• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

“Turifuza u Rwanda ruzira imvugo za Bagosora” — Minisitiri Mugenzi

April 13, 2025 Manishimwe Janvier 0

Kuri uyu wa 12 Mata 2025, ku Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Mukarange ruherereye mu Karere ka Kayonza, habaye igikorwa cyo kwibuka Abatutsi basaga […]

Ngoma: Bongeye gusaba ko kubaka Urwibutso rwa Jenoside rwa Zaza byitabwaho

April 13, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Karere ka Ngoma bongeye gusaba ubuyobozi bw’Akarere ko ibikorwa bibura kugira ngo Urwibutso rwa Zaza rwuzure byashyirwa mu ngengoyimari y’akarere. […]

Ibyo wamenya ku Bepiskopi Gatolika b’u Rwanda

April 13, 2025 Umutesi Aline 0

Ku wa 2 Gashyantare 1900 ni bwo Myr Hiriti n’abo bari kumwe bageze mu Rwanda. Ku wa 8 Gashyantare uwo mwaka, Abamisiyoneri bakambitse i Save, […]

U Bushinwa: Inkubi y’umuyaga yahagaritse ingendo z’indege

April 12, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umuyaga mwinshi wibasiye igihugu cy’u Bushinwa watumye ingendo z’indege zihagarikwa mu murwa mukuru Beijing, amashuri arafungwa ndetse n’amamiliyoni y’abantu asabwa kuguma mu ngo zabo. Bimwe […]

Gabon: Bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

April 12, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Mu gitongo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Mata 2025, abaturage bo muri Gabon bazindukiye mu matora yo kwihitiramo umukuru w’igihugu, aho ku […]

Bimwe mu byaranze tariki ya 12 Mata 1994

April 12, 2025 ICK News 0

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 12 Mata mu 1994, Jenoside yakorewe Abatutsi yarakomeje hirya no hino mu gihugu. Nk’uko bigaragara mu nyandiko yateguwe na Minisitiri […]

Muhanga-Shyogwe: Imyaka ibiri yo kuvana abatishoboye mu bukene iratanga icyizere

April 11, 2025 ICK News 0

Jean Baptiste Gatete na Daphrose Nyirabahenda, batuye mu Mudugudu wa Karama, Akagari ka Ruli, Umurenge wa Shyogwe w’Akarere ka Muhanga, barashimira ubufasha bahawe binyuze mu […]

Tanzaniya: Tundu Lissu utavuga rumwe n’ubutegetsi yashinjwe ubugambanyi

April 11, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Kane Tariki ya 10 Mata, Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzaniya, Tundu Lissu, yashinjwe icyaha cy’ubugambanyi, nyuma y’umunsi umwe atawe muri […]

U Bwongereza bwongeye Miliyoni £450 ku nkunga bugenera Ukraine

April 11, 2025 Kwihangana Joshua 0

Leta y’u Bwongereza yatangaje indi nkunga ya gisirikare ingana na miliyoni £450 izafasha Kyiv mu bwirinzi mu bya gisirikare. Nk’uko byatangajwe n’Umunyamabanga ushinzwe ingabo mu […]

U Bwongereza bwatangiye iperereza ku rubuga rukekwaho kugirana isano n’impfu z’abarenga 50

April 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Urwego rushinzwe gucunga Itangazamakuru mu Bwongereza, Ofcom, rwatangaje ku wa Gatatu rwatangije iperereza ku rubuga rwa internet bivugwa ko rufitanye isano n’urupfu rw’abantu 50 mu […]

Posts pagination

« 1 … 65 66 67 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS