• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

Nyanza: Hizihijwe umunsi w’Umuganura

August 2, 2024 Daniel Niyonkuru 0

Kuri uyu wa gatanu Tariki ya 2 Kanama 2024 nibwo mu Rwanda hizihizwaga umunsi ngaruka mwaka w’umuganura. Mu karere ka Nyanza, ibirori byo kwizihiza umunsi […]

Abagenda mu modoka rusange barasaba uburyo bwo gufasha abagira ikibazo cyo kuruka

August 2, 2024 Muhire Obed 0

Bamwe mu bagenzi bakoresha imodoka rusange mu bice binyuranye by’igihugu barasaba ko hashyirwaho uburyo bwo kujya bafasha abantu bahura n’ibibazo byo kuruka mu gihe bari […]

Uburwayi bw’Amenyo: Impamvu, ingaruka n’uburyo bwo kwirinda

August 1, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Amenyo ni kimwe mu bice by’umubiri by’ingenzi cyane kuko ariyo atuma umuntu abasha gushwanyaguza ibyo kurya mbere yo kubimira kugira ngo byoroshye igogora. N’ubwo bimeze […]

APR BBC yaraye ku mwanya wa mbere

August 1, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Mu mukino utari woroshye, APR BBC yaraye itsinze REG BBC amanota 77-75 bituma APR ifata umwanya wa mbere by’agateganyo. Uyu mukino w’umunsi wa 19 muri […]

REG BBC vs APR BBC: Icyo wamenya kuri aya makipe mbere y’umukino

July 31, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Umukino hagati ya REG BBC na APR BBC ni umwe mu itegerejwe cyane n’abakunzi b’umukino w’amaboko wa Basketball kuri uyu wa Gatatu, tariki 31 Nyakanga […]

Muhanga: Ishuri Ahazaza ryagaragaje umusaruro mwiza mu bizamini by’Igifaransa ku rwego mpuzamahanga

July 30, 2024 ICK News 0

Ishuri ‘Ahazaza Independent School’ riherereye mu Murenge wa Nyamabuye, Akarere ka Muhanga ryongeye kugaragaza umusaruro mwiza mu bizamini mpuzamahanga by’Igifaransa bizwi nka ‘Diplôme d’Études en […]

Abarimu biga muri kaminuza bari mu gihirahiro kubera gahunda nzamurabushobozi mu mashuri abanza

July 30, 2024 Muvunankiko Valens 0

Abarimu biga muri kaminuza zinyuranye mu gihe cy’ibiruhuko bari mu gihirahiro kuko batazi uko bazafatanya gahunda nzamurabushobozi no kwiga. Gahunda nzamurabushobozi yashyizweho n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe […]

Abanyarwanda babiri bagaragaweho ‘Monkeypox’, RBC Itanga Umuburo

July 28, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko mu Rwanda hamaze kugaragara babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende izwi nka ‘Monkeypox’. RBC ivuga ko abo iyi ndwara […]

ICK: Umwe mu banyeshuri yitabye Imana

July 25, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Nyakanaga 2024 nibwo humvikanye inkuru mbi ko Uzamurera Margaritte wari umunyeshuri muri ICK yitabye Imana. Uzamurera yari umunyeshuri […]

Kwizigamira: Isoko y’amasaziro meza

July 25, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga wungirije ushinzwe Imibereho myiza y’Abaturage, Bwana Mugabo Gilbert yongeye kwibutsa abakiri bato kwizigamira kugira ngo bazagire amasaziro meza. Ibi byavuzwe kuri […]

Posts pagination

« 1 … 109 110 111 … 121 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS