• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Abagore n’urubyiruko ku isonga mu basarura amafaranga y’ibihumyo

February 21, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Ubuhinzi bw’ibihumyo bwahoze bufatwa nk’ubuhinzi bworoheje, bukomeje gukura no gutera imbere mu Rwanda. Kuri ubu, abahinzi b’ibihumyo barimo kubona inyungu zigaragara ndetse bigatanga amahirwe yo […]

Gisagara: Agakiriro ka Save gakomeje guhindurira ubuzima abagore bahatuye

February 20, 2025 IRAMBONA Papias 0

Abagore bakorera mu gakiriro k’akarere ka Gisagara kubatse mu murenge wa Save barishimira ko kabafashije kubona aho bigira imyuga, ubu bakaba baratangiye kwiteza imbere no […]

Minisitiri w’Imari wa Afurika y’Epfo yasubitse ibyo gutangaza ingengo y’imari y’uyu mwaka

February 20, 2025 Kwihangana Joshua 0

Minisitiri w’Imari wa Afurika y’Epfo, Enoch Godongwana,yahagaritse igikorwa cyo gutangaza ingengo y’imari iki gihugu kizakoresha muri uyu mwaka bitewe no kutumvikana n’abagize guverinoma. Abagize guverinoma […]

Basketball: U Rwanda ntirwahiriwe mu mikino ya gicuti rwakinnye na Maroc

February 20, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda mu mukino w’amaboko ‘Basketball’ ntiyahiriwe mu Mikino ya gicuti yo kwitegura iyo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika kuko yatsinzwe imikino yose […]

Conclave: Ibyo wamenya ku itorwa rya Papa

February 19, 2025 Philos Muhire 0

Ku itariki ya 14 Gashyantare 2025, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisiko yajyanywe mu bitaro bya Gemelli i Roma kubera indwara zo mu […]

Vatikani yatangaje ko Papa Fransisiko uri mu bitaro arwaye umusonga

February 19, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Gatatu, Vatikani yavuze ko Papa Fransisiko umaze iminsi itandatu mu bitaro bya Agostino Gemelli Polyclinic i Roma kugira ngo avurwe indwara zandurira […]

Uganda: Nta murwayi wa Ebola usigaye mu bitaro

February 19, 2025 Kwihangana Joshua 0

Uganda yatangaje ko abarwayi umunani ba Ebola bari basigaye mu bitaro bamaze gusezererwa. Ibi byatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima muri Uganda ndetse byemezwa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye […]

Kamonyi: Hatangijwe gahunda yo kuvugurura urutoki

February 19, 2025 Muvunankiko Valens 0

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 18 Gashyantare 2025 mu karere ka kamonyi hatangijwe gahunda yo kuvugurura urutoki rushaje abaturage bigishwa uko bazavugurura insina ndetse […]

Gatsibo: Bahangayikishijwe n’agatsiko k’abanyarugomo kiswe ‘Imparata’

February 19, 2025 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu batuye mu Isantere ya Gatagara iri mu Murenge wa Muhura, Akarere ka Gatsibo bahangayikishijwe n’itsinda ryitwa ‘Imparata’ kuko rikomeje kubangamira ituze n’umutekano byabo. […]

‘Commonwealth’ yasabye Uganda gufungura Kizza Besigye

February 18, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Kabiri, Umuryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza (Commonwealth) wasabye Uganda, igihugu kigize uyu muryango w’ibihugu 56, kurekura umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi Kizza Besigye, […]

Posts pagination

« 1 … 148 149 150 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS