• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

Rwamagana – Fumbwe:  Abacuruza ibitoki barasaba kwagurirwa isoko bakavanwa mu muhanda

August 4, 2024 BYIRINGIRO Thierry 0

Abacuruzi b’ibitoki i Nyagasambu Mu karere ka Rwamagana barasaba ko bakubakirwa isoko rigari ryo gucururizamo kuko bacururiza mu muhanda mu gihe ibindi bicuruzwa biba biri […]

Gicumbi: Imyaka 2 irashize poste de sante bubakiwe zidakora

August 3, 2024 Muhire Obed 0

Abatuye mu kagari ka Gakenke mu murenge wa Miyove ho mu karere ka Gicumbi, bavuga ko hashize imyaka ibiri n’igice batashye Poste de Sante ariko […]

Kirehe: Bibukijwe ko Umuganura ari isoko y’ubumwe bw’abanyarwanda

August 3, 2024 Habiyaremye Japhet 0

Ibirori byo kwizihiza umunsi w’ umuganura mu Karere ka Kirehe, byizihirijwe mu mirenge 12 igize aka karere, ariko kurwego rwa Karere byabereye mu Murenge wa […]

Nyanza: Hizihijwe umunsi w’Umuganura

August 2, 2024 Daniel Niyonkuru 0

Kuri uyu wa gatanu Tariki ya 2 Kanama 2024 nibwo mu Rwanda hizihizwaga umunsi ngaruka mwaka w’umuganura. Mu karere ka Nyanza, ibirori byo kwizihiza umunsi […]

Abagenda mu modoka rusange barasaba uburyo bwo gufasha abagira ikibazo cyo kuruka

August 2, 2024 Muhire Obed 0

Bamwe mu bagenzi bakoresha imodoka rusange mu bice binyuranye by’igihugu barasaba ko hashyirwaho uburyo bwo kujya bafasha abantu bahura n’ibibazo byo kuruka mu gihe bari […]

Uburwayi bw’Amenyo: Impamvu, ingaruka n’uburyo bwo kwirinda

August 1, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Amenyo ni kimwe mu bice by’umubiri by’ingenzi cyane kuko ariyo atuma umuntu abasha gushwanyaguza ibyo kurya mbere yo kubimira kugira ngo byoroshye igogora. N’ubwo bimeze […]

APR BBC yaraye ku mwanya wa mbere

August 1, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Mu mukino utari woroshye, APR BBC yaraye itsinze REG BBC amanota 77-75 bituma APR ifata umwanya wa mbere by’agateganyo. Uyu mukino w’umunsi wa 19 muri […]

REG BBC vs APR BBC: Icyo wamenya kuri aya makipe mbere y’umukino

July 31, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Umukino hagati ya REG BBC na APR BBC ni umwe mu itegerejwe cyane n’abakunzi b’umukino w’amaboko wa Basketball kuri uyu wa Gatatu, tariki 31 Nyakanga […]

Muhanga: Ishuri Ahazaza ryagaragaje umusaruro mwiza mu bizamini by’Igifaransa ku rwego mpuzamahanga

July 30, 2024 ICK News 0

Ishuri ‘Ahazaza Independent School’ riherereye mu Murenge wa Nyamabuye, Akarere ka Muhanga ryongeye kugaragaza umusaruro mwiza mu bizamini mpuzamahanga by’Igifaransa bizwi nka ‘Diplôme d’Études en […]

Abarimu biga muri kaminuza bari mu gihirahiro kubera gahunda nzamurabushobozi mu mashuri abanza

July 30, 2024 Muvunankiko Valens 0

Abarimu biga muri kaminuza zinyuranye mu gihe cy’ibiruhuko bari mu gihirahiro kuko batazi uko bazafatanya gahunda nzamurabushobozi no kwiga. Gahunda nzamurabushobozi yashyizweho n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe […]

Posts pagination

« 1 … 115 116 117 … 128 »

AMAKURU MASHYA

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

  • Minisitiri w’intebe wa Canada yavuze ko ubufatanye n’u Burayi butagamije guhangana na Amerika

    Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney, yavuze ko umugambi wo kurushaho gukorana n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) atari uwo gushyiraho ihuriro rishya ry’ibihugu rihangana n’izindi […]

  • Kamonyi: Ibigo 19 by’ubucukuzi byatanze akazi ku baturage binafasha mu mishinga y’iterambere

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko aka karere gafite ibigo 19 bikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, avuga ko ibikorwa byabyo bifasha abaturage kubona […]

  • Muhanga: Yihangiye umurimo wo gusana radio na telephone kugira ngo abashe kwiga neza

    Ishimwe Dieudonné w’imyaka 22 wiga mu mwaka wa mbere mu ishami ry’itangazamakuru mu ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi, yihangiye umurimo wo gusana radio na telefoni […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS