• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abaminisitiri bashya

August 19, 2024 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 19 Nyakanga 2024, mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye indahiro z’abaminisitiri bashya […]

Perezida Kagame yasabye abayobozi bashya gukosora ibitarakozwe neza muri manda ishize

August 19, 2024 Kwihangana Joshua 0

Mu muhango wo kwakira indaziho z’abagize Guverinoma n’Umuyobozi mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yongeye kwibutsa abayobozi bashya ko inshingano zabo […]

Umumaro wa gahunda y’Intore mu Biruhuko

August 19, 2024 ICK News 0

Mu gihe urubyiruko hirya no hino ruri muri gahunda y’intore mu biruhuko, bamwe mu bitabiriye iyi gahunda mu myaka ishize bavuga ko ari ingirakamaro cyane […]

Ni muntu ki? Ibyo wamenya kuri Dr. Ngirente, Minisitiri w’Intebe

August 18, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Ku wa Gatatu w’iki cyumweru, tariki ya 14 Kanama 2024, Dr. Edouard Ngirente yarahiriye kongera kuba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda nyuma yo gusoza imyaka irindwi […]

Kamonyi: Barashima gahunda ya Twigire mu mikino Rwanda

August 17, 2024 Muvunankiko Valens 0

Bamwe mu babyeyi bo mu Murenge wa Kayenzi ho mu karere ka Kamonyi, barishimira impinduka nziza zikomeje kugaragara ku bana babo biturutse kuri gahunda ya […]

Byinshi wamenya ku ndwara y’Ubushita yamaze gushyirwa mu zihangayikishije isi

August 16, 2024 Umutesi Aline 0

Ishami ry’umuryango w’Abibumbye wita ku Buzima (WHO) ryamaze gushyira indwara y’Ubushita bw’inkende mu zihangayikishije isi. Nk’uko byatangajwe n’Umuyobozi wa WHO, Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus kuba […]

Kutagira umuriro n’abawufite ukaba muke bibangamiye abatuye muri tumwe mu duce twa Gicumbi

August 16, 2024 Muhire Obed 0

Abaturage bo mu dusanteri twa Rwambariro na Gasiza, mu Murenge wa Byumba ho mu Karere ka Gicumbi barasaba kwegerezwa umuriro w’amashanyarazi kuko bakora urugendo rurerure […]

Kibeho si iya Gikongoro gusa-Musenyeri Selesitini HAKIZIMANA

August 16, 2024 Umutesi Aline 0

Mu birori byo guhimbaza Umunsi mukuru wa Asomusiyo i Kibeho kuri uyu wa Kane tariki 15 Kanama 2024, Musenyeri Selestini HAKIZIMANA, Umwepiskopi wa Diyosezi ya […]

APR BBC na Patriots BBC: Umukino w’ishiraniro kandi usobanuye byinshi muri Shampiyona

August 16, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Abakunzi benshi b’umukino w’amaboko wa basketball bategerezanyije amatsiko umukino ukomeye uri buhuze APR BBC na Patriots BBC kuko ariwo uri bugene uwicara ku mwanya wa […]

RALGA ikomeje gahunda yo kuzamura umubare w’abagore bakora mu nzego z’ibanze

August 14, 2024 Umutesi Aline 0

Mu rwego rwo gukomeza kuziba icyuho kikigaragara mu nzego z’ibanze aho 30% y’abagore itaragerwaho, Ishyirahamwe rihuza Inzego z’ibanze n’Umujyi wa Kigali (RALGA) ryakiriye abakobwa n’abagore bamaze […]

Posts pagination

« 1 … 112 113 114 … 128 »

AMAKURU MASHYA

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

  • Minisitiri w’intebe wa Canada yavuze ko ubufatanye n’u Burayi butagamije guhangana na Amerika

    Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney, yavuze ko umugambi wo kurushaho gukorana n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) atari uwo gushyiraho ihuriro rishya ry’ibihugu rihangana n’izindi […]

  • Kamonyi: Ibigo 19 by’ubucukuzi byatanze akazi ku baturage binafasha mu mishinga y’iterambere

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko aka karere gafite ibigo 19 bikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, avuga ko ibikorwa byabyo bifasha abaturage kubona […]

  • Muhanga: Yihangiye umurimo wo gusana radio na telephone kugira ngo abashe kwiga neza

    Ishimwe Dieudonné w’imyaka 22 wiga mu mwaka wa mbere mu ishami ry’itangazamakuru mu ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi, yihangiye umurimo wo gusana radio na telefoni […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS