• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by NSENGUMUKIZA Emmanuel

Abanyeshuri basabwe kuba abambasaderi b’uburenganzira bwa muntu

March 7, 2026 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Umuyobozi wa Komisiyo y’igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu NCHR), Umurungi Providence yashishikarije abanyeshuri bo muri za kaminuza, amashuri makuru n’amashuri yisumbuye kuba intumwa zo gukangurira abandi […]

U Rwanda rwabaye urwa gatatu muri Afurika mu kurwanya ruswa

February 10, 2026 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Kuri uyu wa 10 Gashyantare 2026, hagaragajwe ubushakashatsi bwakozwe n’Umuryango ‘Transparency International’ bugaragaza ko u Rwanda rwitwaye neza mu bipimo byo kurwanya ruswa, aho rwaje […]

Nyamagabe: Ibihumyo nk’igisubizo mu kunganira gahunda yo kugaburira abana ku mashuri

October 29, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Mu rwego rwo kwishakamo ibisubizo no guhangana n’ikibazo cy’igwingira mu bakiri bato, amwe mu mashuri yo mu Karere ka Nyamagabe akomeje gahunda yo gushyira imbaraga […]

Abaturage barasaba ubukangurambaga ku ndwara zitandura

September 27, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Ubushakashatsi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) bwo muri 2022 bugaragaraza ko indwara zitandura zikomeje kwoyongera mu baturarwanda. Ubu bushakashatsi bugaragaza ko indwara y’umuvuduko w’amaraso yiyongereye […]

Ikoranabuhanga mu MIRENGE SACCO: Amahirwe ku bagana serivisi z’imari

July 21, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Abagana ibigo by’imari biciriritse hirya no hino mu Rwanda barishimira ko batagikora urugendo rurerure berekeza aho ibyo bigo bikorera kubera ko hongewemo ikoranabuhanga ribafasha kubona […]

Kigali: Ubuke bw’ibyuma bigenzura amafaranga ku makarita, imwe mu mpamvu yo kwibwa  

June 11, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Bamwe mu bagenzi bakoresha imodoka rusange mu ngendo zo mu mujyi wa Kigali baragaragaza ko ubuke bw’ibyuma bigenzura amafaranga ku makarita azwi nka ‘Tap&Go’ butuma […]

Nyamagabe-Kibirizi: Barashima ko hari icyakozwe ku buke bw’abaforomo

June 6, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Nyuma y’amezi arenga ane yari ashize Ikigonderabuzima cya Kibirizi gifite abaforomo batarenze batatu, kuri ubu abahivuriza barashima ko hari icyakozwe kuri icyo kibazo. Nyuma yo […]

Ubuto bwa Gare ya Nyabugogo bukomeje kubangamira urujya n’uruza

May 27, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Bamwe mu bakoresha Gare ya Nyabugogo bakomeje kugaragaza ko ubuto bwayo busigaye bubangamira urujya n’uruza ndetse bikanaba intandaro yo gukererwa kuri bamwe mu bagenzi kuko […]

Nyamagabe: Abari bategereje ikorwa ry’umuhanda Kibumbwe-Kaduha babe bihanganye

May 20, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe buratangaza ko nta gahunda ya none aha yo kuba hakorwa umuhanda Kibumwe-Kaduha nk’uko byari byasabwe n’abaturage basanzwe bakoresha uyu muhanda. Bamwe […]

AMAKURU MASHYA

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

  • Gutinya gukora ngo udakora ikosa, na byo ni ikosa – Perezida Kagame abwira abayobozi ba Afurika

    Perezida Paul Kagame yavuze ko imwe mu mbogamizi zituma Afurika itagera ku ntego zayo ari umuco wo gutinda gushyira mu bikorwa ibyemezo byafashwe, aho ibintu […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS