• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Abanyeshuri bo muri Gicumbi barasaba isuku mu mafunguro bagaburirwa

January 18, 2025 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu banyeshuri biga mu bigo binyuranye byo mu karere ka Gicumbi barasaba ko isuku n’ubuziranenge bw’ibyo bagaburirwa byakongerwamo imbaraga. Aba banyeshuri bashima iyi gahunda […]

Rwanda Revises Health Tariffs After Seven Years

January 18, 2025 ICK News 0

In a move to enhance healthcare accessibility and affordability, the Rwandan Cabinet, during its meeting on January 17, 2025, approved significant updates to the Community-Based […]

2024-2029: Ibikubiye muri gahunda y’imyaka itanu y’urwego rw’ubuzima mu Rwanda

January 18, 2025 Kwihangana Joshua 0

Minisitiri Dr. Nsanzimana Sabin yatangaje ko muri gahunda ya Guverinoma y’u Rwanda y’imyaka itanu, Minisiteri y’Ubuzima ishyize imbere imigambi myinshi irimo kongera abakozi mu rwego […]

Kigali : Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare

January 18, 2025 UMUTONIWASE Christella 0

Umujyi wa Kigali watangiye igerageza rya gahunda yo guhagurukira ku gihe ku modoka zitwara abagenzi mu buryo rusange, aho umugenzi atazajya arambirwa no gutegereza ko […]

USA: TikTok ishobora gusimburwa na RedNote

January 18, 2025 ICK News 0

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 19 Mutarama 2025, biteganyijwe ko urubuga nkoranyambaga rwa TikTok rufungwa muri Amerika kubera impungenge z’umutekano w’igihugu. TikTok ubwayo itangaza ko […]

Amerika yafatiye ibihano umuyobozi mukuru w’ingabo za Sudani

January 17, 2025 Muvunankiko Valens 0

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyizeho ibihano kuri Abdel Fattah al-Burhan, umugaba mukuru w’ingabo za Sudani, imushinja guhitamo intambara aho kwemera ibiganiro n’umutwe wa RSF […]

Kamonyi:  Abarimu bayobewe irengero ry’amafaranga basinyiye

January 17, 2025 Muvunankiko Valens 0

Bamwe mu barimu bigisha mu mashuri abanza n’ayisumbuye akorana n’Umuryango wa Good Neighbors mu Karere ka Kamonyi baravuga ko hari amafaranga y’amahugurwa bagombaga guhabwa n’uyu […]

Key Priorities of Kabgayi Eye Hospital in 2025

January 17, 2025 Kwihangana Joshua 0

Each year, the Kabgayi Eye hospital sets clear objectives, committing to achieving them through strategic planning and prayer. In December 2024, Dr. Théophile Tuyisabe, Director […]

Ibikorwa bizibandwaho n’Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi muri 2025

January 17, 2025 Kwihangana Joshua 0

Mu kiganiro yagiranye na ICKNews, Dr. Tuyisabe Theophile uyobora Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi, yagarutse ku bikorwa by’ingenzi ibi bitaro bizibandaho muri uyu mwaka wa 2025. […]

Muri buri Kagari hagiye gushyirwa Post de Sante

January 16, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko hateganywa kubakwa amavuriro y’ibanze muri buri kagari ko mu Rwanda mu rwego rwo kugabanya ubucucike bukigaragara mu bitaro byo hirya no […]

Posts pagination

« 1 … 161 162 163 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS