• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

Kamonyi yaciye ubucuruzi bukorerwa muri za kontineri

September 15, 2024 Muvunankiko Valens 0

Muri iyi minsi, Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwatangiye igikorwa cyo guca ubucuruzi bukorerwa muri za kontineri mu rwego rwo gukumira akajagari no kwirinda ko ubwinshi […]

Sobanukirwa ‘anthropomorphism’ itera bamwe kugirira amarangamutima ibidafite ubuzima

September 13, 2024 Umutesi Aline 0

Ushobora kuba uzi umuntu ukunda gutonganya ibikoresho bye, cyangwa se akagaragariza amarangamutima ibindi bintu bitari abantu. Kimwe mu byo abashakashatsi bahurizaho ku gitera umuntu kwitwara […]

Nyampinga w’Ububiligi arasaba abanyamahanga kureka kugaragaza Afurika uko itari

September 12, 2024 Kwihangana Joshua 0

Tariki 10 Nzeri 2024, nibwo Nyampinga w’Ububiligi wa 2024, Kenza Johanna Ameloot, abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yasangije abamukurikira ifoto ari kumwe n’abana b’abanyeshuri […]

Bimwe mu byo wamenya kuri Nyampinga w’Ububiligi 2024 ufite inkomoko mu Rwanda

September 12, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Mu ntangiro z’iki Cyumweru nibwo inkuru yabaye kimomo ko Nyampinga w’Ububiligi wa 2024, Kenza Johanna Ameloot ari mu ruzinduko mu Rwanda. By’umwihariko kuva ku wa […]

‘Light for the World’ na Nyampinga w’Ububiligi bashimye ubuvuzi bw’amaso i Kabgayi

September 11, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kuri uyu wa 11 Nzeri 2024 Ibitaro, intumwa z’umuryango nterankunga ukorera mu gihugu cy’Ububiligi ‘Light for the World Belgium’ na Nyampinga w’Ububiligi wa 2024 basoje […]

Muhanga: Urubyiruko rurishimira ubumenyi ruhabwa n’umushinga Hanga Hubs

September 11, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Bamwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Muhanga babonye amahirwe yo kwitabira amahugurwa atangwa binyuze mu mushinga Hanga Hubs ugamije gufasha ndetse no kwigisha urubyiruko […]

Apple yamuritse ikoranabuhanga rizaba rigize iPhone 16, AirPods 4 na Apple Watch 10

September 10, 2024 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 9 Nzeri 2024, Uruganda rw’Abanyamerika rwa Apple ruzwiho gukora telefoni zigezweho n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga rwatangaje ikoranabuhanga rishya riri mu […]

Menya impamvu ukwiye kugira uruhare mu kubungabunga ibishanga

September 10, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Mu myaka Itandukanye Leta y’u Rwanda yagiye yimura abaturage bari batuye mu bishanga hagamijwe ahanini kurengera ubuzima bwabo mu gihe cy’ibiza ndetse no gusigasira ibyo […]

Kayenzi: Ababikira 9 bakoze amasezerano ya burundu mu ‘Intumwa za Yezu, Mariya na Yozefu’

September 10, 2024 NDAHAYO Elias 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki 9 Nzeri 2024, kuri Paruwasi Kayenzi, Ababikira ikenda bo mu Muryango ‘Intumwa za Yezu Mariya na Yozefu’ bakoze amasezerano ya […]

Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yamuritse gahunda ya guverinoma y’imyaka 5

September 9, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 9 Nzeri 2024, Minisitri w’intebe Dr. Ngirente Edouard yamurikiye Inteko Inshinga Amategeko, imitwe yombi gahunda ya Guverinoma y’imyaka itanu […]

Posts pagination

« 1 … 108 109 110 … 128 »

AMAKURU MASHYA

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

  • Minisitiri w’intebe wa Canada yavuze ko ubufatanye n’u Burayi butagamije guhangana na Amerika

    Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney, yavuze ko umugambi wo kurushaho gukorana n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) atari uwo gushyiraho ihuriro rishya ry’ibihugu rihangana n’izindi […]

  • Kamonyi: Ibigo 19 by’ubucukuzi byatanze akazi ku baturage binafasha mu mishinga y’iterambere

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko aka karere gafite ibigo 19 bikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, avuga ko ibikorwa byabyo bifasha abaturage kubona […]

  • Muhanga: Yihangiye umurimo wo gusana radio na telephone kugira ngo abashe kwiga neza

    Ishimwe Dieudonné w’imyaka 22 wiga mu mwaka wa mbere mu ishami ry’itangazamakuru mu ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi, yihangiye umurimo wo gusana radio na telefoni […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS