15:30′ Amatora2024: Amasaha yo gutora yongerewe
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15 Nyakanga 2024, Abanyarwanda batuye imbere mu gihugu bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’Abadepite. Aya matora […]
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15 Nyakanga 2024, Abanyarwanda batuye imbere mu gihugu bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’Abadepite. Aya matora […]
Mu gihe Abanyarwanda baba mu bihugu by’amahanga baramukiye mu matora, bamwe mu batuye muri Leta zunze Ubumwe za Amerika barifuza ko mu matora y’Ubutaha hazakoreshwa […]
Tariki ya 14 na 15 Nyakanga 2024, mu Rwanda hateganyijwe amatora ya Perezida wa Repubulika yakomatanyirijwe hamwe n’amatora y’abadepite. Ni amatora yakomatanyijwe kubera impamvu zirimo; […]
Mu gihe habura iminsi mike ngo amatora y’umukuru w’igihugu n’ay’abadepite abe, urubyiruko rw’abakorerabushake ‘youth volunteers’ rukomeje kugaragaza umusanzu mu bikorwa byose bijyanye n’amatora. Bimwe muri […]
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukwirakwiza Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) kirasaba abaturage kwirinda gusesagura amazi muri iki gihe cy’impeshyi. Ibi byatangajwe nyuma y’uko mu bice bimwe na […]
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere nibwo Ikipe y’Umupira w’amaguru y’Ingabo z’u Rwanda ‘APR FC’ yahagurutse i Shyorongi yerekeza ku kibuga Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga […]
Kuri iki cyumweru tariki 7 Nyakanga 2024, Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda mu mukino wa ‘Handball’ yegukanye igikombe cya Shampiyona itsinze POLICE HC ibitego 35 kuri […]
Imyaka itanu irashize, Polisi y’u Rwanda itangiye kwifashisha camera zigenzura umuvuduko muri gahunda yo kurushaho kwimakaza umutekano wo mu muhanda hifashishijwe ubwenge karemano buzwi nka […]
Tariki 4 Nyakanya 1994 kugeza tariki 4 Nyakanga 2024, Imyaka 30 irashize u Rwanda rwibohoye nyuma y’uko Ingabo zari iza RPA zihagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi […]
Nyuma y’amezi atandatu bahawe umuriro, bamwe mu baturage bo mu Mudugugu wa Fumbwe, Akagali ka Gasagara, Umurenge wa Rongi ho mu Karere ka Muhanga bavuga […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS