• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by NSENGUMUKIZA Emmanuel

Abanyeshuri basabwe kuba abambasaderi b’uburenganzira bwa muntu

March 7, 2026 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Umuyobozi wa Komisiyo y’igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu NCHR), Umurungi Providence yashishikarije abanyeshuri bo muri za kaminuza, amashuri makuru n’amashuri yisumbuye kuba intumwa zo gukangurira abandi […]

U Rwanda rwabaye urwa gatatu muri Afurika mu kurwanya ruswa

February 10, 2026 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Kuri uyu wa 10 Gashyantare 2026, hagaragajwe ubushakashatsi bwakozwe n’Umuryango ‘Transparency International’ bugaragaza ko u Rwanda rwitwaye neza mu bipimo byo kurwanya ruswa, aho rwaje […]

Nyamagabe: Ibihumyo nk’igisubizo mu kunganira gahunda yo kugaburira abana ku mashuri

October 29, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Mu rwego rwo kwishakamo ibisubizo no guhangana n’ikibazo cy’igwingira mu bakiri bato, amwe mu mashuri yo mu Karere ka Nyamagabe akomeje gahunda yo gushyira imbaraga […]

Abaturage barasaba ubukangurambaga ku ndwara zitandura

September 27, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Ubushakashatsi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) bwo muri 2022 bugaragaraza ko indwara zitandura zikomeje kwoyongera mu baturarwanda. Ubu bushakashatsi bugaragaza ko indwara y’umuvuduko w’amaraso yiyongereye […]

Ikoranabuhanga mu MIRENGE SACCO: Amahirwe ku bagana serivisi z’imari

July 21, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Abagana ibigo by’imari biciriritse hirya no hino mu Rwanda barishimira ko batagikora urugendo rurerure berekeza aho ibyo bigo bikorera kubera ko hongewemo ikoranabuhanga ribafasha kubona […]

Kigali: Ubuke bw’ibyuma bigenzura amafaranga ku makarita, imwe mu mpamvu yo kwibwa  

June 11, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Bamwe mu bagenzi bakoresha imodoka rusange mu ngendo zo mu mujyi wa Kigali baragaragaza ko ubuke bw’ibyuma bigenzura amafaranga ku makarita azwi nka ‘Tap&Go’ butuma […]

Nyamagabe-Kibirizi: Barashima ko hari icyakozwe ku buke bw’abaforomo

June 6, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Nyuma y’amezi arenga ane yari ashize Ikigonderabuzima cya Kibirizi gifite abaforomo batarenze batatu, kuri ubu abahivuriza barashima ko hari icyakozwe kuri icyo kibazo. Nyuma yo […]

Ubuto bwa Gare ya Nyabugogo bukomeje kubangamira urujya n’uruza

May 27, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Bamwe mu bakoresha Gare ya Nyabugogo bakomeje kugaragaza ko ubuto bwayo busigaye bubangamira urujya n’uruza ndetse bikanaba intandaro yo gukererwa kuri bamwe mu bagenzi kuko […]

Nyamagabe: Abari bategereje ikorwa ry’umuhanda Kibumbwe-Kaduha babe bihanganye

May 20, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe buratangaza ko nta gahunda ya none aha yo kuba hakorwa umuhanda Kibumwe-Kaduha nk’uko byari byasabwe n’abaturage basanzwe bakoresha uyu muhanda. Bamwe […]

AMAKURU MASHYA

  • Muhanga: Yihangiye umurimo wo gusana radio na telephone kugira ngo abashe kwiga neza

    Ishimwe Dieudonné w’imyaka 22 wiga mu mwaka wa mbere mu ishami ry’itangazamakuru mu ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi, yihangiye umurimo wo gusana radio na telefoni […]

  • Perezida Kagame yakiriye mugenzi we Romuald Wadagni wa Bénin

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye muri Village Urugwiro Perezida wa Repubulika ya Bénin, Romuald Wadagni, kuri uyu wa 16 Nzeri 2026 ubwo […]

  • Minisitiri Utumatwishima yasabye urubyiruko kurangwa n’ubunyangamugayo mu bucuruzi

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Abdallah, yasabye ba rwiyemezamirimo b’urubyiruko bo mu cyaro gukora imishinga irangwa n’ubunyangamugayo, ubuziranenge no kwirinda ibikorwa bishobora kugira ingaruka […]

  • Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutseho 9.4% mu gihembwe cya kabiri cya 2026

    Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko Umusaruro Mbumbe w’u Rwanda (GDP) wazamutseho 9.4% mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka wa 2026, ugereranyije n’igihembwe nk’icyo mu 2025, […]

  • U Bushinwa bwakajije amabwiriza ku baturage bajya mu mahanga

    Ubushinwa bwakajije igenzura ku ngendo z’abaturage bajya mu mahanga, nyuma y’uko hatangiye gukurikizwa amategeko mashya agenga gusohoka no kwinjira mu gihugu. Aya mategeko aha inzego […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS