• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Nturasobanukirwa Ejo Heza? Dore ibyo ukwiye kumenya

January 21, 2025 NDAHAYO Elias 0

Muri 2017, nibwo Leta y’u Rwanda yatangije Ikigega cy’Ubwiteganyirize cyiswe Ejo Heza, kigamije gufasha Abanyarwanda kubona uburyo bwo kwizigama by’igihe kirekire. Ni gahunda yagiye itavugwaho […]

The Secret to Hosting a Simple Yet Elegant Wedding

January 21, 2025 ICK News 0

During a press conference held on January 9, 2025, Rwandan President Paul Kagame addressed questions from journalists, including Kevin Christian Ibarushimpuhwe of BTN. The journalist […]

Reducing Divorce Rates in Rwanda: A Critical Analysis

January 21, 2025 ICK News 0

As years pass, the divorce rate in Rwanda has been steadily increasing, as evidenced by various reports. In 2016, courts handled only 21 divorce cases, […]

Gicumbi-Byumba: Kiliziya na Leta bafunguye ishuri

January 20, 2025 Ishimwe Honore 0

Kuri Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 20 Mutarama 2025, mu Mujyi wa Byumba uherereye mu Karere ka Gicumbi habereye umuhango wo gufungura    ishuri ryahoze […]

Ibanga ryo gukora ubukwe bworoheje kandi bwiza

January 20, 2025 Kwihangana Joshua 0

Mu kiganiro Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame aherutse kugirana n’abanyamakuru, tariki ya 9 Mutarama 2025, Umunyamakuru Kevin Christian Ibarushimpuhwe wa BTN yasabye Perezida […]

Ibitegerejwe mu irahira rya Donald Trump

January 20, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika ararahirira kuba perezida wa 47 w’iki gihugu uyu munsi tariki ya 20 Mutarama 2025. Uyu munsi […]

Amerika: TikTok yari yahagaritswe yongeye gukora

January 20, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Urubuga nkoranyambaga rwa TikTok rwasubukuye serivisi zarwo ku barenga miliyoni 170 barukoresha muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibi bibaye nyuma y’aho Perezida watowe, Donald […]

President Kagame Challenges Leaders to Curb Family, Youth Issues

January 19, 2025 Philos Muhire 0

President Paul Kagame has urged religious leaders and government officials to intensify efforts to promote peace and stability within Rwandan families. The President made this […]

Perezida Kagame arasaba abayobozi n’abanyamadini kurinda u Rwanda rw’ejo

January 19, 2025 Philos Muhire 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame arasaba abayobozi b’amadini n’amatorero n’abayobozi mu nzego za leta gushyira imbaraga mu kwita ku byafasha umuryango Nyarwanda kurangwa […]

Bishop Musengamana Calls for Christian Unity

January 19, 2025 ICK News 0

On Saturday, January 18, 2025, a special prayer service was held at Kicukiro Catholic Parish to officially launch the Week of Prayer for Christian Unity. […]

Posts pagination

« 1 … 160 161 162 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS