo. Nk’uko Padiri Patrice Ntirushwa, […]

Abafite ubumuga barashishikarizwa gukoresha imbaraga zabo mu kubaka igihugu

August 20, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Abafite ubumuga bw’ingingo zitandukanye bo mu Ntara y’Iburasirazuba bavuga ko kwiga amateka yaranze u Rwanda bibafasha kwiyubaka no kubona icyizere mu buzima bwa buri munsi. […]

“Abasebya u Rwanda mubavuguruze” – Minisitiri w’Intebe asoza icyiciro cya 15 cy’Indagamirwa

August 14, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yasabye urubyiruko rusoje Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15, gukunda igihugu ndetse no kuguvuruza abagisebya bakivugaho amakuru atari impamo. Yabitangaje kuri […]

Umusaruro w’ubukerarugendo mu Rwanda uzarenga Miliyari $1 mu 2029

August 13, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Muri gahunda ya kabiri yo kwihutisha iterambere ry’Igihugu (NST2), Guverinoma y’u Rwanda irateganya kuzamura umusaruro ukomoka k’ubukerarugendo ukikuba kabiri kugeza mu mwaka wa 2029, aho […]

Iterambere ry’Akarere ka Musanze mu mibare: Ibyagezweho biratanga icyizere cy’ejo hazaza

August 1, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Umuyobozi w’Akarere ka Musanze, Nsengimana Claudien yagaragaje iterambere ry’aka karere mu mwaka wa 2024-2025, rishingiye ku kubyaza umusaruro amahirwe ahaboneka ndetse n’ubufatanye n’izindi nzego za […]

Iterambere rya Basketball mu Rwanda ikomeje kwigarurira imitima ya benshi

July 29, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Mu gihe siporo ikomeje gufatwa nk’urufunguzo rwo guteza imbere ubukungu n’imibanire y’abantu, umukino wa Basketball uri kwigarurira imitima y’Abanyarwanda n’abanyamahanga basura u Rwanda. Uko imyaka […]

Nyaruguru: Abaturage barashima uruhare rw’uruganda rwa Nyakizu mu kuzamura imibereho yabo

July 17, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Abaturage bahinga kawa bo mu murenge wa Nyagisozi mu Karere ka Nyaruguru barishimira impinduka nziza bagenda babona mu mibereho yabo nyuma y’uko uruganda Nyakizu Mountain […]

Posts pagination

1 2 … 8 »

AMAKURU MASHYA

  • Musenyeri Hodari yasabye abiga muri EP St. Stanislas bahawe Amasakramentu yibanze gukunda Yezu nk’uko nawe abakunda

    Musenyeri Hodari Jean de Dieu, Igisonga cy’Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, yasabye abana 60 bahawe amasakaramentu y’ibanze muri Ecole Primaire Saint Stanislas Ruyenzi kwakirana umutima […]

  • Pariki ya Nyandungu igiye kwakira iserukiramuco mpuzamahanga ry’ubugeni n’ibidukikije

    Pariki ya Nyandungu, imwe mu hantu nyaburanga hakomeje gukurura abakerarugendo benshi mu Mujyi wa Kigali, igiye kwakira iserukiramuco mpuzamahanga rizahuza abahanzi n’abanyabugeni bo hirya no […]

  • Perezida Kagame yakiriye intumwa z’abayobozi b’ibigo bikomeye byo muri Panama

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye intumwa zigizwe n’abanyamuryango 19 b’umuryango Mpuzamahanga w’Abayobozi Bakiri Bato b’Ibigo n’Abashoramari (Young Presidents’ Organization), YPO, n’abo bashakanye, […]

  • Afurika y’Epfo: Imyigaragambyo yamagana abimukira ikomeje gufata intera

    Imyigaragambyo yamagana abimukira badafite ibyangombwa byemewe n’amategeko ikomeje kwiyongera muri Afurika y’Epfo mu gihe igihugu cyitegura amatora y’inzego z’ibanze ateganyijwe kuba mu Ugushyingo uyu mwaka. […]

  • Abarerera muri College Sainte Marie Reine Kabgayi basabwe kutihunza inshingano zo kurera mu gihe cy’ibiruhuko

    Ababyeyi barerera mu Ishuri rya College Sainte Marie Reine Kabgayi, basabwe kurushaho kwita ku burere no gukurikirana abana babo mu gihe cy’ibiruhuko, kugira ngo bakomeze […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS