• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Amerika: Imyigaragambyo yo kwamagana Perezida Trump ikomeje gufata indi ntera

April 6, 2025 Philos Muhire 0

Mu mijyi myinshi yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abatuye amerika bakomeje kwigaragamya ku bwinshi bamagana ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump. Iyo myigaragambyo yiswe […]

Wari uzi ko hari igihe bitemewe kuvuga “Amina”?

April 5, 2025 Philos Muhire 0

Nabajije ‘Chatgpt’ inshuro ijambo ‘AMINA’ rishobora kuba rikoreshwa buri cyumweru. Mu kunsubiza, yifashishije imibare igira iti “Imibare yo muri 2024 igaragaza ko Abakristu ari miliyari […]

Loni iratabariza Myanmar yibasiwe n’umutingito umaze guhitana abarenga ibihumbi bitatu

April 5, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 5 Mata 2025, Umuryango w’abibumbye (Loni) wahamagariye Isi gutabara igihugu cya Myanmar cyibasizwe n’umutingito, mu gihe umubare w’abamaze gupfa […]

ICK na CHE mu rugendo rwo gukomeza guteza imbere uburezi bujyanye n’igihe

April 5, 2025 Muhire Obed 0

Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) na Kaminuza ya Christelijke Hogeschool Ede (CHE) bakomeje gahunda yo kwagura imikoranire bikagera no ku cyiciro cya gatatu cya […]

Amerika: DHS yibeshye isaba Abanya-Ukraine bahahungiye gusubira iwabo

April 5, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuwa gatanu w’ejo hashize , muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Minisiteri Ishinzwe Umutekano w’Imbere mu gihugu  (DHS) yatangaje ko yoherereje ubutumwa bugufi ku Banya-Ukraine […]

Koreya y’Epfo: Perezida yegujwe ku butegetsi

April 4, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Mata 2025, Urukiko Rushinzwe Kurinda Itegeko Nshinga muri Koreya y’Epfo rwemeje umwanzuro watowe n’inteko inshinga amategeko wo kweguza […]

Umuvugizi wa Guverinoma y ‘u Rwanda wungirije yitabye Imana

April 4, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki 04 Mata 2025 umuvugizi wungirije wa Guverinoma y ‘u Rwanda Alain Mukuralinda Bernard yitabye Imana azize indwara y’umutima nk’uko byatangajwe n’ibiro […]

Abayobozi bo ku Isi bamaganye imisoro yashyizweho na Perezida Trump

April 3, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ibihugu bitandukanye ku Isi, birimo na bimwe bisanzwe ari inshuti za Leta Zunze Ubumwe za amarika, byamaganye imisoro yatangajwe na Perezida Donald Trump, kandi bimwe […]

Trump yatangaje imisoro ku bihugu, u Bushinwa n’Umuryango w’Uburayi byiyemeza kwihimura

April 3, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo gushyiraho umusoro w’i 10% ku bicuruzwa byinshi byinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ndetse no kongera cyane imisoro […]

Abiga mu mwaka wa mbere muri Kaminuza y’u Rwanda barasaba guhabwa mudasobwa bemerewe

April 2, 2025 Manishimwe Janvier 0

Abanyeshuri biga mu mwaka wa mbere muri Kaminuza y’u Rwanda baravuga ko hashize amezi arenga arindwi batarahabwa mudasobwa bijejwe na leta, nyamara bari barasezeranyijwe kuzazihabwa […]

Posts pagination

« 1 … 68 69 70 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS