• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Trump yacururutse, ariko si kuri bose  

April 10, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko agiye guhagarika by’agateganyo icyemezo cyo kongera imisoro ku bicuruzwa biva mu bihugu bimwe na […]

Alain Muku yasezeweho bwa nyuma

April 10, 2025 Philos Muhire 0

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 10 Mata 2025 nibwo Alain Mukuralinda yasezeweho bwa nyuma i Rulindo aho avuka. Misa yo kumuherekeza no kumusezeraho yabereye […]

Umwami w’u Bwongereza yasuye Papa Fransisiko

April 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatatu , itangazo ryashyizwe hanze  n’ingoro y’ubwami bw’u Bwongereza  Buckingham Palace, ryatangaje ko Umwami Charles III n’Umwamikazi Camilla bamaze iminsi i Roma […]

Abasuye u Rwanda bakoresheje hafi miliyoni $600 muri serivisi z’ingendo muri 2024

April 9, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko arenga miliyoni 570 z’Amadolari ya Amerika yakoreshejwe n’abanyamahanga imbere mu Rwanda binyuze mu bicuruzwa na servisi baguze […]

Sinshaka gupfa, tuve hano – ubuhamya bwa Murangwayire Liliane

April 9, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Mu 1986, ababyeyi ba Murangwayire Lillianne bafashe umwanzuro wo kumwohereza muri Komini Shyorongi, Akarere ka Nyarugenge y’ubu, ho mu mujyi wa Kigali. Uyu mwana uvuka […]

Imiterere y’ubutegetsi mu cyahoze ari Gitarama mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi

April 9, 2025 Muvunankiko Valens 0

Hashize imyaka 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ibaye. Mu yahoze ari Perefegitura ya Gitarama, Jenoside yashyizwe mu bikorwa nyuma y’inama yabereye i Murambi kuwa […]

Dominican Republic: 98 bagwiriwe n’akabyiniro barapfa

April 9, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ubuyobozi mu gihugu cya Dominican Republic bwatangaje ko abantu 98 aribo bamaze kumenyekana ko bapfuye, abandi barenga 150 barakomereka nyuma yuko bagwiriwe n’igisenge cya kabyiniro […]

Antonio Guterres arasaba abatuye isi kwima urwaho amacakubiri

April 8, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Loni, Antonio Guterres arasaba abatuye isi kwirinda imiyoboro iyo ari yo yose yazana amacakubiri ashobora gusubiza abantu mu icuraburindi nk’iryatewe na […]

Ibyo wamenya ku mushinga wa miliyari 360 wo kubaka imihanda ya kaburimbo mu ntara

April 8, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Guverinoma y’u Rwanda iherutse gutangaza umushinga wa miliyari 360 Frw wo kubaka imihanda ya kaburimbo ireshya na kilometero 215 izafasha mu kunoza ingendo n’ubwikorezi imbere […]

Kirehe: Abaturage barasabwa kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside, barangwa n’ubumwe

April 8, 2025 Habiyaremye Japhet 0

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 7 Mata 2025, mu Rwanda no mu bice bitandukanye by’isi, hatangijwe ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside […]

Posts pagination

« 1 … 66 67 68 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS