• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

Muhanga: Inzu yahiye irakongoka

July 24, 2024 IRAMBONA Papias 0

Ahagana Saa cyenda z’igicamunsi cyo kuri uyu wa 24, Nyakanga, 2024 nibwo inzu y’uwitwa Bakundukize Pamphile iherereye mu Mudugudu wa Nyarucyamu ya mbere, Akagari ka […]

Muhanga: Barasaba ko imihanda ishyirwamo ibimenyetso

July 23, 2024 IRATUZI Bardine 0

Bamwe mu bakoresha imihanda yo mu mujyi wa Muhanga barasaba ko yashyirwamo ibimenyetso kugira ngo hirindwe bimwe mu bibazo bishobora guterwa n’uko ibyo bimenyetso bitarimo […]

Siporo n’Ubuzima: Inama z’impuguke mu myitozo ngororamubiri

July 23, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Kubera ihindagurika ry’imibereho ya muntu, muri iki gihe benshi bakunze guhura n’ingaruka zo kudakora siporo cyangwa se ugasanga hari n’abahuye n’ingaruka zo kuba bakoraga siporo […]

Inyungu iva mu nama n’imikino mpuzamahanga ku rubyiruko

July 23, 2024 Muhire Obed 0

U Rwanda ni kimwe mu bihugu byo ku Mugabane wa Afurika byahisemo gushora imari mu bikorwaremezo nk’amahoteli, inyubako zakira inama, ibibuga [….] hagamijwe kongera umubare […]

Abakiri bato bitabiriye isiganwa rya ‘Youth Racing Cup’ mu magare

July 22, 2024 Darius Shumbusho 0

Ku wa Gatandatu tariki ya 20 Nyakanga, muri parikingi ya Sitade yitiriwe Pele i Nyamirambo habereye isiganwa ngarukakwezi ryo gusiganirwa ku magare mu bakiri bato […]

Ikoranabuhanga mu MIRENGE SACCO: Amahirwe ku bagana serivisi z’imari

July 21, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Abagana ibigo by’imari biciriritse hirya no hino mu Rwanda barishimira ko batagikora urugendo rurerure berekeza aho ibyo bigo bikorera kubera ko hongewemo ikoranabuhanga ribafasha kubona […]

Kigali: Barasaba ikorwa ry’umuhanda Nyabugogo -Nyabyondo

July 20, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Abakoresha umuhanda Nyabugogo-Nyabyondo barasaba ko wakorwa kugira ngo batandukane n’ivumbi mu gihe cy’izuba n’icyondo mu gihe cy’imvura. Ikindi abakoresha uyu muhanda bagaragaza nk’imbogamizi ni umwijima […]

Kirehe: Ingo zirenga 1000 zahawe gaze

July 20, 2024 Habiyaremye Japhet 0

Kuri uyu 19 Nyakanga 2024 abaturage barenga 1000 bo mu Karere ka Kirehe bahawe amashyiga yo gutekeraho hakoreshejwe Gaze binyuze muri gahunda ya Leta izwi […]

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangaje by’agateganyo ibyavuye mu matora

July 18, 2024 Muvunankiko Valens 0

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki ya 18 Nyakanga 2024, Komisiyo y’Igihugu y’Amatorayatangaje k’uburyo bw’agateganyo ibyavuye mu matora ya Perezida wa Repubulika n’ayabadepite […]

Ahazaza Independent School: Barishimira umusaruro wabo mu bizamini bya Cambridge

July 15, 2024 KWIZERA Bernard 0

Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru, tariki ya 14 Nyakanga 2024, abagize umuryango mugari w’Ishuri ryigenga bagaragaje kwishimira umusaruro bagize mu bizamini mpuzamahanga bya Cambridge. […]

Posts pagination

« 1 … 110 111 112 … 121 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS