• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Rwanda’s GDP Hits Rwf 18.7 Trillion in 2024

March 19, 2025 Philos Muhire 0

Rwanda’s economy continued its strong growth trajectory in 2024, with the Gross Domestic Product (GDP) reaching Rwf 18,785 billion, up from Rwf 16,626 billion in […]

Rulindo: 12,000 bagiye kuva mu mwijima

March 19, 2025 Ishimwe Honore 0

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rulindo bwatangije umushinga mushya wo gukwirakwiza umuriro w’amashyanyarazi ku baturage basaga ibihumbi cumi na bibiri. Igikorwa cyo gutangiza uyu mushinga cyabereye mu […]

Abashakashatsi ba NASA bagarutse ku Isi nyuma y’amezi 9 baraheze mu Isanzure

March 19, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abashakashatsi ba NASA, Butch Wilmore na Suni Williams, bagarutse ku Isi amahoro kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Werurwe 2025, nyuma y’amezi icyenda bari […]

Perezida Putin yemereye Trump agahenge katuzuye

March 19, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida Vladimir Putin yanze guhagarika intambara mu buryo bwihuse kandi bwuzuye muri Ukraine, yemera gusa guhagarika ibitero ku bikorwa remezo bitanga ingufu bya Ukraine nyuma […]

Gisagara: College St. Bernard Kansi Seeks Urgent Help to Replace Hazardous Asbestos Roof

March 18, 2025 Philos Muhire 0

The administration and parents of students at College St. Bernard Kansi are calling on local authorities to support the school in addressing infrastructure challenges, particularly […]

OMS iratabariza ibihugu bishobora kubura imiti ya SIDA nyuma yihagarikwa rya USAID

March 18, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku wa mbere, tariki ya 17 Werurwe, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryatangaje ko icyemezo cy’ubutegetsi bwa Trump cyo guhagarika imfashanyo z’amahanga “cyahagaritse […]

Abarenga 400 bapfiriye mu bitero bikomeye bya Israel muri Gaza

March 18, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Minisiteri y’ubuzima iyoborwa na Hamas yavuze ko nibura abantu 400 bamaze gupfa nyuma y’ibitero bikomeye by’indege za Israel muri Gaza mu ijoro ryo ku wa […]

Hatangijwe ihuriro ry’abarimu b’itangazamakuru mu Rwanda

March 17, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Werurwe 2025 mu karere ka Muhanga, abarimu ba kaminuza zigisha itangazamakuru mu Rwanda batangije Ihuriro ‘Rwanda Journalism Educators Network […]

Trump yavuze ko azavugana na Putin ku wa Kabiri ku ihagarikwa ry’intambara muri Ukraine

March 17, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ateganya kuvugana na mugenzi we w’Uburusiya Vladimir Putin ku wa Kabiri kugira ngo baganire […]

Weekend y’imikino: APR BBC yasoje imikino ibanza ku mwanya wa mbere

March 17, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Ikipe y’ingabo z’igihugu mu mukino w’intoki wa Basketball (APR BBC) yasoje imikino ibanza ya Shampiyona iri ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Patriots BBC […]

Posts pagination

« 1 … 138 139 140 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS