INES-Ruhengeri: Hibutswe Jenoside yakorewe Abatutsi, Urubyiruko ruhabwa umukoro
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 24 Gicurasi 2024, ni umunsi Umuryango mugari wa INES-Ruhengeri wari wahariye kwifatanya n’u Rwanda Kwibuka ku nshuro ya 30 […]
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 24 Gicurasi 2024, ni umunsi Umuryango mugari wa INES-Ruhengeri wari wahariye kwifatanya n’u Rwanda Kwibuka ku nshuro ya 30 […]
Abantu benshi, [by’umwihariko igitsina gore] bisiga ibirungo bitandukanye ku bice binyuranye by’umubiri hagamijwe kongera ubwiza no kugaragara neza mu bandi. Ibice binyuranye bigize isura nibyo […]
Umuyobozi w’Akarere ka Kirehe, Bwana Rangira Bruno yanenze abakozi bo mu rwego rw’ubuvuzi bavukije ubuzima abo bari bashinzwe kurengera muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. […]
Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka warangiye tariki 30 Kamena 2023 igaragaza ko mu turerere 25 n’Umujyi wa Kigali hari amavuriro y’ibanze 134 adakora. […]
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu buratangaza ko imyiteguro yo gufungura Icyambu cya Rubavu irimbanyije kuko biteganyijwe ko kizafungurwa mu kwezi gutaha. Ibi byatangarijwe TNT n’Umuyobozi […]
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe buratangaza ko nta gahunda ya none aha yo kuba hakorwa umuhanda Kibumwe-Kaduha nk’uko byari byasabwe n’abaturage basanzwe bakoresha uyu muhanda. Bamwe […]
Abaturage bo mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Musambira, Akagali ka Karengera, umudugudu wa Kamayanja barasaba koroherezwa kubona amazi meza hafi yabo kuko ubu bagura […]
Mu rukerera rwo kuri uri uyu wa Gatandatu, tariki 18 Gicurasi 2024, imbogo zasohotse muri Pariki y’Ibirunga zirara mu baturage batuye mu tugari tunyuranye two […]
None ku wa Gatanu tariki 17 Gicurasi 2024, abagize Urugaga rw’abikorera mu Karere ka Muhanga (PSF) baremeye imiryango y’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batuye mu Mudugudu […]
Mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ku rwego rw’Abikorera bo mu Karere ka Muhanga (PSF), Hon. Depite Kalinijabo […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS