Abayobozi bo ku Isi bamaganye imisoro yashyizweho na Perezida Trump
Ibihugu bitandukanye ku Isi, birimo na bimwe bisanzwe ari inshuti za Leta Zunze Ubumwe za amarika, byamaganye imisoro yatangajwe na Perezida Donald Trump, kandi bimwe […]
Ibihugu bitandukanye ku Isi, birimo na bimwe bisanzwe ari inshuti za Leta Zunze Ubumwe za amarika, byamaganye imisoro yatangajwe na Perezida Donald Trump, kandi bimwe […]
Icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo gushyiraho umusoro w’i 10% ku bicuruzwa byinshi byinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ndetse no kongera cyane imisoro […]
Abanyeshuri biga mu mwaka wa mbere muri Kaminuza y’u Rwanda baravuga ko hashize amezi arenga arindwi batarahabwa mudasobwa bijejwe na leta, nyamara bari barasezeranyijwe kuzazihabwa […]
Ibiro by’umukuru w’igihugu muri Repulika Iharanira Demokarasi ya Congo byatangaje ko ibihano by’urupfu byari byarafatiwe abaturage batatu bafite ubwenegihugu bwa Amerika nyuma yo guhamwa n’ibyaha […]
Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo mu gihugu hose hasojwe amarushanwa y’ubuhanzi bw’imivugo, imbyino gakondo n’indirimbo agamije gusigasira no guteza imbere ururimi rw’Ikinyarwanda n’umuco w’u Rwanda, […]
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Werurwe 2025, mu karere ka Huye hatangiye amahugurwa y’abiga Itangazamakuru mu Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) no […]
Kuri uyu wa mbere, tariki ya 31 Werurwe, Perezida Volodymyr Zelenskiy yasabiye u Burusiya guhanwa kubera ibyaha birenga 183,000 bivugwa ko byanditswe na Ukraine kuva […]
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 31 Werurwe 2025, abantu batanu nibo bamenyekanye ko bapfuye abandi babiri baburirwa irengero nyuma y’iturika ryabereye […]
Kuri iki Cyumweru, tariki ya 30 Werurwe 2025, Koreya y’Epfo, u Bushinwa n’u Buyapani bagiranye ibiganiro by’ubukungu hagamijwe koroshya ubucuruzi mu karere. Ibi biganiro bibaye […]
Kuri iki Cyumweru, tariki ya 30 Werurwe 2025, hakinwe imikino ya nyuma y’Umurenge Kagame Cup mu ntara y’Iburasirazuba mu rwego rwo gushaka amakipe azahagararira iyi […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS