• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Basketball: Patriots yongeye gutsikira ikomeza gutakaza amahirwe yo gukina playoffs

April 19, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Patriots BBC ikomeje gutakaza amahirwe yo kuzaba mu makipe azakina imikino ya nyuma ya kamparampaka (Playoffs). Ni nyuma yo gutakaza umukino w’ikirarane batsinzwemo na Kepler […]

Abiga itangazamakuru barasabwa kwimakaza ihame ry’uburinganire mu nkuru batangaza

April 19, 2025 Ushizimpumu Olivier 0

Abanyeshuri 20 bo mu Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) na East African University Rwanda (EAUR) bari mu mahugurwa ku gutara no gutangaza inkuru zijyanye […]

RFA irashaka ibiti bivangwa n’imyaka muri buri murima

April 19, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Ikigo cy’igihugu gishinzwe amashyamba (RFA) n’abafatanyabikorwa bacyo bahagurukiye kubungabunga ubutaka bwibasirwa n’isuri no guhangana n’imihindagurikire y’ikirere. Ibi bazabigeraho bageza ibiti bivangwa n’imyaka ahari ubutaka buhingwa […]

Abafana ba Arsenal ku mugabane wa Afurika bateraniye mu Rwanda

April 19, 2025 IRATUZI Bardine 0

Guhera tariki 18 Mata 2025 abafana baturutse mu bihugu 14 byo ku mugabane wa Afurika bateraniye mu Rwanda mu gikorwa bise ‘Arsenal Africa Fans Festival’ […]

Harimo uwize muri ICK: Ibyamamare byahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda

April 18, 2025 Philbert MBONIGABA 0

U Rwanda rumaze kuba igihugu kirenze kuba ahantu hazamuka mu by’ubukerarugendo no gushoramo imari gusa, ahubwo rwabaye urugo rushya rw’ibyamamare bitandukanye kuva ku banyamakuru bakomeye […]

Umutekano n’ikoranabuhanga byongerewe muri Bazilika ya Mutagatifu Petero

April 18, 2025 Philos Muhire 0

Mu rwego rwo kurushaho gufasha abitabira ingendo nyobokamana i Vatikani muri uyu mwaka wa Yubile y’imyaka 2025 ishize Jambo yigize umuntu, ubuyobozi bwa Fabric of […]

Umujyi wa Kigali watangiye gutegura ivugururwa rya Nyabugogo

April 18, 2025 ICK News 0

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hagiye gutangira igikorwa cyo kubarura ibikorwa byose biri i Nyabugogo mu rwego rwo gutegura imirimo yo kuvugurura Gare ya […]

Nyaruguru: Hashyinguwe Imibiri 29 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

April 17, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Kuri uyu wa Kane, tariki 17 Mata 2025, abaturage bo mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Munini bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside Yakorewe Abatutsi […]

Urubanza rwa Yezu: Isomo rikomeye ku mategeko n’ubutabera

April 17, 2025 Thierry IRIVA 0

Uyu munsi ku wa Kane, tariki ya 17 Mata 2025, Abakristu Gatolika bageze ku munsi wa Kane Mutagatifu mu minsi y’Icyumweru Gitagatifu bagana ku munsi […]

Mozambique: Abarenga 300 baguye mu mvururu  zakurikiye amatora

April 17, 2025 Kwihangana Joshua 0

Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, Amnesty International watangaje ko abantu barenga 300 aribo baguye mu mvururu zakurikiye amatora yabaye umwaka ushize mu gihugu cya […]

Posts pagination

« 1 … 62 63 64 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS