• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Ubwato Rutura bwa Amerika bwagonganye n’ubwa Portugal burakongoka

March 11, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kuri uyu wa mbere ubwato bw’ubucuruzi bwagonze ubwato rutura “Tanker” bwari butwaye benzine y’indege y’igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika hafi y’iburasirazuba bw’u Bwongereza […]

Uganda yohereje ingabo zidasanzwe muri Sudani y’Epfo iri gututumbamo intambara

March 11, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umugaba w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yavuze ko kuri uyu wa kabiri, igihugu cye cyohereje ingabo zidasanzwe mu murwa mukuru wa Sudani y’Amajyepfo Juba, […]

Uwahoze ari Perezida wa Philipine Rodrigo Duterte, yatawe muri yombi

March 11, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Werurwe, uwahoze ari Perezida wa Philippines, Rodrigo Duterte, yatawe muri yombi nyuma y’uko Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rusohoye impapuro […]

ICK yasinye amasezerano y’imikoranire na Sendika Ingabo

March 11, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 10 Werurwe 2025, Ishuri rikuru Gaturika rya Kabgayi (ICK) ryasinyanye amasezerano y’imikoranire na Sendika Ingabo. Aya masezerano agamije gufatanya […]

ICK signs partnership with Ingabo Syndicate to boost agricultural research and student internships

March 11, 2025 Philbert MBONIGABA 0

The Institut Catholique de Kabgayi (ICK) and Ingabo Ingabo Syndicate have signed a partnership agreement aimed at enhancing agricultural research and offering internship opportunities to […]

Weekend y’imikino: Ibyaranze shampiyona ya Basketball

March 10, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Ni imwe muri weekend zagaragayemo ihangana ryo ku rwego rwo hejuru muri shampiyona ya basketball mu Rwanda, aho ikinyuranyo cy’amanota amakipe yatsindaye yose uretse Patriots […]

Ushobora kuba ari wowe ntandaro yo kubura ibyishimo, menya impamvu

March 10, 2025 AYERA Belyne 0

Hari abantu batekereza ko kubura ibyishimo mu buzima biterwa no kuba mu buzima bubi gusa cyangwa se kubura abantu bagukunda, gusa siko biri kuko hari […]

Rwanda introduces stricter regulations for Churches

March 10, 2025 Philbert MBONIGABA 0

The Rwanda Governance Board (RGB) has introduced a set of new regulations for faith-based organizations (FBOs) across the country, aiming to improve governance, transparency, and […]

Kamonyi: Guverineri Kayitesi yasabye abagore gutinyuka bakiteza imbere

March 9, 2025 Muvunankiko Valens 0

Mu birori byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo, Guverineri Alice Kayitesi yasabye abagore kwitinyuka bagakoresha amahirwe igihugu cyashyizeho bakiteza imbere. Guverineri Kayitesi […]

Kabgayi: Abanyeshuri mu rugamba rwo gusigasira umuco Nyarwanda

March 8, 2025 NDAHAYO Elias 0

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 8 Werurwe 2025, abanyeshuri biga mu mashuri Gatolika ya Diyosezi ya Kabgayi bagaragaje ko biteguye gusigasira umuco Nyarwanda. Ibi […]

Posts pagination

« 1 … 141 142 143 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS