• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by NDAHAYO Elias

Kiliziya y’u Rwanda irashima uruhare rwa Leta mu myiteguro ya SECAM 2025

July 15, 2025 NDAHAYO Elias 0

Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Karidinali Kambanda arashima ubufatanye Leta y’u Rwanda yagaragaje mu gushyigikira Ihuriro ry’Abepiskopi bo […]

LODA yasoje amahugurwa y’Abajyanama b’Imibereho Myiza n’Iterambere

March 22, 2025 NDAHAYO Elias 0

Ikigo gishinzwe Guteza Imbere Ibikorwa by’Iterambere mu Nzego z’Ibanze (LODA) ku bufatanye na Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) basoje amahugurwa yagenewe Abajyanama b’Imibereho Myiza n’Iterambere (Para-Social […]

Kabgayi: Abanyeshuri mu rugamba rwo gusigasira umuco Nyarwanda

March 8, 2025 NDAHAYO Elias 0

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 8 Werurwe 2025, abanyeshuri biga mu mashuri Gatolika ya Diyosezi ya Kabgayi bagaragaje ko biteguye gusigasira umuco Nyarwanda. Ibi […]

Muhanga: Abacuruzi bati ‘Umunsi w’abakundana nta wabaye

February 14, 2025 NDAHAYO Elias 0

Nk’uko ku Isi yose abantu benshi bizihiza umunsi mpuzamahanga  w`abakundanye uzwi nka Saint Valantin uba ku itariki 14 Gashyantare buri mwaka, uyu munsi, abacuruzi bo […]

Nturasobanukirwa Ejo Heza? Dore ibyo ukwiye kumenya

January 21, 2025 NDAHAYO Elias 0

Muri 2017, nibwo Leta y’u Rwanda yatangije Ikigega cy’Ubwiteganyirize cyiswe Ejo Heza, kigamije gufasha Abanyarwanda kubona uburyo bwo kwizigama by’igihe kirekire. Ni gahunda yagiye itavugwaho […]

Kayenzi: Ababikira 9 bakoze amasezerano ya burundu mu ‘Intumwa za Yezu, Mariya na Yozefu’

September 10, 2024 NDAHAYO Elias 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki 9 Nzeri 2024, kuri Paruwasi Kayenzi, Ababikira ikenda bo mu Muryango ‘Intumwa za Yezu Mariya na Yozefu’ bakoze amasezerano ya […]

Harimo abaperezida 25: Ibihugu 48 birahagararirwa mu nama ihuza Koreya y’Epfo na Afurika

June 3, 2024 NDAHAYO Elias 0

Tariki ya 4-5 Kamena 2024, hateganyijwe inama ihuza Umugabane wa Afurika na Koreya y’Epfo (Korea-Africa Summit) aho biteganyijwe ko intumwa zihagarariye ibihugu 48 by’afurika ziri […]

Kibeho: Ingoro ya Bikira Mariya irahimbaza isabukuru y’imyaka 21 imaze ihawe umugisha

May 31, 2024 NDAHAYO Elias 0

Kuri uyu wa Gatanu tariki 31 Gicurasi 2024, Abakiristu baturutse mu bihugu bitandukanye bahuriye i Kibeho mu birori byo guhimbaza isabukuru y’imyaka 21 Ingoro ya […]

Kwibuka30: Umwihariko wa Bisesero yiciwemo abasaga ibihumbi 50

May 12, 2024 NDAHAYO Elias 0

Ku wa Kane, tariki 9 Mata 2024, itsinda ry’abanyeshuri bahagarariye abandi mu Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) ryasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Bisesero risobanurirwa […]

Urubyiruko ruributswa ko rwifitemo ubushobozi bwo gukemura ibibazo bikibangamiye igihugu

April 17, 2024 NDAHAYO Elias 0

Mu mahugurwa y’iminsi ibiri y’icyiciro cya kane cy’umushinga wo kwimakaza Ubunyarwanda mu rubyiruko rwo mu mashuri Makuru na Kaminuza, “Ndi Umunyarwanda Integration Project”, urubyiruko rwongeye […]

Posts pagination

1 2 »

AMAKURU MASHYA

  • Brig Gen Ronald Rwivanga yasobanuye ibyiciro 10 by’itegurwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi

    Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 itabaye igikorwa cyabaye mu kanya gato, ahubwo yateguwe mu buryo […]

  • Abarenga 1,700 barahungabanye mu Cyumweru cy’Icyunamo – RBC

    Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), cyatangaje ko mu Cyumweru cy’Icyunamo cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, cyatangiye ku wa 7 Mata kigasozwa ku […]

  • ‎Ibiciro by’ibikomoka kuri Peterori byatangiye kubahirizwa

    ‎Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Mata 2026, hatangiye kubahirizwa ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda, aho lisansi yazamutse ku kigero cyo hejuru […]

  • Pope Leo yagaragaje ko isi iri gusenywa n’abayobozi bayishora mu ntambara

    Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Pope Leo XIV, yatangaje ko isi iri gusenywa n’“abanyagitugu bake,” mu ijambo rikomeye yagejeje ku baturage bo mu mujyi wa Bamenda, […]

  • Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru mu Burundi yasanzwe ku nzira yapfuye

    Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru mu Burundi Gaby Bugaga, yasanzwe mu nzira mu gitondo cyo kuri uyu wa 16 Mata 2026 yapfuye, ndetse akaba yapfuye urupfu rw’amayobera. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS