• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

Muhanga: Inyubako y’ubucuruzi ifashwe n’inkongi

August 10, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kuri uyu mugoroba tariki 10 Kanama 2024 ahagana mu masaha  ya saa mbiri z’umugoroba inyubako y’ubucuruzi igeretse 2 ilherereye mu Karere ka Muhanga Umurenge wa […]

APR BBC Yegukanye igikombe cya Rwanda Cup ku nshuro ya mbere

August 10, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Mu ijoro ryo kuwa Gatanu, tariki 9 Kanama 2024, muri Lycée de Kigali APR BBC yegukanye Irushanwa rya Rwanda Cup 2024 itsinze REG BBC amanota […]

Muhanga: Minisitiri w’uburezi yasuye site zikosorerwaho ibizamini bya leta

August 9, 2024 IRAMBONA Papias 0

Kuri uyu wa gatanu taliki 09 Kanama 2024 Minisitiri w’uburezi Gaspard Twagirayezu yasuye site zirimo gukosorerwaho ibizamini bya Leta mu karere ka Muhanga. Site zasuwe […]

Ruhango: Barishimira ibyo bamaze kugeraho nyuma yo gukorana na Azizi Life

August 9, 2024 Muhire Obed 0

Bamwe mubatuye mu Karere ka Ruhango bakora ububoshyi, ubuvumvu, ubugeni n’ubukorikori barishimira urwego bamaze kugeraho mu kunoza no gukora ibikorwa byabo kuva aho batangiriye gukorana […]

Menya ibigenerwa Abayobozi batanu bakuru mu Rwanda

August 9, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Benshi mu bantu bakunze kwibaza ibibazo binyuranye ku bijyanye n’umushahara ndetse n’ibindi bigenerwa abayobozi bakuru. Rimwe na rimwe hari igihe babona igisubizo cyangwa kikabura. Gusa, […]

Ubusesenguzi: Itangazamakuru mu Rwanda rikeneye kuvugurura imikorere

August 8, 2024 Muvunankiko Valens 0

Ubwo yari mu birori byo kwishimira ibyo Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) ryagezeho mu myaka ibiri ishize birimo n’Ikinyamakuru gikorera kuri murandasi ‘ICK News’, […]

Kutivuza Amaso hakiri kare bikomeje kongera umubare w’abafite ubuhumyi

August 7, 2024 Kwihangana Joshua 0

Kutivuriza uburwayi bw’amaso igihe ni kimwe mu bihangayikishije kuko biri mu biri kongera umubare w’abantu bafite ubumuga bwo kutabona. Nk’uko bigaragazwa na raporo y’Ishami ry’Umuryango […]

Irembo ryatangije Ubukangurambaga bwa ‘Byikorere’ mu Karere ka Kirehe

August 7, 2024 Habiyaremye Japhet 0

Kuva kuri uyu wa Mbere, Abakozi b’Urubuga ‘Irembo’ bari mu bukangurambaga bwa “Byikorere” mu mirenge itandukanye igize Akarere ka Kirehe, aho bari guhugura abaturage kuri […]

Kabgayi: Urubyiruko ruributswa ko Kiliziya na Leta biruri hafi

August 6, 2024 Muhire Obed 0

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 6 Kanama 2024, Urubyiruko rusaga 800 ruturutse muri Paruwasi 31 zigize Diyosezi ya Kabgayi rwatangiye ihuriro rizamara iminsi itanu […]

Imboni y’Ijisho: Kimwe mu bice bishobora gusimbuzwa

August 5, 2024 Philos Muhire 0

Impanuka, indwara, […] ni bimwe mu bishobora gutuma umuntu abura urugingo rw’umubiri yari asanganywe. Akenshi iyo umuntu atakaje urugingo hari igihe ahabwa insimburangingo cyangwa agahabwa […]

Posts pagination

« 1 … 114 115 116 … 128 »

AMAKURU MASHYA

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

  • Minisitiri w’intebe wa Canada yavuze ko ubufatanye n’u Burayi butagamije guhangana na Amerika

    Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney, yavuze ko umugambi wo kurushaho gukorana n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) atari uwo gushyiraho ihuriro rishya ry’ibihugu rihangana n’izindi […]

  • Kamonyi: Ibigo 19 by’ubucukuzi byatanze akazi ku baturage binafasha mu mishinga y’iterambere

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko aka karere gafite ibigo 19 bikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, avuga ko ibikorwa byabyo bifasha abaturage kubona […]

  • Muhanga: Yihangiye umurimo wo gusana radio na telephone kugira ngo abashe kwiga neza

    Ishimwe Dieudonné w’imyaka 22 wiga mu mwaka wa mbere mu ishami ry’itangazamakuru mu ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi, yihangiye umurimo wo gusana radio na telefoni […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS