• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Ninde uzaba Papa w’ejo hazaza? Abakaridinari bashobora gusimbura Papa Fransisiko

February 23, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Mu gihe Papa Fransisiko akomeje kuba mu bitaro arwariyemo umusonga, benshi baribaza uwazayobora Vatikani ndetse na Kiliziya Gatolika ku Isi mu bihe biri imbere. Papa […]

Nyagatare: Aborozi bahangayikishijwe no kutoroherwa gushora inka zabo

February 23, 2025 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu borozi bo mu Murenge wa Musheri mu Karere ka Nyagatare, baravuga ko bari mu bibazo bikomeye nyuma y’uko bakumirirwe ku mwararo utandukanya u […]

Gicumbi: Abanyeshuri ba Kagorogoro basuye urwibutso rwa Kigali, basabwa kuba abarinzi b’amateka

February 23, 2025 Ishimwe Honore 0

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 22 Gashyantare, Bamwe mu banyeshuri biga mu Rwunge rw’Amashuri rwa Kagorogoro, ruherereye mu Murenge wa Manyagiro mu Karere ka […]

Gicumbi: Urubyiruko rwasabwe gusigasira ururimi rw’Ikinyarwanda

February 22, 2025 Ishimwe Honore 0

Minisitiri w’Umuco n’Inshingano Mbonera Gihugu Bizimana Jean Damascene yasabye abakiri bato kurenga amateka bakita ku kibahuza,arirwo rurimi rw’ikinyarwanda kuko arirwo ruzabafasha mw’iterambere ryabo. Ibi MinisitiriBizimana […]

Botswana: Barindwi bamaze guhitanwa n’umwuzure abandi ibihumbi barimurwa

February 22, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa gatandatu, Perezida wa Botswana Duma Boko yatangaje ko imvura nyinshi imaze iminsi igwa muri icyo gihugu yateje umwuzure umaze kwica abantu barindwi […]

Banki Nkuru y’u Rwanda iraburira abishora mu bwambuzi bw’ikoranabuhanga

February 22, 2025 KWIZERA Bernard 0

Umuyobozi ushinzwe imyitwarire y’urwego rw’imari muri Banki Nkuru y’U Rwanda BNR, Nsabimana Gerard arakangurira abaturage gukoresha servisi z’imari zemewe nk’amabanki, ibigo by’imari iciriritse, ubwishingizi, aho […]

Ruli Higher Institute of Health confers diplomas to 100 graduates

February 21, 2025 Philbert MBONIGABA 0

On Friday, February 21, 2025, Ruli Higher Institute of Health (RHIH) awarded diplomas to 100 students during its eighth graduation ceremony. The event was marked […]

Ishuri rikuru ry’ubuzima rya Ruli ryatanze impamyabumenyi ku banyeshuri 100

February 21, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 21 Gashyantare 2025, Ishuri Rikuru ry’Ubuzima rya Ruli (RHIH) ryatanze impamyabumenyi ku banyeshuri 100, mu muhango wabaye ku nshuro […]

Uganda: Kizza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi yashinjwe kugambanira igihugu

February 21, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatunu, tariki ya 21 Gashyantare, umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Kizza Besigye yaburanishijwe n’urukiko rwa gisivili rwa Nakawa mu murwa mukuru […]

Gatsibo: Haracyari abumva ko kurya ifi bitabagenewe

February 21, 2025 Ishimwe Honore 0

U Rwanda ni igihugu kidakora ku nyanja ibizwi mu indimi z’amahanga nka Landlocked country.  Ibi bituma abanyarwanda benshi batitabira kurya amafi nk’uko ubushakashatsi bwakozwe na […]

Posts pagination

« 1 … 147 148 149 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS