• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by NSENGUMUKIZA Emmanuel

Abanyeshuri basabwe kuba abambasaderi b’uburenganzira bwa muntu

March 7, 2026 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Umuyobozi wa Komisiyo y’igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu NCHR), Umurungi Providence yashishikarije abanyeshuri bo muri za kaminuza, amashuri makuru n’amashuri yisumbuye kuba intumwa zo gukangurira abandi […]

U Rwanda rwabaye urwa gatatu muri Afurika mu kurwanya ruswa

February 10, 2026 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Kuri uyu wa 10 Gashyantare 2026, hagaragajwe ubushakashatsi bwakozwe n’Umuryango ‘Transparency International’ bugaragaza ko u Rwanda rwitwaye neza mu bipimo byo kurwanya ruswa, aho rwaje […]

Nyamagabe: Ibihumyo nk’igisubizo mu kunganira gahunda yo kugaburira abana ku mashuri

October 29, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Mu rwego rwo kwishakamo ibisubizo no guhangana n’ikibazo cy’igwingira mu bakiri bato, amwe mu mashuri yo mu Karere ka Nyamagabe akomeje gahunda yo gushyira imbaraga […]

Abaturage barasaba ubukangurambaga ku ndwara zitandura

September 27, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Ubushakashatsi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) bwo muri 2022 bugaragaraza ko indwara zitandura zikomeje kwoyongera mu baturarwanda. Ubu bushakashatsi bugaragaza ko indwara y’umuvuduko w’amaraso yiyongereye […]

Ikoranabuhanga mu MIRENGE SACCO: Amahirwe ku bagana serivisi z’imari

July 21, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Abagana ibigo by’imari biciriritse hirya no hino mu Rwanda barishimira ko batagikora urugendo rurerure berekeza aho ibyo bigo bikorera kubera ko hongewemo ikoranabuhanga ribafasha kubona […]

Kigali: Ubuke bw’ibyuma bigenzura amafaranga ku makarita, imwe mu mpamvu yo kwibwa  

June 11, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Bamwe mu bagenzi bakoresha imodoka rusange mu ngendo zo mu mujyi wa Kigali baragaragaza ko ubuke bw’ibyuma bigenzura amafaranga ku makarita azwi nka ‘Tap&Go’ butuma […]

Nyamagabe-Kibirizi: Barashima ko hari icyakozwe ku buke bw’abaforomo

June 6, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Nyuma y’amezi arenga ane yari ashize Ikigonderabuzima cya Kibirizi gifite abaforomo batarenze batatu, kuri ubu abahivuriza barashima ko hari icyakozwe kuri icyo kibazo. Nyuma yo […]

Ubuto bwa Gare ya Nyabugogo bukomeje kubangamira urujya n’uruza

May 27, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Bamwe mu bakoresha Gare ya Nyabugogo bakomeje kugaragaza ko ubuto bwayo busigaye bubangamira urujya n’uruza ndetse bikanaba intandaro yo gukererwa kuri bamwe mu bagenzi kuko […]

Nyamagabe: Abari bategereje ikorwa ry’umuhanda Kibumbwe-Kaduha babe bihanganye

May 20, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe buratangaza ko nta gahunda ya none aha yo kuba hakorwa umuhanda Kibumwe-Kaduha nk’uko byari byasabwe n’abaturage basanzwe bakoresha uyu muhanda. Bamwe […]

AMAKURU MASHYA

  • CG Namuhoranye yasabye abapolisi bagiye mu butumwa bw’amahoro muri Santarafurika guhesha ishema u Rwanda

    Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Nyakanga 2026, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yahaye impanuro itsinda ry’abapolisi bitegura kujya mu […]

  • Gisagara: Hamenwe ritiro 3,000 z’inzoga zitujuje ubuziranenge

    Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo, ku bufatanye n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage, yamennye litiro zirenga 3,000 z’inzoga z’inkorano zizwi nka “Nyirantare”, zari zafatiwe mu […]

  • Kigali: Abamotari n’abagenzi ntibavuga rumwe ku biciro by’ingendo

    Abatega moto zitwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali bagaragaza ko bahangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro by’ingendo. Bavuga ko amafaranga bishyura yiyongereye ku buryo hari ingendo zimwe na […]

  • Nyamagabe: Inzego z’ubuyobozi n’umutekano zasabye abaturage gufatanya mu kurwanya ibyaha

    Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo bufatanyije n’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Polisi y’Igihugu n’izindi nzego, bwakanguriye abaturage bo mu Karere ka Nyamagabe kurushaho kugira uruhare mu gukumira ibyaha, […]

  • Perezida Kagame yasabye ko Afurika igira uruhare rugaragara mu iterambere rya AI

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko Afurika ikwiye kugira uruhare rukomeye mu iterambere ry’Ikoranabuhanga ry’Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI), agaragaza ko […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS