• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Niger: Igitero cy’Abajihadiste cyahitanye abantu 44.

March 22, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 21 Werurwe, Minisiteri y’ingabo ya Niger yavuze ko abarwanyi ba kisilamu bishe nibura abasivili 44 abandi 13 […]

ICK: Abanyeshuri beretswe amahirwe ari ku isoko ry’umurimo

March 21, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 21 Werurwe 2025, Abakozi muri Minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo (MIFOTRA) beretse abanyeshuri biga mu mwaka wa nyuma ndetse […]

Kamonyi: Ntakosa na rimwe riganisha ku ngengabitekerezo dushaka mu baturage bacu-VC Mayor Niyongira

March 21, 2025 Muvunankiko Valens 0

Mu gihe habura ibyumweru bibiri gusa ngo u Rwanda rwinjire mu bihe byo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, Ubuyobozi bw’akarere ka Kamonyi burasaba abaturage […]

Papa Fransisiko yatanze miliyoni y’amayero ku batagira aho baba

March 21, 2025 Philos Muhire 0

Papa Fransisiko uri mu Bitaro bya Gemelli yatanze inkunga ya miliyoni imwe y’amayero kugira ngo ifashe abatagira aho baba. Aya mafaranga azakoreshwa mu kubaka inzu […]

Amerika: Trump yasinye iteka rikuraho ishami rishinzwe uburezi

March 21, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa kane, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yateye intambwe yo gukuraho ishami ry’uburezi, ashyira umukono ku iteka rya Perezida […]

Ifunguro ryo ku ishuri ryatabaye abana n’ababyeyi

March 21, 2025 Manishimwe Janvier 0

Mu myaka yashize, imyigire y’umwana wo mu muryango utishoboye, yari igoranye. Abana benshi bagombaga kujya ku ishuri batariye, abandi bagata ishuri kubera inzara, mu gihe […]

Ni umunsi utazibagirana: Imyaka itanu irashize Abanyarwanda bamenye ‘Guma mu Rugo’

March 21, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Tariki 21 Werurwe 2020-tariki ya 21 Werurwe 2025, imyaka 5 iruzuye neza Abanyarwanda bamenye icyitwa ‘Guma mu Rugo’ bashyizwemo n’icyorezo cya Covid 19 nk’imwe mu […]

Kwibohora31: Menya ibikorwa Ingabo na Polisi bagiye gufasha abaturage mu iterambere n’imibereho

March 20, 2025 IRATUZI Bardine 0

Mu ntangiro y’iki cyumweru, Ingabo na Polisi by’u Rwanda (RDF&RNP) ku bufatanye n’izindi nzego batangije ku mugaragaro mu gihugu hose, ibikorwa byo gufasha abaturage mu […]

Trump arifuza ko Amerika yacunga ibigo bitanga ingufu muri Ukraine

March 20, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Nyuma y’ibyumweru bashyamiraniye muri White House, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, bavuze ko bagiranye ikiganiro kuri […]

Amadosiye ku iyicwa ry’uwahoze ari Perezida wa Amerika yashyizwe ahagaragara

March 19, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, ubutegetsi bwa Donald Trump uyoboye Leza zunze ubumwe za Amerika bwasohoye amadosiye ibihumbi y’inyandiko za leta zijyanye n’iyicwa […]

Posts pagination

« 1 … 137 138 139 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS