• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Perezida Kagame yifatanyije n’Abanyarwanda mu rugendo rwo Kwibuka

April 8, 2025 Manishimwe Janvier 0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 7 Mata 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatangije n’Abanyarwanda biganjemo urubyiruko mu rugendo […]

DR Congo: Imyuzure yahitanye abarenga 30 i Kinshasa

April 8, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ubuyobozi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangaje ko abantu 33 aribo bamaze kumenyekana ko bahitanywe n’umwuzure watewe n’imvura nyinshi yaguye mu murwa mukuru Kinshasa […]

Muhanga: Kwibuka 31 byatangirijwe ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kabgayi

April 7, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa mbere, itariki ya 7 Mata 2025, mu Rwanda hose no mu bice bitandukanye by’isi hatangijwe iminsi 100 y’icyunamo ku nshuro ya 31 […]

Mwana wanjye, nurokoka uzabe umugabo – Ubuhamya bwa Freddy Mutanguha

April 7, 2025 IRATUZI Bardine 0

Mu 1973, umubyeyi wa Freddy Mutanguha yari umusore witegura gushaka, ariko umushinga wo kubaka urugo wari ubangamiwe n’umutekano muke waturukaga ku ivangura. Icyo gihe, uwari […]

Minisitiri Dr. Bizimana yasobanuye uruhare rw’u Bubiligi mu mateka mabi y’u Rwanda

April 7, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana, yatangaje ko abakoloni b’Ababiligi bakigera mu Rwanda bakoze ibikorwa byinshi bitanya Abanyarwanda birimo gutanga ibihano bikarishye […]

Kuki tutapfa turwana, aho kugira ngo dupfe nk’isazi? – Perezida Kagame

April 7, 2025 Philos Muhire 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasabye Abanyarwanda n’Abanyafurika muri rusange kutazigera bemera gupfa nk’isazi ahubwo ko bakwiye ‘gupfa barwana.” Perezida Kagame yavuze ibi […]

#Kwibuka31: Perezida Kagame yatangije Icyumweru cy’Icyunamo

April 7, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 7 Mata 2025 Perezida wa Repubukika Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije Icyumweru cy’Icyunamo n’iminsi ijana yo kwibuka […]

Biri kuba: Gutangiza Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

April 7, 2025 Philos Muhire 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 7 Mata 2025, Abanyarwanda hirya no hino ku isi batangiye Icyumweru cy’Icyunamo n’iminsi 100 yo Kwibuka ku nshuro ya […]

Kwibuka31: Iminsi 100 yo kwigira ku mateka

April 6, 2025 Manishimwe Janvier 0

Mu masaha macye, u Rwanda rurinjira mu bihe byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.Iyi gahunda ngarukamwaka itangirana n’icyumweru cy’icyunamo ku […]

Papa yagaragaye bwa mbere mu ruhame i Vatikani nyuma yo kuva mu bitaro

April 6, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Papa Fransisiko yagaragaye mu ruhame ku nshuro ya mbere nyuma y’ibyumweru bibiri avuye mu bitaro yavuriwemo umusonga w’ibihaha byombi. Yinjiye mu mbuga ya Kiliziya Mutagatifu […]

Posts pagination

« 1 … 67 68 69 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS