• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Brazil: Polisi yibeshye ku ifoto ishinja umugabo ibyaha 62 abeshyerwa

January 16, 2025 Kwihangana Joshua 0

Mu gihugu cya Brasil giherereye ku mugabane w’Amerika haravugwa inkuru itangaje ariko inababaje y’umugabo wafunzwe imyaka itatu arengana kubera ifoto ye yakwirakwijwe na Polisi, abatangabuhamya […]

Leta ya Tanzaniya yahakanye iby’icyorezo cya Marburg kiri muri iki gihugu

January 16, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Tanzania yahakanye raporo y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ivuga ko icyorezo cya Marburg, cyadutse mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bw’iki gihugu. Ikinyamakuru The Tanzania Times, […]

‘Ndi umunyabyaha nk’abandi bose’-Papa Fransisiko

January 16, 2025 Umutesi Aline 0

Mu gitabo cye gishya cyitwa “Ibyiringiro: Ubuzima Bwanjye”, Papa Fransisiko agaruka ku rugendo rwe rwo kuva mu bwana mu mujyi wa Buenos Aires kugera ku […]

Haiti: Abarenga miliyoni bamaze kuva mu byabo kubera umutekano muke

January 16, 2025 Kwihangana Joshua 0

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rivuga ko abantu barenga miliyoni imwe muri Haiti bamaze gukurwa mu ngo zabo kubera ukwiyongera gukabije kw’ibitero by’imitwe yitwaje intwaro mu murwa […]

Ibikubiye mu masezerano yo guhagarika intambara hagati ya Isiraheli na Hamas

January 16, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Isiraheli na Hamas bemeranyije ku masezerano yo guhagarika intambara muri Gaza no kurekura imbohe nyuma y’amezi 15 y’intambara. Ibi byatangajwe n’abahuza hagati y’impande zombi, ari […]

Huye irateganya kubaka ‘Car-Free Zone’

January 16, 2025 IGIRANEZA Rozine 0

Akarere ka Huye karateganya kubaka ahantu hatemerewe kunyura imodoka ‘Car-Free Zone’ kugira ngo bifashe abatuye Umujyi wa Huye kubona ahantu ho kuruhukira hisanzuye. Iki gikorwa […]

ICK yakiriye itsinda ryo muri Kaminuza yo mu Buhorandi haganirwa ku mikoranire

January 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Itsinda ryaturutse muri Kaminuza ya Saxion yo mu gihugu cy’u Burohorandi, riyobowe na Gerry Stegeman, barikumwe n’ikipe ya CC-JOB Rwanda, ryakoreye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu […]

Saxion University Delegation Visits ICK to Boost Academic and Cultural Ties

January 15, 2025 Kwihangana Joshua 0

A delegation from the Netherlands, representing Saxion University and led by Stegeman Gerry, along with a team from CC-JOB Rwanda, visited the Institut Catholique de […]

U Rwanda, Paradizo ya ba mukerarugendo (Amafoto)

January 15, 2025 Umutesi Aline 0

Si rimwe, si kabiri uzumva u Rwanda rushyirwa ku ntonde z’ahantu heza ho gutemberera. N’ikimenyimenyi, kimwe mu byinjiriza u Rwanda agatubutse, ni ubukerarugendo. Iyo havuzwe […]

Rwanda: A Paradise for Tourists (Photos)

January 15, 2025 Umutesi Aline 0

Rwanda frequently ranks as one of the top destinations for travelers, and it’s no surprise. Tourism is one of the country’s major sources of revenue, […]

Posts pagination

« 1 … 162 163 164 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS