• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

Tugomba kubanza gutekereza Abanyarwanda-Perezida Kagame abwira abarahiriye imirimo mishya

August 14, 2024 Kwihangana Joshua 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasabye abayobozi bashya kwibuka ko ibyo bakora byose bakwiye kubanza gukorera Abanyarwanda mbere yo gutekereza ku nyungu zabo […]

Minisitiri w’Intebe n’Abadepite barahiriye imirimo mishya

August 14, 2024 Muvunankiko Valens 0

Nyuma y’uko ku mugoroba wa tariki ya 13 Kanama 2024, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame agize Dr.  Edouard Ngirente Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, […]

Kamonyi: Bahangayikishijwe n’umwijima uri mu nzira igana ku isoko rya Mushimba

August 14, 2024 Muvunankiko Valens 0

Abacuruzi n’abarema isoko ry’imboga n’imbuto rya Mushimba barasaba ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi gucanira umuhanda ugana ku isoko kugira ngo ubujura bakorerwa bugabanuke. Bamwe mu baganiriye […]

Gatsibo: Hari kubakwa uruganda rw’amazi ruzatwara Miliyali 7 Frw

August 14, 2024 Habiyaremye Japhet 0

Mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’amazi adahagije mu burasirazuba bw’u Rwanda, mu Karere ka Gatsibo, Umurenge wa Murambi hafi y’ikiyaga cya Muhazi hari kubakwa uruganda […]

U Rwanda na Eswatini byasinyanye amasezerano y’ubufatanye

August 13, 2024 Muhire Obed 0

Kuri uyu wa Kabiri, tariki 13 Kanama 2024, u Rwanda na Eswatini byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’umutekano, kwita ku bagororwa no gukurirwaho VISA ku […]

REG BBC vs Kepler BBC, Espoir BBC vs UGB BBC: Imikino y’ingenzi mu gushaka amakipe azakina Playoffs

August 13, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Kuri uyu wa Kabiri, tariki 13 Kanama 2024, hateganyijwe imikino ifite byinshi isobanuye ku makipe ahatanira kuzaza mu makipe 4 ya mbere muri shampiyona y’u […]

Gicumbi-Byumba: Barasaba ko bakwegerezwa amazi meza

August 12, 2024 Muhire Obed 0

Abatuye mu Kagari ka Gasharu ho mu Murenge wa Byumba, Akarere ka Gicumbi barasaba ko bakwegerezwa amazi kuko ayo bakoresha ari mabi kandi akaba abatera […]

Abakuru b’ibihugu barenga 20 bitabiriye umuhango wo kurahira kwa Perezida Kagame

August 12, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 11 Kanama 2024, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere. Ni umuhango wabereye […]

Perezida Kagame yavuze ko iyi manda nshya ari intangiriro yo gukora ibirenze

August 11, 2024 Muvunankiko Valens 0

Mu muhango wo kurahirira manda nshya y’imyaka 5 yatorewe tariki ya 15 Nyakanga 2024, Perezida Kagame yavuze mu myaka 30 ishize u Rwanda rwageze kuri […]

Kugarura amahoro mu Karere ni nshingano y’ibanze-Perezida Kagame 

August 11, 2024 Kwihangana Joshua 0

Mu birori byo kurahirira kongera kuyobora u Rwanda mu gihe cy’imyaka itanu, Perezida Paul Kagame yongeye kwibutsa ko amahoro mu karere u Rwanda ruherereyemo ari […]

Posts pagination

« 1 … 113 114 115 … 128 »

AMAKURU MASHYA

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

  • Minisitiri w’intebe wa Canada yavuze ko ubufatanye n’u Burayi butagamije guhangana na Amerika

    Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney, yavuze ko umugambi wo kurushaho gukorana n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) atari uwo gushyiraho ihuriro rishya ry’ibihugu rihangana n’izindi […]

  • Kamonyi: Ibigo 19 by’ubucukuzi byatanze akazi ku baturage binafasha mu mishinga y’iterambere

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko aka karere gafite ibigo 19 bikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, avuga ko ibikorwa byabyo bifasha abaturage kubona […]

  • Muhanga: Yihangiye umurimo wo gusana radio na telephone kugira ngo abashe kwiga neza

    Ishimwe Dieudonné w’imyaka 22 wiga mu mwaka wa mbere mu ishami ry’itangazamakuru mu ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi, yihangiye umurimo wo gusana radio na telefoni […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS