• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Representatives from Fojo Media Institute visit ICK to strengthen partnership

March 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

On Friday, March 14, 2025, representatives from the Fojo Media Institute in Sweden visited Institut Catholique de Kabgayi (ICK) to further strengthen the partnership between […]

U Rwanda rwakiriye Inama ya 6 y’Ihuriro ry’Abashoramari muri Afurika

March 14, 2025 Muvunankiko Valens 0

Kuva kuri uyu wa Gatanu taliki ya 14, u Rwanda rwakiriye inama ya 6 y’Ihuriro ry’Abashoramari n’Abahanga mu bushabitsi muri Afrika (Africa Business Heroes (ABH)). […]

Arumeniya na Azerbaijani bemeranyije amasezerano y’amahoro nyuma y’intambara imaze hafi imyaka mirongo ine

March 14, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuwa kane tariki ya 13 Werurwe abayobozi ba Arumeniya na Azerbaijani batangaje ko impande zombi zemeye amasezerano y’amahoro agiye kurangiza intambara imaze hafi imyaka mirongo […]

U Burusiya ntibukozwa iby’agahenge mu ntambara buhanganyemo na Ukraine

March 13, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 13 Werurwe, umujyana wa Perezida Vladimir Putin mu bya politiki y’ububanyi n’amahanga, yatangaje u Burusiya butari bwemera icyifuzo cya […]

Loni irashinja Isiraheli gukora ibikorwa bya Jenoside muri Gaza

March 13, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Impuguke z’umuryango w’abibumbye zavuze ko Israel yakoze “ibikorwa bya Jenoside” byibasiye Abanyapalestine binyuze mu gusenya ibigo by’ubuvuzi byita ku bagore mu gihe cy’intambara yo muri […]

Papa Fransisiko yujuje imyaka 12 ari Umushumba wa Kiliziya Gatolika

March 13, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abakirisitu Gatolika ku Isi hose bifatanyije na Papa Fransisiko wujuje isabukuru y’imyaka 12 ishize Papa Fransisiko atorewe kuba Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi. Abakristu […]

Sinzaganira nawe, ‘kora icyo ushaka’-Perezida wa Iran abwira Trump

March 12, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Perezida wa Iran yatangaje ko atazigera yemera kugirana ibiganiro na Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeraho ko Trump yazakora icyo ashaka. […]

Amerika yasubukuye inkunga mu by’umutekano kuri Ukraine yemeye guhagarika intambara

March 12, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku wa kabiri, Leta zunze ubumwe z’Amerika yemeye gusubukura imfashanyo za gisirikare n’izo gusangira amakuru y’ubutasi na Ukraine nyuma y’uko Kyiv ivuze ko yiteguye gushyigikira […]

U Buhinde: Harateganywa igihano cy’urupfu ku bahatira abandi guhindura idini

March 11, 2025 Umutesi Aline 0

Abayobozi bo mu ntara ya Madhya Pradesh, iri hagati mu Buhinde ikaba ituwe n’abasaga miliyoni 72, barimo gutekereza gushyiraho igihano cy’urupfu ku bantu bashinjwa guhatira […]

Babiri baguye mu gitero gikomeye cyagabwe na ‘drone’ za Ukraine i Moscou

March 11, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ubuyobozi bw’Uburusiya bwatangaje ko kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 11 Werurwe, Ukraine yagabye igitero gikomeye cy’indege zitagira abadereva i Moscou, gihitana byibura abakozi babiri […]

Posts pagination

« 1 … 140 141 142 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS