• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Ibitero bya Amerika muri Yemen byishe abantu 53

March 17, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umutwe w’inyeshyamba zaba-Houthi zo muri Yemeni zavuze ko ibitero bishya bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, byahitanye abantu bagera kuri 53, barimo abana batanu. Izi […]

59 bahitanywe n’inkongi y’umuriro mu kabyiniro ko muri Macedonia ya Ruguru

March 17, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri iki cyumweru, inkongi y’umuriro yibasiye akabyiniro kuzuye abantu mu mujyi wa Kocani muri Macedonia ya Ruguru, ihitana abantu 59 abandi barenga 150 barakomereka, nkuko […]

Papa yavuze ko ari “guhura n’igihe k’ikigeragezo,” kandi umubiri we “ucitse intege.”

March 16, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Mu butumwa bwaturutse mu bitaro umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Fransisiko arwariyemo kuri iki cyumweru, yemeje ko afite intege nke kandi ari “mu […]

Abatsindiye ibihembo bya ABH 2024 biyemeje guhindura byinshi mu ishoramari ry’Afurika

March 16, 2025 Muvunankiko Valens 0

Ku wa Gatandatu taliki ya 15 Werurwe 2025, i Kigali habereye umuhango wo gutanga ibihembo kuri ba rwiyemezamirimo 10 bahize abandi mu irushanwa rya African […]

Amerika: 34 bahitanywe n’inkubi y’umuyaga yibasiye amajyepfo y’igihugu

March 16, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Byibura abantu 34 bamaze gupfa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bazize inkubi y’umuyaga yibasiye Leta nyinshi zo mu majyepfo y’iburasirazuba bw’iki gihugu ku mugoroba […]

Icumbi nk’iryo mu yisumbuye cyangwa Ghetto – Ubuzima bwa Kaminuza

March 15, 2025 ICK News 0

Abanyeshuri  biga muri Kaminuza  bavuga ko muri iki gihe amahitamo y’aho kuba ari ikintu kigomba kwitonderwa cyane, urebye imibereho y’abatuye mu macumbi rusange, ndetse n’ingorane […]

Ni gute Muhanga yakira abashyitsi bahire? 

March 15, 2025 ICK News 0

Hari abibwira ko ubukerarugendo bw’u Rwanda bugarukira ku nzu ndangamurage, za Pariki z’ibirunga, Akagera, Nyungwe ndetse n’ahandi hantu nyaburanga hamamaye mu binyamakuru kubera ko habonye […]

Abatuye Ngororero barashaka gare ibahesha ishema

March 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abatuye Ngororero barasaba ko gare ya Kabaya yavugururwa ikubakwa ku buryo bujyanye n’igihe, dore ko haba ku zuba, haba ku mvura  abagenzi batabona aho bikinga. […]

RJEN Launched to Strengthen Collaboration among Journalism Lecturers

March 15, 2025 Kwihangana Joshua 0

On March 14, 2025, lecturers from the four universities teaching Journalism and Communication in Rwanda gathered at Lucerna Hotel in Muhanga to officially launch the […]

Abahagarariye ‘Fojo Media Institute’ basuye ICK mu rwego rwo gushimangira ubufatanye

March 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Werurwe 2025, Abahagarariye kaminuza ya Fojo Media Institute yo muri Suede basuye Ishuri Rikuru Gaturika rya Kabgayi mu rwego […]

Posts pagination

« 1 … 139 140 141 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS