• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Papa Fransisko akomeje inshingano ze za gishumba

March 8, 2025 ICK News 0

Nubwo Papa Fransisko akomeje kuvurirwa mu bitaro bya Gemelli i Roma, ntibimubuza gukomeza inshingano ze za gishumba cyane ko mu minsi itatu ishize nta bibazo […]

Basketball: APR BBC yatsinze REG BBC mu mukino w’ishiraniro

March 8, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 7 Werurwe 2025 APR BBC yatsinze REG BBC bigoranye. Uyu mukino wabereye mu nyubako y’imikino n’imyidagaduro […]

Amavu n’amavuko y’umunsi mpuzamahanga w’abagore

March 8, 2025 ICK News 0

Hashize imyaka irenga ijana, aho buri wa 8 Werurwe isi yose yizihiza umunsi wahariwe abagore. Uyu munsi watangiye mu 1908, ubwo abagore 15,000 bakoraga imyigaragambyo […]

A Night of Talent, Culture, and Connection at ICK

March 8, 2025 Kwihangana Joshua 0

On the evening of Friday, February 7, 2025, the Institut Catholique de Kabgayi (ICK) community gathered for a vibrant celebration showcasing the diverse talents of […]

Sudan y’Epfo: Benshi bapfiriye mu iraswa rya kajugujugu ya UN

March 8, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Guverinoma ya Sudani y’Epfo yatangaje ko ku wa Gatanu tariki ya 7 Werurwe, umujenerali n’abasirikare benshi biciwe mu gitero cyagabwe kuri kajugujugu y’Umuryango w’Abibumbye yageragezaga […]

ICK Talent Day yasize ibyishimo bisendereye, Ubuyobozi bwizeza ko izakomeza

March 8, 2025 Kwihangana Joshua 0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 7 Werurwe 2025, abagize umuryango mugari w’Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) basusurukijwe n’ibirori byo kugaragaza […]

CLA Partners with ICK to Offer CPA and CAT Courses

March 7, 2025 Philbert Mbonigaba 0

The Institut Catholique de Kabgayi (ICK) has announced a strategic partnership with Cornerstone & Luthien Advisory LTD (CLA) to offer Certified Public Accountant (CPA) and […]

Koreya y’Epfo: Abantu 15 bakomerekejwe n’indege z’intambara z’icyo gihugu

March 7, 2025 Kwihangana Joshua 0

Ibitangazamakuru byinshi byo muri Koreya y’Epfo biratangaza ko abantu 15 bo muri icyo gihugu bakomerekeye mu mpanuka y’indege, aho babiri muri bo bakomeretse bikabije, nyuma […]

Urubyiruko 152 rwahuguwe ku buhinzi bwihanganira imihindagurikire y’ibihe

March 7, 2025 Muvunankiko Valens 0

Ku wa Kane, tariki ya 06 Werurwe 2025, mu karere ka Gicumbi hasojwe amahugurwa y’abanyamuryango b’ihuriro ry’urubyiruko rikora ibikorwa by’ubuhinzi bugamje ishoramari (RYAF). Ni amahugurwa […]

Byagenda gute umushoferi utwaye abagenzi afashwe n’igicuri?

March 6, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Nta gushidikanya ko kimwe mu bisubizo ufitiye umutwe w’iyi nkuru harimo impanuka. Imwe mu ngaruka mbi z’impanuka ni uko zitwara ubuzima bw’abantu. Urugero rwa hafi […]

Posts pagination

« 1 … 142 143 144 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS