Kamonyi yaciye ubucuruzi bukorerwa muri za kontineri
Muri iyi minsi, Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwatangiye igikorwa cyo guca ubucuruzi bukorerwa muri za kontineri mu rwego rwo gukumira akajagari no kwirinda ko ubwinshi […]
Muri iyi minsi, Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwatangiye igikorwa cyo guca ubucuruzi bukorerwa muri za kontineri mu rwego rwo gukumira akajagari no kwirinda ko ubwinshi […]
Ushobora kuba uzi umuntu ukunda gutonganya ibikoresho bye, cyangwa se akagaragariza amarangamutima ibindi bintu bitari abantu. Kimwe mu byo abashakashatsi bahurizaho ku gitera umuntu kwitwara […]
Tariki 10 Nzeri 2024, nibwo Nyampinga w’Ububiligi wa 2024, Kenza Johanna Ameloot, abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yasangije abamukurikira ifoto ari kumwe n’abana b’abanyeshuri […]
Mu ntangiro z’iki Cyumweru nibwo inkuru yabaye kimomo ko Nyampinga w’Ububiligi wa 2024, Kenza Johanna Ameloot ari mu ruzinduko mu Rwanda. By’umwihariko kuva ku wa […]
Kuri uyu wa 11 Nzeri 2024 Ibitaro, intumwa z’umuryango nterankunga ukorera mu gihugu cy’Ububiligi ‘Light for the World Belgium’ na Nyampinga w’Ububiligi wa 2024 basoje […]
Bamwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Muhanga babonye amahirwe yo kwitabira amahugurwa atangwa binyuze mu mushinga Hanga Hubs ugamije gufasha ndetse no kwigisha urubyiruko […]
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 9 Nzeri 2024, Uruganda rw’Abanyamerika rwa Apple ruzwiho gukora telefoni zigezweho n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga rwatangaje ikoranabuhanga rishya riri mu […]
Mu myaka Itandukanye Leta y’u Rwanda yagiye yimura abaturage bari batuye mu bishanga hagamijwe ahanini kurengera ubuzima bwabo mu gihe cy’ibiza ndetse no gusigasira ibyo […]
Kuri uyu wa Mbere, tariki 9 Nzeri 2024, kuri Paruwasi Kayenzi, Ababikira ikenda bo mu Muryango ‘Intumwa za Yezu Mariya na Yozefu’ bakoze amasezerano ya […]
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 9 Nzeri 2024, Minisitri w’intebe Dr. Ngirente Edouard yamurikiye Inteko Inshinga Amategeko, imitwe yombi gahunda ya Guverinoma y’imyaka itanu […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS