• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

Nyanza: Abanyeshuri baterwa inkunga n’umushinga WPF bahawe inama zibafasha gutsinda neza amasomo yabo

April 25, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Kuri uyu wa Gatatu tariki 24 Mata 2023, Abagize umushinga Women Progress Family (WPF) basuye abanyeshuri baterwa inkunga n’uyu mushinga biga mukigo cya G.S Kaganza […]

Umuco wo gusoma ibitabo mu banyeshuri ba kaminuza ukomeje gukura nk’isabune

April 23, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Mu gihe none tariki 23 Mata ari Umunsi Mpuzamahanga w’Igitabo, impungenge zikomeje kuba nyinshi ku muco wo gusoma ibitabo cyane cyane mu bakiri bato kuko […]

Kamonyi: Umwe muri batatu bagwiriwe n’ikirombe amaze gupfa, abandi ntibarakurwamo

April 23, 2024 Muvunankiko Valens 0

Nyuma y’uko ku mugoroba w’uyu wa Mbere umwe mu bari bagwiriwe n’ikirombe akuwemo, kuri ubu amakuru aremeza ko yamaze gupfa aguye mu Bitaro bya Kigali […]

Kamonyi-Karama: Imibiri 495 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yashyinguwe mu cyubahiro

April 22, 2024 Muvunankiko Valens 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 22 Mata 2024, Ubuyobozi bw’Intara y’amajyepfo bwifatanyije n’Akarere ka Kamonyi mu gikorwa cyo gushyingura mu cyubahiro imibiri 495 y’abazize […]

Ruhango-Kinazi: Imibiri 30 yashyinguwe mu cyubahiro

April 22, 2024 ICK News 0

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 21 Mata 2024, Minisitiri Jean Claude Musabyimana w’Ubutegetsi bw’Igihugu n’abandi banyacyubahiro banyuranye bifatanyije n’abaturage bo mu Karere ka Ruhango, Umurenge […]

Kwibuka30: Ibyo wamenya ku Mwamikazi wa nyuma w’u Rwanda wibukwa none

April 20, 2024 Philos Muhire 0

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki 20 Mata 2024, mu Rwunge rw’amashuri rwa Mater Dei i Nyanza hari kubera umuhango wo Kwibuka ku nshuro ya 30 […]

Amafoto: Diyosezi ya Kabgayi yatashye inyubako nshya y’Ishuri rya St André Gitarama

April 19, 2024 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki 19 Mata 2024, Diyosezi ya Kabgayi yatashye inyubako nshya y’ikigo cy’amashuri cyisunze Mutagatifu Andereya Gitarama. Umuhango wo gutaha iyi nyubako […]

Inama za RBC ku kwirinda kurumwa na Sikorupiyo ifite ubumara bwica

April 18, 2024 Philos Muhire 0

Mu butumwa bw’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima (RBC) cyanyujije ku rubuga rwa X, cyongeye kwibutsa Abanyarwanda ko bakwiye kwirinda agasimba kitwa Indyanishamurizo (Sikorupiyo) kuko kurumwa na […]

Urubyiruko ruributswa ko rwifitemo ubushobozi bwo gukemura ibibazo bikibangamiye igihugu

April 17, 2024 NDAHAYO Elias 0

Mu mahugurwa y’iminsi ibiri y’icyiciro cya kane cy’umushinga wo kwimakaza Ubunyarwanda mu rubyiruko rwo mu mashuri Makuru na Kaminuza, “Ndi Umunyarwanda Integration Project”, urubyiruko rwongeye […]

Mu myaka4: Unity Club imaze gushinga amatsinda 33 y’Ubumwe n’Ubudaheranwa mu mashuri makuru na kaminuza

April 17, 2024 UMUTONIWASE Christella 0

Kuva kuri uyu wa Gatatu, tariki 17 Mata 2024, abanyeshuri bo mu mashuri makuru na kaminuza byo mu Rwanda bari mu mahugurwa y’iminsi ibiri ku […]

Posts pagination

« 1 … 120 121

AMAKURU MASHYA

  • Donatille Mukabalisa wayoboye umutwe w’abadepite yitabye Imana

    Donatille Mukabalisa yitabye Imana nyuma y’igihe arwaye. Yari amaze iminsi avurirwa mu bitaro bya byitiriwe Umwami Faisal Hospital i Kigali, aho yari ari kwitabwaho n’abaganga. […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS