• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by Akimana Desange

Ikibuga cy’indege cya Khartoum kigiye kongera gufungura imiryango

August 15, 2025 Akimana Desange 0

bamwe mu bagize ubuyobozi bw’Inzibacyuho iyoboye Sudan basuye Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Khartoum kugira ngo barebe aho imirimo yo kugisana igeze, nyuma y’imyaka irenga ibiri […]

Loni irasaba isi yose guhagurukira ikibazo cy’abana bakoreshwa imirimo ivunanye

May 15, 2025 Akimana Desange 0

Umuryango w’Abibumbye ukomeje gusaba ubufatanye mu guhangana n’ikibazo cy’abana bakoreshwa imirimo ivunanye mu gihe abandi bacuruzwa. Ibi ni ibyagarutsweho kuri uyu wa 13 Gicurasi 2025 […]

Ubuzima n’amateka by’Intwari z’u Rwanda

January 31, 2025 Akimana Desange 0

Ejo ku wa Gatandatu, tariki ya 1 Gashyantare 2025, u Rwanda ruzizihiza Umunsi mukuru ngarukamwaka w’Intwari, kuko ari umunsi wo kwibuka ibikorwa byaranze intwari. Ni […]

Muhanga: MINUBUMWE yaganiriye n’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

January 15, 2025 Akimana Desange 0

Kuri uyu wa 14 Mutarama 2025, Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) yagiranye ibiganiro n’ abakozi bo mu nzego z’ibanze n’abahagarariye imiryango irengera inyungu z’abarokotse […]

Bamwe mu bana ba ICK batuma amakuru aturyohera

December 21, 2024 Akimana Desange 0

Umuryango mugari w’Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) uracyari mu byishimo by’abanyeshuri barenga igihumbi basoje amashuri y’ikiciro cya mbere n’icya kabiri cya Kaminuza, akaba ari […]

Musanze: Uruhare rw’urubyiruko mu kurwanya inda zidateganyijwe

November 4, 2024 Akimana Desange 0

Urubyiruko rwo mu Karere ka Musanze rwatangaje ko kwifata no gukoresha udukingirizo  ari bwo buryo rukoresha mu kurwanya inda zidateganyijwe, rusaba ababyeyi kurushaho kuganiriza abana […]

Abanyeshuri 20 bahuguwe ku kwandika inkuru ziharanira Uburinganire

October 31, 2024 Akimana Desange 0

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 31 Ukwakira 2024, abanyeshuri 20 biga itangazamakuru muri kaminuza enye zo mu Rwanda basoje amahugurwa y’iminsi itatu ku binyanye […]

Ubuzima bw’umuhanda si amahitamo yacu-Abazunguzayi b’i Muhanga

October 22, 2024 Akimana Desange 0

Mu mujyi wa Muhanga, bamwe mubakora ubucuruzi butemewe bazwi nk’abazunguzayi barasaba ubuyobozi bw’akarere kubafasha bakava mu mihanda kuko ubuzima babayemo bubagora bikabije. Aba bacuruzi biganjemo […]

Kwibuka30: Hibutswe imiryango yazimye kubera Jenoside yakorewe Abatutsi

June 2, 2024 Akimana Desange 0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa 1 Kamena 2024, muri Stade mpuzamahanga ya Huye habereye umugoroba wo Kwibuka imiryango yazimye burundu izize Jenoside yakorewe Abatutsi […]

Kabgayi: Abakateshiste bashya 52 bahawe ubutumwa

May 27, 2024 Akimana Desange 0

Kuri iki Cyumweru, tariki 26 Gicurasi 2024 Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi yahaye ubutumwa Abakateshiste 52 bashya bo muri paruwasi zinyuranye zigize […]

Posts pagination

1 2 »

AMAKURU MASHYA

  • Shema Fabrice yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

    Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo, mu gihe akurikiranweho gutanga sheki ebyiri zitazigamiye zifite agaciro ka […]

  • Amavubi U20 azakina CECAFA Qualifiers za AFCON

    Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 izitabira imikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 20 muri Zone ya CECAFA. Ibi bije nyuma […]

  • Muhanga: Abaturage barishimira gahunda y’igitondo cy’isuku mu isoko rya Muhanga

    Bamwe mu baturage baturiye isoko rigezweho rya Muhanga riherereye mu murenge wa Nyamabuye, barishimira gahunda y’ikorwa ry’isuku muri iryo soko, byongereye ubuziranenge bw’ibicuruzwa bitandukanye byiganjemo […]

  • Ariana Grande yasoje urugendo rw’ibitaramo rwa ‘Eternal Sunshine Tour’

    Umuhanzikazi w’Umunyamerika Ariana Grande yasobanuye ko urugendo rwe rw’ibitaramo rwa “Eternal Sunshine Tour” rwabaye kimwe mu bihe byiza, byihariye kandi bitazibagirana mu buzima bwe. Ariana […]

  • Minisitiri Ndabamenye yavuze ko imiyoborere myiza ari inkingi y’ingenzi mu guhindura imikorere y’urwego rw’ibiribwa muri Afurika

    Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Telesphore Ndabamenye, yavuze ko Afurika ifite amahirwe yo kubaka urwego rw’ibiribwa rutuma nta mwana usonza, abahinzi bakabona inyungu zibahesha imibereho myiza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS