“Turifuza u Rwanda ruzira imvugo za Bagosora” — Minisitiri Mugenzi
Kuri uyu wa 12 Mata 2025, ku Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Mukarange ruherereye mu Karere ka Kayonza, habaye igikorwa cyo kwibuka Abatutsi basaga […]
Kuri uyu wa 12 Mata 2025, ku Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Mukarange ruherereye mu Karere ka Kayonza, habaye igikorwa cyo kwibuka Abatutsi basaga […]
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Karere ka Ngoma bongeye gusaba ubuyobozi bw’Akarere ko ibikorwa bibura kugira ngo Urwibutso rwa Zaza rwuzure byashyirwa mu ngengoyimari y’akarere. […]
Ku wa 2 Gashyantare 1900 ni bwo Myr Hiriti n’abo bari kumwe bageze mu Rwanda. Ku wa 8 Gashyantare uwo mwaka, Abamisiyoneri bakambitse i Save, […]
Umuyaga mwinshi wibasiye igihugu cy’u Bushinwa watumye ingendo z’indege zihagarikwa mu murwa mukuru Beijing, amashuri arafungwa ndetse n’amamiliyoni y’abantu asabwa kuguma mu ngo zabo. Bimwe […]
Mu gitongo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Mata 2025, abaturage bo muri Gabon bazindukiye mu matora yo kwihitiramo umukuru w’igihugu, aho ku […]
Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 12 Mata mu 1994, Jenoside yakorewe Abatutsi yarakomeje hirya no hino mu gihugu. Nk’uko bigaragara mu nyandiko yateguwe na Minisitiri […]
Jean Baptiste Gatete na Daphrose Nyirabahenda, batuye mu Mudugudu wa Karama, Akagari ka Ruli, Umurenge wa Shyogwe w’Akarere ka Muhanga, barashimira ubufasha bahawe binyuze mu […]
Kuri uyu wa Kane Tariki ya 10 Mata, Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzaniya, Tundu Lissu, yashinjwe icyaha cy’ubugambanyi, nyuma y’umunsi umwe atawe muri […]
Leta y’u Bwongereza yatangaje indi nkunga ya gisirikare ingana na miliyoni £450 izafasha Kyiv mu bwirinzi mu bya gisirikare. Nk’uko byatangajwe n’Umunyamabanga ushinzwe ingabo mu […]
Urwego rushinzwe gucunga Itangazamakuru mu Bwongereza, Ofcom, rwatangaje ku wa Gatatu rwatangije iperereza ku rubuga rwa internet bivugwa ko rufitanye isano n’urupfu rw’abantu 50 mu […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS