• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Weekend muri ICK: Icyo wakora igihe utari mu masomo

April 15, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi ni uruganda rw’Ubumenyi, aho amashuri yigirwamo ahora afite abanyeshuri, haba mu mibyizi, muri weekendi, yewe no mu biruhuko, iri ni […]

#BAL5: Al lttihad na Rivers Hoopers zabonye tike yo gukina imikino ya nyuma

April 14, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Mu mikino ya BAL iri kuba ku nshuro yayo ya 5 aho bari guhatanira itike y’imikino ya nyuma izabera i Pretoria muri Africa y’Epfo, Ikipe […]

Algeria yirukanye Abadipolomate 12 b’u Bufaransa

April 14, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bufaransa, Jean-Noël Barrot yahamije ko kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Mata 2025, Algeria yategetse Abadipolomate n’abakozi 12 b’Ambasade y’u […]

This Holy Week, Walk with Our Priests

April 14, 2025 Mukeshimana Odile 0

As we step into Holy Week, we cross a sacred threshold, a moment set apart in the Christian calendar to deeply contemplate the mystery of […]

Kwibuka31: Hateguwe irushanwa ryo kwibuka abari abakunzi n’abakinnyi ba Basketball

April 14, 2025 Darius Shumbusho 0

Ishyirahamwe ry’umukino w’amaboko wa basketball mu rwanda (FERWABA) ku bufatanye na Komite Olempike bateguye irushanwa ryo kwibuka abagize umuryango mugari wa Basketball bazize Jenoside yakorewe […]

Noboa yatsinze amatora ya Perezida muri Ecuador

April 14, 2025 Kwihangana Joshua 0

Perezida uri ku butegetsi muri Ecuador Daniel Noboa yatsinze bidasubirwayo icyiciro cya kabiri cy’amatora ya Perezida wa Repubulika bikaba bivuze ko agiye kuyobora iki gihugu […]

Kirehe: Barishimira isanwa ry’Urwibutso rwa Jenoside rwa Nyabitare

April 14, 2025 Habiyaremye Japhet 0

Abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994, bo mu Murenge wa Nyarubuye, Akarere ka Kirehe barishimira ko urwibutso ruruhukiyemo imibiri y’ababo rwasanwe nyuma y’imyaka irenga […]

Gabon: Oligui Nguema yatorewe kuba perezida

April 14, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Gen. Brice Oligui Nguema, wayoboye ihirikwa ry’ubutegetsi bwa Ali Bongo muri Kamena 2023, yatsinze amatora ya perezida yo ku wa Gatandatu n’amajwi 90.35%, nk’uko byagaragajwe […]

Tanzania: Ishyaka ritavuga rumwe na Leta ryakuwe ku rutonde rw’azitabira amatora

April 13, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ishyaka rya mbere rikomeye ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania, CHADEMA ryahagaritswe kuzitabira amatora y’uyu mwaka, nyuma y’imisi mike umuyobozi waryo ashinjwe icyaha cy’ubugambanyi. Umuyobozi ushinzwe […]

Kwibuka31: Abanyapolitiki barwanyije umugambi wa Jenoside yakorewe Abatutsi bibutswe

April 13, 2025 Philos Muhire 0

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 13 Mata 2025, ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Rebero, hasorejwe Icyumweru cy’Icyunamo, hazirikanwa abanyapolitiki 21 bishwe bazizwa kurwanya umugambi wa […]

Posts pagination

« 1 … 64 65 66 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS