• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by IRATUZI Bardine

Abafana ba Arsenal ku mugabane wa Afurika bateraniye mu Rwanda

April 19, 2025 IRATUZI Bardine 0

Guhera tariki 18 Mata 2025 abafana baturutse mu bihugu 14 byo ku mugabane wa Afurika bateraniye mu Rwanda mu gikorwa bise ‘Arsenal Africa Fans Festival’ […]

Mwana wanjye, nurokoka uzabe umugabo – Ubuhamya bwa Freddy Mutanguha

April 7, 2025 IRATUZI Bardine 0

Mu 1973, umubyeyi wa Freddy Mutanguha yari umusore witegura gushaka, ariko umushinga wo kubaka urugo wari ubangamiwe n’umutekano muke waturukaga ku ivangura. Icyo gihe, uwari […]

Leta y’u Rwanda irashaka kujya igira uruhare ku nyigisho zitangwa n’abanyamadini 

March 25, 2025 IRATUZI Bardine 0

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Dr. Patrice Mugenzi yatangaje ko Leta y’u Rwanda igiye kujya igira uruhare ku nyigisho zitangwa mu nsengero kuko bimaze kugaragara ko bamwe […]

EAR Diyoseze ya Shyogwe yabonye Musenyeri mushya

March 23, 2025 IRATUZI Bardine 0

Kuri iki Cyumweru tariki 23 Werurwe 2025, mu Itorero rya Angilikani, Diyoseze ya Shyogwe habereye umuhango wo kurobanura no kwicaza mu ntebe Umwepisikopi mushya Rev. […]

Kwibohora31: Menya ibikorwa Ingabo na Polisi bagiye gufasha abaturage mu iterambere n’imibereho

March 20, 2025 IRATUZI Bardine 0

Mu ntangiro y’iki cyumweru, Ingabo na Polisi by’u Rwanda (RDF&RNP) ku bufatanye n’izindi nzego batangije ku mugaragaro mu gihugu hose, ibikorwa byo gufasha abaturage mu […]

Ni iki cyatumye amagare aha abanyarwanda ibyishimo by’akanya gato?

January 25, 2025 IRATUZI Bardine 0

Tour du Rwanda ni rimwe mu marushanwa mpuzamahanga y’amagare amaze kumenyekana cyane ku mugabane wa Afurika. Ibihugu hafi makumyabiri buri mwaka biba bifite amakipe abihagarariye […]

Weekend y’imikino: Ibirori by’i Huye bihangamuye ibihangange

January 12, 2025 IRATUZI Bardine 0

Mu mpera z’iki cyumweru, byari ibirori bikomeye by’imikino mu Mujyi wa Huye kuko habereye imikino irimo amakipe akomeye hano mu Rwanda. Ni imikino isize APR […]

Ibyo wamenya mbere y’umukino uri buhuze Rayon Sports na Mukura VS

January 11, 2025 IRATUZI Bardine 0

Kuri uyu wa 11 Mutarama 2025, kuri Sitade ya Huye harabera umukino ukomeye uhuza Mukura VS yakira Rayon sports mu mukino w’umunsi wa 15 wa […]

U Burusiya mu bikorwa byo kubabaza Ukraine kuko ikoresha impano za USA

January 6, 2025 IRATUZI Bardine 0

Uburusiya bwiyemeje kwihorera nyuma yo kuvuga ko bwarashe misile umunani za ATACMS zakozwe na Amerika zarashwe na Ukraine mu gitondo cyo ku wa Gatandatu. Moscou […]

Ngoma: Urubyiruko rwijejwe ibikorwa byinshi by’imyidagaduro muri 2025

January 1, 2025 IRATUZI Bardine 0

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma burizeza urubyiruko rwo muri aka karere gukomeza kubategurira ibikorwa byinshi by’imyidagaduro mu rwego rwo gukoresha ibikorwaremezo Leta yabubakiye. Ibi byagarutsweho n’Umuyobozi […]

Posts pagination

1 2 3 »

AMAKURU MASHYA

  • Manchester City yatsinze Arsenal, urugamba rwa Shampiyona y’u Bwongereza rurushaho gukomera

    Ikipe ya Manchester City yatsinze Arsenal FC ibitego 2-1 mu mukino wari ishiraniro, bituma ihatana ryo kwegukana Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza rirushaho gukomera. Uyu […]

  • Brig Gen Ronald Rwivanga yasobanuye ibyiciro 10 by’itegurwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi

    Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 itabaye igikorwa cyabaye mu kanya gato, ahubwo yateguwe mu buryo […]

  • Abarenga 1,700 barahungabanye mu Cyumweru cy’Icyunamo – RBC

    Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), cyatangaje ko mu Cyumweru cy’Icyunamo cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, cyatangiye ku wa 7 Mata kigasozwa ku […]

  • ‎Ibiciro by’ibikomoka kuri Peterori byatangiye kubahirizwa

    ‎Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Mata 2026, hatangiye kubahirizwa ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda, aho lisansi yazamutse ku kigero cyo hejuru […]

  • Pope Leo yagaragaje ko isi iri gusenywa n’abayobozi bayishora mu ntambara

    Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Pope Leo XIV, yatangaje ko isi iri gusenywa n’“abanyagitugu bake,” mu ijambo rikomeye yagejeje ku baturage bo mu mujyi wa Bamenda, […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS